{"id":6813,"date":"2022-06-15T14:28:11","date_gmt":"2022-06-15T14:28:11","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=6813"},"modified":"2022-06-15T14:30:12","modified_gmt":"2022-06-15T14:30:12","slug":"ubumenyi-bwigirwa-muri-gereza-ni-nkubwigirwa-ahandi-hose-cgp-juvenal-marizamunda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=6813","title":{"rendered":"\u201cUbumenyi bwigirwa muri gereza ni nk\u2019ubwigirwa ahandi hose\u201d CGP Juvenal MARIZAMUNDA\u201d"},"content":{"rendered":"\n<p>Ni umuhango witabiriwe n\u2019inzego zitandukanye aho Umushyitsi Mukuru yari Minisitiri w\u2019umutekano mu Gihugu Emmanuel Gasana na Irere Claudette umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019uburezi ushinzwe itumanaho, imyuga n\u2019ubumenyingiro, bijyanye n\u2019igikorwa cyo gutanga impamyabushobozi ku mfungwa n\u2019abagororwa basoje amasomo mu myuga itandukanye bigiye muri gereza, izo mpamyabushobozi zikaba zemewe na WDA ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe imyuga n\u2019ubumenyingiro kuko nubwo ziba zaratangiwe &nbsp;muri gereza ntaho bijya byandikwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Komiseri Mukuru wa RCS, CGP Juvenal Marizamunda mu ijambo rye muri uwo muhango yavuze abantu bakwiye kugirira icyizere abakuye ubumenyi muri gereza kuko bigishwa nkuko n\u2019ahandi biga.<\/p>\n\n\n\n<p>Yavuze ati \u201d turasaba ba rwiyemezamirimo kuzagirira icyizere abigiye umwuga muri gereza, kuko ubumenyi bwigirwa muri gereza ari nkubwo n\u2019ahandi batanga ndetse twe aba ari n\u2019akarusho kuko dufite ibikoresho bihagije kuburyo umunyeshuri wese usoje amasomo ajyanye n\u2019umwuga n\u2019ubumenyingiro ari muri gereza iyo ageze hanze usanga atanga umusaruro mwiza bijyanye nibyo yize, kuko abarimu babigisha bababa hafi cyane bigatuma bakurikirana amasomo uko bikwiriye kuko ntanikintu kibarangaza cyatuma badakurikirana amasomo neza.<\/p>\n\n\n\n<p>Gahunda yo kwigisha imyuga n\u2019ubumenyingiro muri gereza si nshya kuko imaze igihe ikorwa muri za gereza zitandukanye ndetse akaba atari n\u2019ubwa mbere impamyabushobozi zitanzwe, ahubwo ari ubwa mbere zitanzwe ku mubare munini w\u2019imfungwa n\u2019abagororwa basoje kwiga imyuga n\u2019ubumenyingiro bari muri gereza kuko mbere wasangaga ari umubare muto wahawe izo mpamyabumenyi bitewe n\u2019ibikoresho byari bike ndetse n\u2019inyubako nkeya muri rusange, ariko kugeza ubu ibyo bibazo bikaba byarakemutse nta mbogamizi ituma abiga batiga neza.<\/p>\n\n\n\n<p>Kugeza ubu mu myuga itandukanye yigirwa muri gereza harimo Ubwubatsi, ububaji, ubudozi, Gusudira, gukora amazi, gutunganya imisatsi no gukora ibikoresho bitandukanye mu mpu.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0034-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6815\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0034-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0034-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0034-768x513.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0034-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0034-2048x1367.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Ibi ni bimwe mu bikoresho byo mu mpu bikorwa n&#8217;imfungwa n&#8217;abagororwa<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0015-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6816\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0015-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0015-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0015-768x513.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0015-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0015-2048x1367.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Iki ni icyumba abiga kudoda bigiramo muri gereza ya Nyarugenge<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0008-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6817\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0008-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0008-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0008-768x513.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0008-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/06\/DSC_0008-2048x1367.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Inyubako zigishirizwamo imyuga n&#8217;ubumenyingiro kuri gereza zitandukanye zarubatswe<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komiseri Mukuru w\u2019urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa RCS, CGP Juvenal Marizamunda mu muhango wo guha impamyabushobozi Imfungwa n\u2019Abagororwa basoje kwiga imyuga n\u2019ubumenyingiro, uheruka kubera muri Gereza ya Nyarugenge iherereye mu murenge wa Mageragere kuwa 26 Gicurasi 2022, yabwiye abitabiriye uwo muhango ko ubumenyi butangirwa muri za gereza ari ntaho butaniye n\u2019ubutangirwa mu yandi mashuri ari mu Gihugu.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":6814,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":10,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-6813","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6813","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6813"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6813\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/6814"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6813"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6813"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6813"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}