{"id":9255,"date":"2022-11-12T16:23:00","date_gmt":"2022-11-12T14:23:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=9255"},"modified":"2022-11-14T18:27:22","modified_gmt":"2022-11-14T16:27:22","slug":"muri-12-bahawe-imbabazi-na-nyakubahwa-perezida-harimo-abana-batanu-bigororero-rya-nyagatare","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=9255","title":{"rendered":"Muri 12 bahawe imbabazi na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika harimo abana batanu b\u2019Igororero rya Nyagatare"},"content":{"rendered":"\n<p>Ubundi mu gihugu hose Igororero rya Nyagatare niryo gororerwamo ryagenewe kugororerwamo abana bataruzuza imyaka 18, baba barakoze ibyaha bitandukanye bikaba ngombwa ko inkiko zibakatira gukora ibihano by\u2019ibyaha bakoze, gusa iyo bageze mu igororero bafatwa bitandukanye n\u2019abakorera ibihano by\u2019ibyaha bakoze mu yandi magororero ari ahandi hatandukanye, umwihariko bagira nuko iyo bagezemo hari amashuri abagenewe abafasha gukomeza kwiga amasomo atandukanye bijyanye n\u2019igihano igihe kizamara, ayo mashuri akaba ari mu byiciro bitandukanye ariyo abanza n\u2019icyiciro rusange ndetse hakiyongeraho n\u2019imyuga kubazamaramo igihe gito.<\/p>\n\n\n\n<p>Abo bana bakunze no kugira amahirwe kuko iyo basoje icyiciro rusange batsinze ibizamini bya bisoza icyo cyiciro, Nyakubahwa Perezida wa abaha imbabazi bagakomeza amashuri yabo mu cyiciro gikurikira kuko amashuri bagira kuri iryo Gororero agarukira mu mwaka wa gatatu w\u2019amashuri y\u2019isumbuye aricyo cyiciro rusange (Tronc commun), bikabafasha gusoza amashuri yabo bakigana n\u2019abandi bana mu bindi bigo bitandukanye, hari kandi n\u2019andi mahirwe ku baba bazamara igihe gito bijyanye n\u2019igihano bakatiwe, abo nabo bigishwa imyuga itandukanye kugira ngo bazabashye kwibeshaho basubiye mu buzima busanzwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Muri iyo nama yatereanye kandi harekuwe by\u2019agateganyo Abantu bari bafunzwe 802 ku iteka rya Minisitiri, bari barakatiwe n\u2019inkiko ibihano bitandukanye, ariko ibi bikaba bitandukanye n\u2019imbabazi zitangwa na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika kuko bo baba bababariwe ibyaha bari bakurikiranyweho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu nama Inama y\u2019Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y\u2019U Rwanda Paul Kagame, tariki ya 11 Ugushyingo 2022 yemeje Iteka rya Perezida ritanga imbabazi ku bantu bafunzwe 12 harimo abana 5 bagororerwaga mu Igororero rya Nyagatare.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":7332,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":42,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-9255","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9255","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9255"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9255\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/7332"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9255"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9255"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9255"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}