{"id":6782,"date":"2022-06-10T12:05:49","date_gmt":"2022-06-10T12:05:49","guid":{"rendered":"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/?p=6782"},"modified":"2022-06-15T14:58:47","modified_gmt":"2022-06-15T14:58:47","slug":"unisfa-yatoranyije-sp-christine-mukankwaya-mu-bagore-bazahatanira-ibihembo-bagaragaje-udushya-nubwitange-mu-butumwa-bwamahoro-ku-isi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=6782","title":{"rendered":"UNISFA yatoranyije SP Christine Mukankwaya mu  bagore bazahatanira ibihembo bagaragaje udushya n\u2019ubwitange mu butumwa  bw\u2019amahoro ku isi."},"content":{"rendered":"\n<p>Mukankwaya ni umucungagerezakazi woherejwe n\u2019u Rwanda mu butumwa bw\u2019amahoro mu gihugu cya Sudani mu butwamwa bw\u2019amahoro mu gace ka Abyei, mu butumwa bw\u2019umuryango w\u2019abibumbye buzwi nka (<strong>UNISFA) <\/strong>UNPOL mu rwego rwo kubungabunga amahoro, biturutse ku ntambara yabaye muri icyo gihugu, aho ibihugu bitandukanye byoherezayo abashinzwe gutanga ubutabazi no kugarura amahoro.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p>Iki gihembo gitangwa bijyanye n\u2019umusanzu udasanzwe abari muri ubwo butumwa bagiye bagaragaza, mu kazi ka buri munsi mu bandi bakozi boherejwe n\u2019ibihugu bitandukanye mu bikorwa byo kugarura amahoro by&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye ku isi, kigatangirwa ku cyicaro gikuru cy\u2019umuryango w\u2019abibumbye I Newyork muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, aho gitangwa buri mwaka bikaba biteganyijwe ko mumpera z\u2019uku kwezi kwa Kamena aribwo kizatangwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Kugirango ahabwe iki gihembo kandi bijyana n\u2019umuhate wagaragaje mu gutezimbere Imfungwa ziri muri gereza aho uyu mugore yitaga bafungiye ahantu &nbsp;hatatu muri Abyei, yibanda cyane kukuvura abana bato n\u2019abagore bari muri gereza, hubahirijwe amategeko arengera ikiremwamuntu ndetse n\u2019uburenganzira bwa muntu, aho yafatanya n\u2019abandi mukuzuza &nbsp;inshingano ze mu kazi, akorana n\u2019inkiko zibanze,ndetse n\u2019abanyamuryango ba komite zishinzwe kurengera abaturage(Community Protection Committee)hubahiriza &nbsp;uburenganzira bw\u2019imfungwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Muri ubwo butumwa kandi Mukankwya arakomeza asaba ababurimo bose gukora ubukangurambaga&nbsp; n\u2019ubuvugizi ku bikorwa bya UNPOL mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse &nbsp;n&#8217;ibindi bifitanye isano naryo anasaba ko hakorwa ubukangurambaga n\u2019ubuvugizi mu nzego z&#8217;ibanze muri ibyo bihugu.<\/p>\n\n\n\n<p>Mukankwaya asanzwe ari umukozi ushinzwe kugorora muri UNPOL muri Serivisizi itanga ubugororangingo akaba n\u2019impuguke ikorera mu muryango w\u2019abibumbye ushinzwe umutekano by\u2019agateganyo muri Abyei (UNISFA) akaba umuyobozi w\u2019itsinda ry\u2019indashyikirwa kandi atanga ubumenyi bukomeye muri komite ishinzwe kurengera abaturage (CPC) ndetse no gucunga za gereza, bigafasha guteza imbere iyubahirizwa ry\u2019uburenganzira bwa muntu muri gereza afatanyije n\u2019banyamategeko ndetse n\u2019ubucamanza.mu gihe cy\u2019icyorezo cya COVID-19, yagerageje kurwanya ikwirakwira ry\u2019ubwandu muri gereza&nbsp; ndetse no mu baturage kugeza icyorezo kigabanutse kurwego cyari kiriho.<\/p>\n\n\n\n<p>UNISFA ni rimwe mashami cumi na bibiri (12) y\u2019umuryango w\u2019abibumbye ari mu bikorwa byo kugarura amahoro byashyizweho n\u2019akanama k\u2019umuryango w\u2019abibumbye gashinzwe umutekano ku isi muri Kamena 2011, gafite ishingano zo kurinda abaturage, gutanga ubutabazi, no kugenzura umupaka uhuza amajyaruguru n\u2019amajyepfo.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuva u Rwanda rwatangira kohereza abacungagereza mu butumwa bw\u2019amahoro rumaze kohereza abarenga ku ijana na mirongo ine (140) aho kugeza ubu rufite mu abacungagereza cumi na babiri mu bihugu bitandukanye aribya centrafrica(8), sudani yepfo(3) ndetse na Sudani (1).<\/p>\n\n\n\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/fileadmin\/user_upload\/unsfa\/unsfa_2.JPG\" width=\"1800\" height=\"1200\">&nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp;Mu butumwa bw&#8217;umuryango w&#8217;abibumbye bajyamo batanga umusanzu mu bikorwa bitandukanye.<\/p>\n\n\n\n<p><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/fileadmin\/user_upload\/unsfa\/unsfa_3.JPG\" width=\"1800\" height=\"1200\">&nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; Bafasha abenegihugu mu bikorwa bibateza imbere&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/fileadmin\/user_upload\/unsfa\/unsfa_4.JPG\" width=\"1800\" height=\"1200\">&nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; bafatanya n&#8217;abaturage mu guteza imbere igihugu mu buryo butandukanye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>SP Christine Mukankwaya yatoranyijwe mubandi bagore barikumwe muri ubwo butumwa bw\u2019amahoro muri Sudani, akazahatana n\u2019abandi bagore baturutse mu bindi bihugu bitandukanye ku isi<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":6783,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":7,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-6782","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6782","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6782"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6782\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/6783"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6782"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6782"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6782"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}