
Hari abafata Gereza nk’ahantu h’ingirakamaro bitewe n’ ubumenyi bahavomye
Ibi babivugiye mu muhango wo guha impamyabumenyi abagororwa bakuze 250 ba Gereza ya Muhanga, bari basoje amasomo yo gusoma, kwandika ndetse no kubara kuri uyu

Ibi babivugiye mu muhango wo guha impamyabumenyi abagororwa bakuze 250 ba Gereza ya Muhanga, bari basoje amasomo yo gusoma, kwandika ndetse no kubara kuri uyu

Muri gereza zitandukanye habamo Imfungwa n’Abagororwa bafite uburwayi n’abanyantege nke, bakenera inyongerafunguro ituma ubuzima bwabo bukomeza kumera neza, kubera iyo mpamvu leta yashyizeho guhunda yo guha ifunguro ry’inyongera ku babana n’ibyo bibazo mu buryo bwo gusigasira amagara yabo.

Muri gereza zitandukanye habamo Imfungwa n’Abagororwa bafite uburwayi n’abanyantege nke, bakenera inyongerafunguro ituma ubuzima bwabo bukomeza kumera neza, kubera iyo mpamvu leta yashyizeho guhunda yo

Taliki ya 08 Werurwe ni umunsingarukamwaka wahariwe umugore ku isi hose, ku rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagorwa RCS wizihirijwe kuri gereza y’abagore ya Nyamagabe witabirwa n’inzego zitandukanye aho umuyobozi mukuru wungirije wa RCS DCGP Rose Muhisoni yibukije abagore bafungiwe muri iyo gereza ko leta ibazirikana.

Ababyeyi babana n’abana babo muri gereza batarageza igihe cyo gusubizwa mu muryango, bavuga ko uburenganzira bw’umwana uri muri gereza bwubahirizwa yaba uvukiyemo ndetse n’uwazanye n’umubyeyi igihe yakoze icyaha nkuko bakomeza babisobanura.

yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Prison Abacungagereza batanu Kigali, kuwa 24 Gashyantare 2022 Uyu munsi kuwa 24 Gashyantare 2022, ku Cyicaro Gikuru cy’Urwego rw’Igihugu