{"id":8947,"date":"2022-10-25T14:58:00","date_gmt":"2022-10-25T12:58:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=8947"},"modified":"2022-10-28T15:16:41","modified_gmt":"2022-10-28T13:16:41","slug":"cgp-cgp-juvenal-marizamunda-ari-muri-leta-zunze-ubumwe-za-amerika-aho-yitabiriye-ihuriro-mpuzamahanga-mu-kugorora-na-za-gereza-icpa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=8947","title":{"rendered":"CGP Juvenal Marizamunda ari muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye Ihuriro Mpuzamahanga mu kugorora na za gereza (ICPA)"},"content":{"rendered":"\n<p>Mu ndimi z&#8217;amahanga ni International Corrections And Prisons Association(ICPA)mu itsinda ryaherekeje komiseri Mukuru wa RCS, harimo n\u2019abafatanyabikorwa b\u2019urwego rw\u2019u Rwanda Rushinzwe Igorora, b\u2019imiryango itegamiye kuri Leta aribo umuyobozi FOUNDATION DIDE, Mukansoro Odette, na Kayitare Frank umuyobozi w\u2019umuryango INTERPEACE kuko hari byinshi bafatanya mu rugendo rwo gutegura umuntu ufunzwe bamutegura gusubira mu buzima busanzwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Ni uhuriro mpuzamahanga ridaharanira inyungu ryashinzwe mu mwaka wa 1998, rifite intego yo guteza imbere no gusangira imikorere n\u2019imyitwarire mu kugorora mu rwego guteza imbere umutekano mu baturage no gutuma barushaho kugira ubuzima bwiza ku isi yose. Ukaba ari umuryango utegamiye kuri Leta ufite aho uhurira n\u2019umuryango w\u2019ibibumbye kuko ariwo uwugira inama kubijyanye n\u2019ubukungu (ECOSOC), ihuriro ry\u2019uyu mwaka rifite insanganyamatsiko igira iti\u201dkuba indashyikirwa kurenza uko byahoze tugorora nyuma y\u2019icyorezo cyibasiye isi yose.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Muri iri huriro biteganyijwe ko rizitabirwa n\u2019inzobere zisaga 1000 mu kugorora, ziturutse mu bihugu bitandukanye ku isi yose, aho abitabiriye iryo huriro bazaganira ndetse bagasangizanya imikorere n\u2019ingamba zitandukanye, amavugurura mu rwego rwo guhangana n\u2019icyorezo, guhanga udushya mu kugorora, gushyiraho ingamba zo kugabanya ubucucike, gushyiraho uburyo bwiza bwo kugorora, gutegura neza abarangiza ibihano bagiye gusubira mu buzima busanzwe, kwita kuri za gereza no kurengera uburenganzira bwa muntu mu bandi.<\/p>\n\n\n\n<p>ICPA ni ihuriro riba burimwaka mu gihugu kiba cyatoranyijwe kugira ngo harebwe ndetse hanishimirwe n\u2019iterambere byagezweho mu guteza imbere uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu no kugorora kinyamwuga, aho iryo huriro ryashizeho ibihembo ngarukamwaka ku gihugu cyahize ibindi mu kugorora, Igihugu cya Ositaraliya cyahawe icyo gihembo mu mwaka wa 2015 n\u2019u Rwanda (RCS) ruzakugihabwa kubera uruhare rwagize mu kurengera ibidukikije bakoresha Biogaz mu gutunganya amafunguro y\u2019abantu bafunzwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubusanzwe iri huriro ryagombaga kubera mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2022, ariko bitewe n\u2019ingaruka z\u2019icyorezo cya COVID-19, yababangamiye imyiteguro y\u2019iri huriro bituma itaba, gusa mu ijambo rya Perezida w\u2019iri huriro Peter Severin yavuze ko u Rwanda ruzakira iri huriro rusange ICPA AGM, mu mwaka wa 2025 rukazaba rubaye igihugu cya kabiri cyo muri Afurika nyuma ya Namibiya yaryakiriye mu mwaka wa 2014. Kwakira iri huriro bizaba ari amahirwe kuri RCS yo kugira umwanya wo kuganira n\u2019abafatanyabikorwa batadukanye bo mu karere ndetse n\u2019isi muri rwego rwo kugorora ndetse n\u2019iterambere ry\u2019amagororero yo mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"900\" height=\"532\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/2.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-8949\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/2.jpg 900w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/2-300x177.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/2-768x454.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 900px) 100vw, 900px\" \/><figcaption>CGP Juvenal Marizamunda komiseri Mukuru w\u2019Urwego rw\u2019u Rwanda Rushinzwe Igorora RCS, arikumwe n\u2019itsinda ryamuherekeje mu ihuriro ry\u2019Ibihugu bifite inshingano zo kugorora na za gereza.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"640\" height=\"480\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/3.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-8950\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/3.jpg 640w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/3-300x225.jpg 300w\" sizes=\"(max-width: 640px) 100vw, 640px\" \/><figcaption>CGP Marizamunda yahawe umwanya muri iryo huriro ageza kubari baryitabiriye aho u Rwanda rugeze mu ri gahunda nziza yo kugorora.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"900\" height=\"416\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/4-1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-8951\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/4-1.jpg 900w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/4-1-300x139.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/4-1-768x355.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 900px) 100vw, 900px\" \/><figcaption>Ni Ihuriro ryari ryitabiriwe n\u2019abasaga 1000 baturutse mu bihugu bitandukanye bifite aho bihurira no kugorora na za Gereza.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"900\" height=\"495\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/5.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-8952\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/5.jpg 900w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/5-300x165.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/10\/5-768x422.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 900px) 100vw, 900px\" \/><figcaption>Aba ari umwanya wo kungurana ibitekerezo ku iterambere rya za gutuma za gereza no kugorora bijyanye n\u2019icyerekezo muri rusange.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komiseri Mukuru w\u2019Urwego rw\u2019U Rwanda rushinzwe Igorora RCS, CGP Juvenal Marizamunda we n\u2019itsinda ryamuherekeje bitabiriye ihuriro mpuzamahanga muri Leta Zunze ubumwe za Amerika muri leta ya Florida, rihuza ibihugu mu kugorora na za gereza, rizamara iminsi itanu guhera kuwa 23-28 Ukwakira 2022, ni ihuriro rusange riri kuba ku nshuro yaryo ya 24 kuko riba buri mwaka mu gihugu kiba cyaratoranyijwe.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":8948,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":44,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-8947","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8947","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8947"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8947\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/8948"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8947"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8947"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8947"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}