{"id":9359,"date":"2022-11-28T16:00:00","date_gmt":"2022-11-28T14:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=9359"},"modified":"2022-12-28T15:55:18","modified_gmt":"2022-12-28T13:55:18","slug":"abayobozi-bakuru-bamagereza-muri-zambia-basuye-urwego-rwu-rwanda-rushinzwe-igorora-mu-rwego-rwo-gusingira-ubumenyi-mu-kugorora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=9359","title":{"rendered":"Abayobozi bakuru b\u2019amagereza muri Zambia basuye Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora mu rwego rwo gusangira ubumenyi mu kugorora"},"content":{"rendered":"\n<p>Abashyitsi basobanuriwe uburyo RCS yateye imbere mu kurengera ibidukikije ikoresha biogaz na burikete mu rwego rwo kubungabunga amashyamba n\u2019ibidukikije, aho ubu mu magororero yose mu gihugu atagikoresha inkwi ari biogas kuri 55% na burikete 45%, ibi byagabanyijwe itemwa ry\u2019amashyamba kuko ayatemwaga buri mwaka ajya gucanwa muri mu magororero yari amahekitari menshi bikaba byaragiraga ingaruka mu kwangiza ibidukikije, beretswe kandi uburyo bishatsemo ibisubizo mu gihe cya COVID-19 gahunda z\u2019inkiko zigakomeza abagombaga kujya mu nkiko bakaburana batavuye aho bari hakoreshejwe ikoranabuhanga imirimo y\u2019inkiko igakomeza ndetse bikaba byarabaye igisubizo gikomeye kuko ubu buryo bushobora kuzanakomeza gukoreshwa.<\/p>\n\n\n\n<p>CGP Juvenal Marizamunda Komiseri Mukuru wa RCS, yavuze ko igihugu cya Zambia nicy\u2019u Rwanda bafitanye imikoranire myiza cyane mu rwego rwo kugorora anavuga ko bazakomeza iyo mikoranire kuko buri gihugu gifite icyo cyigira ku kindi mu rwego rwo kugorora abakoze ibyaha.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Igihugu cya Zambia dufitanye imikoranire myiza, uru ni uruzinduko rwabo rwa kabiri badusura ndetse nanjye mperutse kujya kubasura, iki gihugu hari ibyo kitwigiraho natwe hari ibyo tubigiraho mu rwego rwo kugorora, urugero urebye nko mu buhinzi iwabo bateye imbere binajyana n\u2019ubutaka bunini bagira, waza iwacu natwe tukagira Biogaz na IECMS uburyo bw\u2019ikoranabuhanga mu gucunga amadosiye y\u2019abakoze ibyaha no korohereza ababurana bidasabye kujya mu nkiko bakabubanira aho bari, nka Biogaz tugeze ku rwego rwiza aho ubu tutagikoresha inkwi, ibi ni ibintu byiza kuko biri mu rwego rwo kurengera ibidukikije ndetse no kurengera ubuzima bwa muntu kuko n\u2019imyotsi ishobora gutera uburwayi.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje avuga ko mu mikoranire myiza hari na ba Ofisiye batanu bakoreye amahugurwa abagira aba ofisiye &nbsp;ndetse n\u2019abarimu babiri bagiyeyo andi masomo atandukanye kandi ko ubwo bufatanye butazahagarara kuko imikoranire iba ikenewe ahantu hose.<\/p>\n\n\n\n<p>CG Chilukutu S.S. Fredrick Umuyobozi Mukuru w\u2019amagereza muri Zambia yavuze ko u Rwanda ari igihugu bafitanye ubushuti kandi bafite byinshi bagomba kubigiraho cyane mu ikoranabuhanga rya IECMS na Biogaz.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d u Rwanda ni igihugu cyiza kandi dukunda, nk\u2019abo duhuje ibyo dukora cyane mu kugorora abanyabyaha, dufite byinshi duhuriraho kandi twanakwigiranaho mu rwego rwo guteza imbere urwego rwo kugorora, dukeneye gusobanukirwa byinshi ku ikoreshwa rya IECMS ikoranabuhanga mugucunga amadosiye y\u2019Abantu bafunzwe, hari kandi Biogaz umushinga mwiza wo kubungabunga ibidukikije aho umwanda ubyazwa umusaruro biagatanga ingufu zikoreshwa imirimo itandukanye, nko guteka, gutanga umuriro ndetse bikanagabanya kwangiza ibidukikije hakiyongeraho n\u2019isuku, turizera ko uru ruzinduko ruzaba ingirakamaro kuritwe.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Biteganyijwe ko mu minsi bazamara bazasura &nbsp;urwibutso rwo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 I Kigali ku Gisozi, ku munsi wa mbere nyuma yo guhura n\u2019abayobozi ba RCS, basure inzu ndangamurage y\u2019amateka yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi bakazasoreza ku igororero rya Nyarugenge bavuye gusura irya Rubavu.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-1 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"526\" data-id=\"9363\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/zambia-4-1024x526.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-9363\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/zambia-4-1024x526.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/zambia-4-300x154.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/zambia-4-768x394.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/zambia-4-1536x789.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/zambia-4-2048x1052.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/zambia-4-1320x678.jpg 1320w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Abashyitsi baganirijwe ku ikoranabuhanga mu gucunga amadosiye y&#8217;Abantu bafunzwe IECMS ndetse n&#8217;ingufu za Biogaz.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-2 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"370\" data-id=\"9934\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/zambia-1-edited-scaled-2-1024x370.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-9934\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/zambia-1-edited-scaled-2-1024x370.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/zambia-1-edited-scaled-2-300x108.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/zambia-1-edited-scaled-2-768x277.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/zambia-1-edited-scaled-2-1536x554.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/zambia-1-edited-scaled-2-2048x739.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/zambia-1-edited-scaled-2-1320x476.jpg 1320w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Baganiriye ku mikorere ya Biogaz mu kurengera ibidukikije no gufata imyanda bakayibyaza ingufu.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-3 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-style-default\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"407\" data-id=\"9936\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/1A1A9682-edited-1024x576-1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-9936\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/1A1A9682-edited-1024x576-1.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/1A1A9682-edited-1024x576-1-300x119.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/1A1A9682-edited-1024x576-1-768x305.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Bageze ku Cyicaro Gikuru cya RCS bakiriwe na Komiseri mukuru w&#8217;Urwego rw&#8217;u Rwanda rushinzwe Igorora CGP Juvenal Marizamunda.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/group-1-1024x671.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-9366\" width=\"839\" height=\"549\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/group-1-1024x671.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/group-1-300x197.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/group-1-768x504.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/group-1-1536x1007.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/group-1-2048x1343.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/11\/group-1-1320x865.jpg 1320w\" sizes=\"(max-width: 839px) 100vw, 839px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Bafashe ifoto y&#8217;urwibutso nyuma yo y&#8217;ibiganiro byiza bagiranye bijyanye no kwita ku muntu ufunzwe bamutegura gusubira mu buzima busanzwe.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa mbere taliki ya 28 Ugushyingo 2022, ku cyicaro gikuru cy\u2019urwego rw\u2019 u Rwanda Rushinzwe Igorora, CGP Juvenal Marizamunda Komiseri Mukuru wa RCS, yakiriye itsinda ry\u2019abashyitsi baturutse mu gihugu cya Zambia bayobowe na CG Chilukutu S.S. Fredrick komiseri Mukuru w\u2019amagereza muri icyo gihugu aho bari mu ruzinduko rw\u2019iminsi itandatu mu Rwanda, aho bazasura amagororero atandukanye mu rwego rwo kungurana ubumenyi mu rwego rwo kugorora ndetse no gusura ibikorwa by\u2019ubukerarugendo bitandukanye.  <\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":9361,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":379,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-9359","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9359","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9359"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9359\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/9361"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9359"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9359"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9359"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}