
Iyi nama iri kuba mu rwego rwo gushakira hamwe ibisubizo no kwimakaza umubano hagati y’ibyo bihugu bifite inshingano mu kugorora abakoze ibyaha, bagasubira mu buzima

Buri mwaka taliki ya 16 Kamena ku isi yose hizihizwa umunsi mukuru w’umwana w’umunyafurika, aho muri RCS wizihirijwe kuri gereza y’abana ya Nyagatare ufite insanganyamatsiko igira iti”turengere umwana,twubake ejo heza.”

Komiseri Mukuru w’urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa RCS, CGP Juvenal Marizamunda mu muhango wo guha impamyabushobozi Imfungwa n’Abagororwa basoje kwiga imyuga n’ubumenyingiro, uheruka kubera muri Gereza ya Nyarugenge iherereye mu murenge wa Mageragere kuwa 26 Gicurasi 2022, yabwiye abitabiriye uwo muhango ko ubumenyi butangirwa muri za gereza ari ntaho butaniye n’ubutangirwa mu yandi mashuri ari mu Gihugu.

SP Christine Mukankwaya yatoranyijwe mubandi bagore barikumwe muri ubwo butumwa bw’amahoro muri Sudani, akazahatana n’abandi bagore baturutse mu bindi bihugu bitandukanye ku isi

Kuri uyu wa mbere taliki ya 06 Kamena 2022, itsinda riturutse mu gihugu cya Mozambique riyobowe na Brigadier General Antonio Maurice-SERNAP Umuyobozi Mukuru wa magereza mu gihugu cya Mozambique,