
Muri 12 bahawe imbabazi na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika harimo abana batanu b’Igororero rya Nyagatare
Mu nama Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’U Rwanda Paul Kagame, tariki ya 11 Ugushyingo 2022 yemeje Iteka rya Perezida ritanga imbabazi ku bantu bafunzwe 12 harimo abana 5 bagororerwaga mu Igororero rya Nyagatare.




