{"id":7086,"date":"2022-06-29T09:12:40","date_gmt":"2022-06-29T09:12:40","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=7086"},"modified":"2022-09-08T16:37:38","modified_gmt":"2022-09-08T14:37:38","slug":"inteko-rusange-yabadepite-yatoye-amategeko-mashya-arebana-na-rcs","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=7086","title":{"rendered":"Inteko rusange y\u2019abadepite yatoye amategeko mashya arebana na RCS"},"content":{"rendered":"\n<p>Urwego rw&#8217;Igihugu Rushinzwe Imfungwa n&#8217;Abagororwa RCS, rugiye guhindurirwa izina mu mushinga w&#8217;itegeko rishya watowe n&#8217;inteko rusange y&#8217;Abadepite rigamije guha uru rwego inshingano zo kunoza uburyo  bwo kugorora bijyanye n&#8217;igihe, rugiye guhindurirwa izina aho ruzitwa urwego rw&#8217;U Rwanda Rushinzwe Igorora gusa iri zina ntirizahinduka mu rurimi rw&#8217;icyongereza kuko bijyanye n&#8217;inyito nshya rugiye guhabwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Itegeko ryatowe kuwa 27 kamena 2022, Rigenga serivisi z\u2019igorora rikaba rigamije kunoza uburyo umuntu ufunzwe wahamijwe icyaha agahabwa igihano cy\u2019igifungo yajya yigishwa, agahabwa ubumenyi butandukanye buzamufasha kwibeshaho asoje igihano asubiye mu muryango, agakoresha ibyo yigiye mu Igororero igihe yari afunze bikamufasha kwibeshaho, kuko binamufasha kwirinda insubiracyaha bitewe n\u2019uko abantu bava mu Igororero, iyo ntacyo bize, abenshi babura icyo bakora bakongera kwishora mu byaha.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuwa 28 kamaena 2022, hatowe irindi tegeko rigenga Urwego rw\u2019u Rwanda Rushinzwe Igorora, rikaba rigira RCS urwego rwihariye hashingiwe ku ngingo ya 139 y\u2019Itegeko Nshinga. Rigenga kandi icyiciro cyarwo mu nzego za leta, intego, inshingano, ububasha, imitunganyirize n\u2019imikorere bya RCS.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubusanzwe RCS (Rwanda Correctional service) itarahindutse mu rurimi rw\u2019icyongereza, yari Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa, ariko bitewe n\u2019uko hari byinshi Leta yifuza ko byahinduka ku muntu wakoze icyaha, aho kumuhana gusa ahubwo akwiye kugororwa ahabwa ubumenyi butandukanye dore ko byanatangiye, ndetse icyitwaga Gereza kigahinduka Igororero.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubu mu Magororero amwe hubatswe amashuri y\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro, atanga impamyabushobozi zemewe ku rwego rw\u2019Igihugu akaba afasha abafunze kugira ubumenyi buzabafasha kwiteza imbere basubiye mu muryango yabo, bitandukanye na mbere aho uwabaga yakoze icyaha yafungwaga ahubwo akaba yazasoza ibihano yarize gukora ibindi byaha nyuma y\u2019igihe gito akaba agarutse mu Igororero; niyo mpamvu uru rwego rwahinduriwe izina bijyanye n\u2019inshingano nshya rufite muri iki gihe.<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma yo gutorwa n\u2019inteko rusange y\u2019abadepite hakaba hazakurikiraho gahunda zirebana no gushyikiriza aya mategeko izindi nzego bireba agasinywa akazatangazwa mu igazeti ya Repubulika y\u2019u Rwanda nkuko bisanzwe bigenda ku yandi mategeko mashya aba yatowe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/dep-ok.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7096\" width=\"780\" height=\"520\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/dep-ok.jpg 780w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/dep-ok-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/dep-ok-768x512.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 780px) 100vw, 780px\" \/><figcaption>        Hatorwa itegeko rishyiraho Urwego rw&#8217;u Rwanda Rushinzwe Igorora<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"823\" height=\"496\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/dep-2-ok.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7097\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/dep-2-ok.jpg 823w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/dep-2-ok-300x181.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/dep-2-ok-768x463.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 823px) 100vw, 823px\" \/><figcaption>  Komiseri Mukuru wa RCS na Minisitiri w&#8217;Umutekano mu Gihugu bari mu cyumba cy&#8217;inteko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"827\" height=\"461\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/okkkkk-2.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-7098\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/okkkkk-2.jpg 827w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/okkkkk-2-300x167.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/okkkkk-2-768x428.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 827px) 100vw, 827px\" \/><figcaption> Mu cyumba cy&#8217;inteko Abadepite batoye amategeko mashya agenga RCS.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inteko rusange y\u2019Umutwe w\u2019Abadepite, kuwa 27-28 Kamena 2022, yatoye amategeko mashya arebana n\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa (RCS) yahindutse Urwego rw\u2019u Rwanda Rushinzwe Igorora mu itegeko rishya, hagamijwe guha uru rwego inshingano zo kunoza uburyo bushya bwo kugorora.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":7090,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":86,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-7086","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7086","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7086"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7086\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/7090"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7086"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7086"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7086"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}