{"id":7603,"date":"2022-08-03T15:00:24","date_gmt":"2022-08-03T15:00:24","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=7603"},"modified":"2022-08-03T15:08:03","modified_gmt":"2022-08-03T15:08:03","slug":"muri-gereza-yabagore-ya-ngoma-abagore-baravuga-ko-kwiga-umwuga-nubukorikori-bibafasha-kutihugiraho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=7603","title":{"rendered":"Muri gereza y\u2019abagore ya Ngoma abagore baravuga ko kwiga umwuga n\u2019ubukorikori bibafasha kutihugiraho"},"content":{"rendered":"\n<p>Abagore bagororerwa muri gereza ya Ngoma baravuga ko umwuga bahigira, uretse kuba ubafitiye akamaro nyuma yo gusoza ibihano bahawe ubafasha no kutihugiraho bigatuma batamenya uko igihe bakatiwe kirangiye, bikazanabafasha kuziteza imbere na nyuma yo gusoza ibihano basubiye mu buzima busanzwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Mukansanga Velentine aravuga ko ari amahirwe akomeye yagize mu buzima kuko atiyumvishaga ko yafungwa akagira andi mahirwe abona ari muri gereza.<\/p>\n\n\n\n<p>Aragira ati \u201d siniyumvishaga ko hari ikindi kintu kizima nahurira nacyo muri gereza, nagezemo nsanga bigisha imyuga itandukanye yafasha uyize neza kuzigirira akamaro nyuma yo gusoza ibihano, nahise ntangira niga kubaka mbisoje nkurikizaho no kudoda, byaranshimishije cyane kuko na nyuma yo kuva hano bizamfasha kwiteza imbere nkanateza imbere umuryango wanjye.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Mukarwego Verediana nawe aravuga ko yashimishijwe no kwiga umwuga ari muri gereza kandi ko bizanamufasha kutazongera gusubira kugwa mucyaha nyuma yo gusoza ibihano.<\/p>\n\n\n\n<p>Aragira ati \u201d nkegera muri gereza nabonaga ubuzima burangiye, ariko nkimara kugeramo nasanze bagenzi banjye bantanzemo biga imyuga itandukanye, nize kuboha ibiseke, niga kudoda ndetse no gufuma ibintu bitandukanye nka za napelo ndetse ubu nanjye nigisha abandi ibijyanye n\u2019ubwo bukorikori kandi nizeye ko ibyo nigiye hano bizamfasha kwiteza imbere ninsoza ibihano.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Mukantagara Angelique umugore umaze igihe kingana n\u2019imyaka itandatu agororerwa muri gereza ya Ngoma aravuga ko muri gereza iyo witwaye neza uhakura ubumenyi.<\/p>\n\n\n\n<p>Aragira ati \u201d mubyukuri turashima Leta y\u2019u Rwanda idahwema kwita ku baturarwanda bayo, uburyo tugororwa ubona ko twitaweho pe! Twiga kubaka, kudoda, kuboha ibiseke ndetse hakiyongeraho no kwiga gusoma no kwandika ku bantu baje batabizi, ni ibyagaciro gakomeye, kuko iyo myuga twiga idufasha kwiteza imbere kuko nkiyo tumaze kumenya umwuga ibyo twakoze batugeneraho makumyabiri ku ijana ukayakoresha ibyo ushaka ndetse bamwe bashobora no gutunga imiryango yabo bari muri gereza, icyiza kandi &nbsp;nuko uwize umwuga nasoza ibihano atasubira gukora icyaha bitewe nuko aba afite ibyo gukora kuko benshi bishora mubyaha kubera kubura icyo gukora.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Gahunda leta ifite ni ukugorora bitandukanye nuko mbere byari bimeze, aho umuntu yafungwaga aho kugororoka akaza yarabaye ruharwa kubera ko ntagaciro bakundaga guha abakoze ibyaha ari nabyo byatumaga habaho insubiracyaha ugasanga usoje igihano mu gihe gito aragrutse, bitandukanye n\u2019ubu aho uwakoze icyaha yigishwa imyuga itandukanye bamutegura gusubira mu muryango yarahindutse.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1000\" height=\"667\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/imisatsi.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7607\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/imisatsi.jpg 1000w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/imisatsi-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/imisatsi-768x512.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 1000px) 100vw, 1000px\" \/><figcaption>Abagore kuri za gereza zitandukanye biga imyuga itandukanye bijyanye nibyifuzo byabo.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"498\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/kkkk-1024x498.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7610\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/kkkk-1024x498.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/kkkk-300x146.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/kkkk-768x373.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/kkkk-1536x746.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/kkkk-2048x995.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Bavuga ko ibyo bakora iyo bigurishijwe abahbwaho 20% bakayakoresha ibyo bashaka.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/DSC_0111-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7613\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/DSC_0111-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/DSC_0111-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/DSC_0111-768x513.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/DSC_0111-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/08\/DSC_0111-2048x1367.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption> Izi ni za napelo zidodwa n&#8217;abagore bari muri gereza zikundwa cyane n&#8217;abantu bo hanze.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyo ugeze kuri za gereza zitandukanye zigororerwamo abakoze ibyaha, uhasanga bamwe mubahagororerwa biga imyuga itandukanye ijyanye nibyifuzo by\u2019umuntu na gahunda ye, mu byo yumva yakwiga kuko buriwese yihitiramo umwuga yumva uzamufasha nyuma yo gusoza ibihano aba yarakatiwe n\u2019inkiko ukazamufasha kwiteza imbere ndetse n\u2019umuryango we.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":7604,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":39,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-7603","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7603","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7603"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7603\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/7604"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7603"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7603"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7603"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}