{"id":7809,"date":"2022-08-23T12:21:08","date_gmt":"2022-08-23T10:21:08","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=7809"},"modified":"2022-08-23T16:11:40","modified_gmt":"2022-08-23T14:11:40","slug":"hari-byaha-bigiye-gukorerwaho-igeragezwa-mu-kugabanya-ubucucike-bugenda-bufata-indi-ntera-muri-za-gereza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=7809","title":{"rendered":"Hari ibyaha bigiye gukorwaho igeragezwa mu kugabanya ubucucike bugenda bufata indi ntera muri za gereza"},"content":{"rendered":"\n<p>Ni umushinga wa Leta y\u2019u Rwanda, uzagirwamo uruhare na kaminuza yigisha amategeko yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pepperdine Caruso School of Law, aho kuwa 11 Kanama 2022, Perezida w\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo na Scott F. Leist wari uhagarariye Kaminuza ya Pepperdine bashyize umukono kuri aya masezerano, abandi bagakurikira&nbsp; uwo muhango hifashishijwe ikoranabuhanga, ayo masezerano akaba azamara imyaka itanu nibiba ngombwa akanongerwa, aho azibanda ku kwirega no kwemera icyaha ku munyabyaha bizwi nka \u2018Plea bargaining procedure\u2019 aho umucamanza mu bushishozi bwe ashobora kugabanya igihano bitewe nuko uregwa yorohereje ubutabera.<\/p>\n\n\n\n<p>Muri iri geragezwa uwakoze icyaha biba ngombwa ko agirana amasezerano n\u2019Ubushinjacyaha, abifashijwemo n\u2019umwavoka, bakumvikana ko igihano yari guhabwa gishobora kugirwa igice cyangwa se kigakurwaho ubundi ayo masezerano akemezwa n\u2019urukiko mu rwego rwo kugabanya kohereza muri gereza umuntu wese wakoze icyaha kuko ibyo byaha biri mu bikunda gukorwa cyane ugasanga biri mu bya mbere byongera ubucucike muri za gereza.<\/p>\n\n\n\n<p>&nbsp;Umusaruro witezwe muri aya masezerano bijyanye n\u2019uburyo yateguwemo bigizwemo uruhare n\u2019inzego zose zifite aho zihurira&nbsp; n\u2019ubutabera, nuko ikintu cy\u2019ingenzi ari uko &nbsp;uwakoze icyaha agira uruhare mu kubaka umuryango Nyarwanda binyuze mu gukosora amakosa yakoze, gufasha cyangwa kumvikana n\u2019inzego zikurikirana uwakoze icyaha agahuzwa nuwo yagikoreye akamusaba imbabazi akanamwereka ko yicujije atazagisubiramo kandi twizeye ko bizatanga umusaruro kandi bikazanafasha kwihutisha ubutabera no kugabanya umubare w\u2019ibirego biri mu bugenzacyaha, ubushinjacyaha, mu nkiko ndetse n\u2019umubare w\u2019abinjira muri za gereza aho umubare w\u2019abinjira ukomeza kwiyongera umunsi ku munsi.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu mushinga nutangira &nbsp;uzafasha mu kubaka uburyo butuma icyemezo cyo gufunga kiba amahitamo ya nyuma ku muntu uzaba wakoze icyaha runaka kandi binafashe impande zombi haba kuwakorewe icyaha n\u2019uwagikoze, akaba ari n\u2019uburyo bwiza bwo kunga Abanyarwanda bikaba biteganyijwe ko uzatangira kugeragerezwa mu Nkiko zisumbuye za Gasabo, Nyarugenge, Muhanga, Gicumbi na Musanze.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu gutangira hazatangwa amahugurwa ku bagenzacyaha, abashinjacyaha, abavoka n\u2019abakozi ba za gereza mu gusobanurirwa neza imikorere y\u2019uyu mushinga n\u2019umusaruro witezwemo.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"977\" height=\"351\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/hy-1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7812\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/hy-1.jpg 977w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/hy-1-300x108.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/hy-1-768x276.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 977px) 100vw, 977px\" \/><figcaption>Uyu muhango witabiriwe n&#8217;inzego zitandukanye mu rwego rwo gushakira umuti ubucucike buri muri za gereza.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"928\" height=\"586\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/in_prison_1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6415\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/in_prison_1.jpg 928w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/in_prison_1-300x189.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/in_prison_1-768x485.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 928px) 100vw, 928px\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yo kubona hari ibyaha biri imbere mu gutuma habaho ubucukice muri za gereza, aribyo ubujura, gukubita no gukomeretsa Urwego rw\u2019ubutabera rugiye gukora igerageza kuri ibyo byaha mu rwego rwo guhangana n\u2019ubucucike bukomeje kwiyongera umunsi ku wundi.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":7810,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":16,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-7809","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7809","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7809"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7809\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/7810"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7809"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7809"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7809"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}