{"id":8286,"date":"2022-09-10T11:39:00","date_gmt":"2022-09-10T09:39:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=8286"},"modified":"2022-09-10T18:33:01","modified_gmt":"2022-09-10T16:33:01","slug":"iteka-rya-minisitiri-ryemeje-ifungurwa-ryagateganyo-ku-bagororwa-1803","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=8286","title":{"rendered":"Iteka rya Minisitiri ryemeje ifungurwa ry\u2019agateganyo\u00a0ku bagororwa 1803"},"content":{"rendered":"\n<p>Iri Teka ryemerera aba bagororwa gufungurwa byagateganyo ryashyizweho Umukono na Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019Intumwa Nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, risohoka kuri uyu wa Gatanu tariki 9 Nzeri 2022, aho mu bemerewe gufungurwa &nbsp;barebwa n\u2019iri Teka, ari abahamijwe n\u2019inkiko ibyaha bitandukanye bagakatirwa, bafungiye kuri za gereza zose ziri mu Gihugu, bijyanye n\u2019igihe yakatiwe nkaho uwakatiwe igihano cy\u2019imyaka itanu (5) kumanura &nbsp;asabwa kuba yarakoze igihano kingana na kimwe cya Gatatu 1\/3, naho ukatiwe igihano kirenga ku myaka itanu kuzamura bimusaba kuba akoze nibura bibiri bya Gatatu 2\/3, yaba yarakatiwe n\u2019inkiko igihano cya burundu bikamusaba kuba amaze nibura imyaka makumyabiri akora icyo gihano.<\/p>\n\n\n\n<p>Iyi ni imibare y\u2019abagomba gufungurwa kuri buri gereza, Gereza ya Huye niyo ifite abafunguwe benshi kuko ifite abagera kuri 395, igakurikirwa na gereza ya Rubavu ifite &nbsp;291, &nbsp;Rwamagana ikagira 287, Muhanga 211, Nyarugenge hafunguwe 148, Rusizi ni 123, Gicumbi 105, Gereza ya Bugesera 75, Nyanza ni 58, Musanze 48, Ngoma 29, Nyamagabe ni 22 hakaba n\u2019abana 11 ba Gereza ya Nyagatare.<\/p>\n\n\n\n<p>Gusa nubwo iteka rya Minisitiri ribemerera kurekurwa byagateganyo ntibivuze ko biba ibijyanye n\u2019icyaha aba yarakoze kiba gikuweho burundu, kuko hari ibyo itegeko riteganya birimo nko birimo nko kwiyereka umushinjacyaha wo ku Rwego rw\u2019Ibanze rw\u2019aho aba, aho Ubushinjacyaha bukorera no kumumenyesha Umudugudu, Akagari, Umurenge n\u2019Akarere by\u2019aho aba, mu gihe kitarenze iminsi 15.<\/p>\n\n\n\n<p>Asabwa kandi kwitaba umushinjacyaha ku Rwego rw\u2019Ibanze rw\u2019aho aba, aho Ubushinjacyaha bukorera, inshuro imwe mu kwezi ku munsi wagenwe n\u2019Umushinjacyaha ku rwego rw\u2019Ibanze ndetse no gusaba Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze uruhushya igihe cyose ashatse kujya mu mahanga.<\/p>\n\n\n\n<p>Ikindi kandi Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano abisabwe n\u2019Ubushinjacyaha, ashobora kwambura umuntu ifungurwa ry\u2019agateganyo bitewe n\u2019impamvu zirimo kuba uwafunguwe akatiye kubera ikindi cyaha, mu rubanza rwabaye ndakuka, uwafunguwe by\u2019agateganyo atitwaye neza ku buryo bugaragara cyangwa kuba uwafunguwe by\u2019agateganyo atubahirije kimwe mu byategetswe muri iri teka ndetse kandi mugihe byihutirwa, Ubushinjacyaha bushobora gufata uwakatiwe wafunguwe by\u2019agateganyo, bugahita bubimenyesha Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano.<\/p>\n\n\n\n<p>Itegeko rivuga ko hari inkurikizi zo kwamburwa ifungurwa ry\u2019agateganyo ry\u2019uwakatiwe zo kuba yafungwa igice cy\u2019igihano cy\u2019igifungo yari asigaje igihe yahabwaga ifungurwa ry\u2019agateganyo.<\/p>\n\n\n\n<p>Ndetse nanone ahanishwa kurangiza icyo gihano cy\u2019igifungo bigatangira kubarwa uhereye ku munsi yamburiweho ifungurwa ry\u2019agateganyo. Icyakora, mu kubara icyo gihe cy\u2019igifungo ntihitabwa ku gihe uwakatiwe yihungishije ubwe igihano.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku rundi ruhande ariko ibyo uwafunguwe by\u2019agateganyo ashobora gusaba ko ibitegetswe bihindurwa cyangwa bivanwaho. Ibi abisaba Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano bigakorwa munyandiko.<\/p>\n\n\n\n<p>Iri fungurwa ryagateganyo muri rusange ryibanda ku bantu bagiye bagaragaza imyitwarire myiza, igihe bakora igihano bari barakatiwe n\u2019inkiko bikaba aribyo bishyingirwaho mu kubashyira ku rutonde rw\u2019abagomba kurekurwa by\u2019agateganyo bijyanye n\u2019imyitwarire yagaragaje.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Nama  y\u2019Abaminisitiri  iheruka yateranye ku wa 8 Nzeri 2022, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yemeje Iteka rya Minisitiri ryemeza ifungurwa ry\u2019agateganyo ku bagororwa 1803, Abagabo bakaba banga ni 1707 n&#8217;Abagore 96 bujuje ibisabwa n\u2019amategeko.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":7728,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":93,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-8286","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8286","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8286"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8286\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/7728"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8286"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8286"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8286"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}