{"id":7382,"date":"2022-07-20T15:31:00","date_gmt":"2022-07-20T15:31:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=7382"},"modified":"2022-07-21T07:50:55","modified_gmt":"2022-07-21T07:50:55","slug":"rcs-yemeje-imfashanyigisho-izajya-yifashishwa-mu-kugorora-bategura-abakoze-ibyaha-gusubira-mumuryango-barahindutse","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=7382","title":{"rendered":"RCS yemeje imfashanyigisho izajya yifashishwa mu kugorora bategura abakoze ibyaha gusubira mumuryango barahindutse"},"content":{"rendered":"\n<p>Ni imfashanyigisho yateguwe ku bufatanye n\u2019abafatanyabikorwa Interpeace (Umuryango mpuzamahanga uharanira amahoro arambye) ndetse n\u2019ikigo cyigisha kikanateza imbere amategeko (ILPD), aho biteganyijwe ko izashyirwa kuri za Gereza zose muburyo bwo gutegura abakoze ibyaha gutegurwa gusubira mu buzima busanzwe barahindutse banafite byinshi bamarira imiryango yabo bakagira n\u2019uruhare mu iterambere ry\u2019Igihugu muri rusange, aho kuba umutwaro.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu kiganiro cyahuje bamwe mu bayobozi b\u2019ibigo bitegamiye kuri Leta ndetse n\u2019abandi bari mu miryaryango \u00a0ifasha abakoze ibyaha bakisanga muri gereza, kwakira ubuzima bushya baba bisanzemo, bagarutse kukamaro ko kwita ku muntu ufunze bamutegura gusubira mu muryango<\/p>\n\n\n\n<p>Mukansoro Odette, Umuyobozi w\u2019Umuryango DIDE (Dignit\u00e9 en D\u00e9tention Rwanda) umuryango wita ku bantu bakoze ibyaha bagafungwa, yavuze ko kubanza kwigisha uwakoze icyaha niyo nzira nziza yo kumutegura mu mutwe kuko iyo udatekanye mu mutwe ibindi byose biba ari ubusa.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d tubanza gutegura mu mutwe uwakoze icyaha, tumuganiriza kugirango abanze yakire ubuzima bushya atari amenyereye kuko benshi iyo bisanze muri gereza usanga babanza gusa naho bahungabanyeho kubera kuhatinya, niyo mpamvu intambwe yambere ari ukubanza kumutegura mumutwe ibindi bikaza nyuma kandi ubona ko byagiye bigira akamaro, cyane nk&#8217;iyo umubyeyi asize abana kwakira icyo kintu biragora ariko mukumuganiriza agera aho akabyakira ubuzima bugakomeza.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Dr Michael Rwibasira umushakashatsi mu kigo ILPD cyigisha kikanateza imbere amategeko, akaba yaranagize uruhare mu itegurwa ry&#8217;iyi mfashanyanyigisho, bavuze ko kwigisha abakoze ibyaha ariyo nzira nziza yo gutegura uri muri gereza kuzasubira mu muryango yaragororotse.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Dutegura iyi mfashanyigisho twaganiriye n\u2019abakozi b\u2019Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Imfungwa n\u2019abagororwa babana nabo umunsi ku munsi, batubwira mubyukuri ibyo umugorororwa usigaje igihe gito kugira ngo asoze ibihano yakwigishwa bamutegura gusubira mu muryango, aho bisaba kumutegura kugirango azabe afite icyo azimarira we n\u2019umuryango we anagire uruhare mu iterambere ry\u2019Igihugu cye bijyanye n\u2019ubumenyi yahawe mbere yo gusoza igihano asubira mu muryango.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Bishop John Rucyahana, umuyobozi w\u2019umuryango Prison Fellowship, yavuze ko kwita ku muntu wakoze icyaha agafungwa, ntahabwe akato ni uburyo bwiza bwo gufasha umunyacyaha kwisuzuma ntazabyongere.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Nta muntu utakora icyaha, kuba yagikoze bikaba ngombwa ko ajyanwa muri gereza agomba kwakirwa nk\u2019abandi bantu bose ahubwo hakabaho urugendo rwo kumwitaho ategurwa gusubira mu buzima busanzwe, urugero ni nko ku bantu bakoze Jenoside bigishijwe ububi bw\u2019icyaha bakoze bagafata iyambere bagasaba imbabazi abo biciye kubera inyigisho bahawe zibohora imitima ndetse bakemera no kuvugisha ukuri bitewe nuko babonye ko nubwo bafunze batari ibicibwa muri sosiyete ibi bigaragaza ko iyo uri muri gereza yigishijwe neza agororoka akaba Umunyarwanda muzima.<\/p>\n\n\n\n<p>ACP Alex Kimenyi Bahizi yavuze ko bagitangira gahunda yo kugorora bigishaga gusoma no kwandika gusa, nyuma baza gusanga bidahagije hakenewe ubundi buryo bwo kwita kuwakoze ibyaha hakwiye kongerwamo n\u2019ibindi nk\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Dutangira twigishaga gusoma no kwandika, gusa nyuma tuza gusanga bidahagije dutangira kwigisha abana ba gereza ya Nyagatare bagakora n\u2019ibizamini bya Leta, twaje gusanga hanakenewe ubundi buryo bwo gufasha abakoze ibyaha bategurwa kwiga gusubira mu muryango hagongerwamo kwiga imyuga itandukanye kandi ubona ko ari uburyo bwiza bwo kugorora, kuko iyo asoje igihano abona ibyo akora ndetse akanateza imbere umuryango binamufashe kutongera gusubira gukora icyaha.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi wa Interpeace Kayitare Frank yavuze ko kugirango hategurwe iyi mfashanyigisho babonye ko n\u2019abari muri gereza bakeneye kwitabwaho bagahabwa ubumenyi buzabafasha basubiye mu muryango nkuko intego yabo ari uguharanira amahoro arambye.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mubyukuri n\u2019abafunze baba bakeneye inyigisho nyinshi zibafasha mu gutegurwa gusubira mu miryango basoje ibihano, nkuko intego yacu ari ukubungabunga amahoro arambye twarebye no ku bantu bari muri gereza basigaje igihe gito ngo basubire mu muryango, aho bagomba guhabwa inyigisho zizabafasha kwisanga muri sosiyete aho kuba umutwaro kubo basanze, twafatanyije na RCS mugutegura iyi mfashanyigisho nk\u2019abantu babana nabo umunsi kumunsi kugirango bizadufashe muri guhuza ibitekerezo bijyanye n\u2019uburyo bwiza bwo gufasha ugiye gusoza ibihano gutegurwa neza.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>CGP Juvenal Marizamunda Komiseri Mukuru w\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa RCS, yavuze ko n\u2019ubundi kugorora byari bisanzwe bikorwa ariko ubu bizafasha kuko imfashanyigisho izaba ihari.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mubyukuri kugorora byari bisanzwe bikorwa, gusa ibi bigiye kudufasha kuko ibyo tuzaba twigisha bizaba bifite aho biva, kandi iyi mfashanyigisho yateguwe neza kuburyo ibyiciro byose bifite uko bizagenda byigishwa bijyanye n\u2019icyaha uri muri gereza azaba yarakoze, urugero nk&#8217;abazize ibiyobyabwenge abafashe kungufu abo bose bazigishwa mu buryo butandukanye bategurwe bazasubizwe mu miryango baragororotse.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje avuga ko iyi mfashanyigisho igiye gutangira gukoreshwa mu gihe gito abafunze \u00a0bagatangira kubona ayo masomo, anasaba abafite ababo muri gereza kujya babasura avuga ko iyo umuntu afunze aba atarabaye igicibwa mu muryango ku igihe kiba kizagera agataha.<\/p>\n\n\n\n<p>\u00a0Mu biteganyijwe kwigishwa abakoze ibyaha bakisanga bagomba gusoreza ibihano byabo muri gereza, harimo ubureremboneragihugu, imyuga n\u2019ubumenyingiro kwiga gusoma no kwandika bategurwa neza kugirango bazasubire mu miryango yabo baragororotse ari abaturage beza babereye u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"861\" height=\"638\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/marriot-2-4.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7385\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/marriot-2-4.jpg 861w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/marriot-2-4-300x222.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/marriot-2-4-768x569.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 861px) 100vw, 861px\" \/><figcaption>Abatabiriye uyu muhango bagize umwanya mwiza wo kungurana ibitekerezo kucyo iyo mfashanyigisho izakemura.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/CG-YVES-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7391\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/CG-YVES-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/CG-YVES-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/CG-YVES-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/CG-YVES-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/CG-YVES.jpg 1620w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>CGP Juvenal Marizamunda komiseri Mukuru wa RCS, ari kumwe na Dr Yves Sezirahiga ,Umuyobozi Mukuru Wungirije wa ILDP\u00a0bari muri uwo muhango.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/ambassador-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7395\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/ambassador-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/ambassador-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/ambassador-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/ambassador-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/ambassador.jpg 1620w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Ambasaderi w&#8217;igihugu cya Isiraheli Dr Ron Adam ari kumwe n&#8217;umuyobozi wa Interpeace.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"683\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/Bishop-683x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7411\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/Bishop-683x1024.jpg 683w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/Bishop-300x450.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/Bishop-200x300.jpg 200w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/Bishop.jpg 720w\" sizes=\"(max-width: 683px) 100vw, 683px\" \/><figcaption>Bishop John  Rucyahana umuyobozi w&#8217;umuryango Prison Fellowship yavuze ko uwakoze icyaha atakabaye ahinduka igicyibwa mu muryango.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"683\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/dide-683x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7405\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/dide-683x1024.jpg 683w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/dide-300x450.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/dide-200x300.jpg 200w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/dide.jpg 720w\" sizes=\"(max-width: 683px) 100vw, 683px\" \/><figcaption>Mukansoro Odette umuyobozi w&#8217;umuryango Foundation DIDE nawe ari mu bitabiriye uyu muhango.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"819\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/EU-1024x819.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7408\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/EU-1024x819.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/EU-300x240.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/EU-768x614.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/EU.jpg 1350w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Thibaut Moyer niwe wari uhagarariye umuryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;Iburayi<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/rwibasira-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7396\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/rwibasira-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/rwibasira-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/rwibasira-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/rwibasira-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/rwibasira.jpg 1620w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Dr Rwibasira Micheal ari mu bagize uruhare mu gutegura iyi mfashanyigisho.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/kimenyi-1-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7401\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/kimenyi-1-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/kimenyi-1-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/kimenyi-1-768x513.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/kimenyi-1-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/kimenyi-1-2048x1367.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>ACP Alex Kimenyi Bahizi umuyobozi ushinzwe Diviziyo yo kugorora muri RCS, avuga ku mumaro w&#8217;iyi mfashanyigisho.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/alex-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7400\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/alex-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/alex-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/alex-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/alex-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/alex.jpg 1620w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>SP Alex Mugisha niwe wari umusangiza w&#8217;amagambo muri uyu muhango.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"969\" height=\"579\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/marriot-ok-2.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7399\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/marriot-ok-2.jpg 969w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/marriot-ok-2-300x179.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/marriot-ok-2-768x459.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 969px) 100vw, 969px\" \/><figcaption>Abitabiriye uyu muhango wo kumurika imfashanyigisho bafashe ifoto y&#8217;urwibutso.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uyumunsi taliki ya 20 Nyakanga 2022, kuri Marriott Hotel habereye umuhango wo kumurika imfashanyigisho (Curriculum) izifashishwa mu kugorora abahamwe n\u2019icyaha bikaba ngombwa ko bakora igihano bari muri gereza, bategurwa gusubira mu muryango baragororotse batakiri umutwaro kuri leta.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":7378,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":28,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-7382","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7382","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7382"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7382\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/7378"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7382"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7382"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7382"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}