{"id":6662,"date":"2022-05-30T13:52:22","date_gmt":"2022-05-30T13:52:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/?p=6662"},"modified":"2022-05-30T17:02:37","modified_gmt":"2022-05-30T17:02:37","slug":"kurwego-rwigihugu-bwa-mbere-imfungwa-nabagororwa-basaga-600-bahawe-impamyabushobozi-mu-myuga-bigiye-muri-za-gereza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=6662","title":{"rendered":"Kurwego rw\u2019Igihugu bwa mbere Imfungwa n\u2019Abagororwa basaga 600 bahawe impamyabushobozi mu myuga bigiye muri za Gereza"},"content":{"rendered":"\n<p>Kuri uyu wa 26 Gicurasi 2022, kuri gereza ya Nyarugenge izwi nka Mageragere habereye ibirori byo kurwego rw\u2019Igihugu, aho abagororwa basaga 600 bahawe impamyabushobozi mu myuga itandukanye bigiye muri gereza.<\/p>\n\n\n\n<p>Muri iki gikorwa cyagezweho na Leta y\u2019u Rwanda ku bufatanye na Ambasade y\u2019Ubwami bw\u2019Ubuhorandi iri I Kigali, aba bagororwa bahawe imbamyabushobozi mu myuga itandukanye irimo: &nbsp;Gukora iby\u2019amazi, Amashanyarazi, gukora imisatsi, Gusudira, Ubudozi, ibijyanye na mudasobwa n\u2019ibindi.<\/p>\n\n\n\n<p>Iyakaremye Isaac wagororerwaga muri gereza ya Nyarugenge akaba amaze iminsi arangije igihano cye, yahawe ubumenyi bwa mudasobwa, avuga ko byamuhaye ubushobozi bwo gushinga ikigo gikora ibijyanye n\u2019ubumenyi yaherewe muri gereza, ubu akaba atakongera kwishora mu byaha.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201dNyuma yo gukatirwa imyaka ine y\u2019igifungo, muri iyi gereza ya Nyarugenge nahaherewe ubumenyi mu &nbsp;ibijyanye na mudasobwa, ndangije igihano nasubiye mu muryango Nyarwanda ibyo nize bimpa ubushobozi bwo gushinga ikigo gikora, Ubutumire bw\u2019ubukwe, ibyapa by\u2019inama n\u2019ibindi.Ubu sinakongera kwishora mu byaha, gahunda ni ukwiteza imbere no guteza imbere igihugu cyange.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi wa gereza ya Nyarugenge SP Augustin UWAYEZU, yavuze ko guha urubyiruko rugororerwa muri gereza ubushobozi bushingiye ku bumenyi ari uguteganyiriza igihugu abaturage beza b\u2019ejo hazaza.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201dMirongo irindwi ku ijana by\u2019imfungwa n\u2019abagororwa bari aha ni urubyiruko, birumvikana cyane rero ko kuruha inyigisho zo kurugorora ukanaruha ubushobozi bushingiye ku bumenyi, ni uguteganyiriza igihugu abaturage beza b\u2019ejo hazaza.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Komiseri mukuru wa RCS CG Juvenal MARIZAMUNDA, yasabye abatanga akazi kudashidikanya ku bumenyi butangirwa muri gereza maze ashimira Leta y\u2019u Rwanda, n\u2019abafatanyabikorwa batandukanye umusanzu ukomeye muri ibi bikorwa byo guha Abagororwa ubu bumenyi.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201dNdasaba abikorera kudashidikanya ku bumenyi aba bagororwa bahabwa, cyane ko bo bafata umwanya uhagije wo kwiga no kwita ku masomo bahabwa kurusha ababyigira ahandi.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje agira ati\u201dTurashimira Ubwami bw\u2019Ubahorandi bwateye inkunga uyu mushinga, Turashimira kandi Leta y\u2019u Rwanda binyuze muri Minisiteri y\u2019Umutekano w\u2019imbere mu gihugu kuri ibi bikorwa byo guha abagororwa ubushobozi bushingiye ku bumenyi mu rwego rwo kubagororwa ndetse tukanashimira n\u2019andi bafatanyabikorwa bose badufasha kugera kuri uyu musaruro ushimishije.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri y\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro IRERE Claudette, iyi ari gahunda ya Leta yo gukwirakwiza amashuri y\u2019ubumenyi ngiro mu rwego rwo kwiteza imbere mu kwikorera, kuzamura umusaruro n\u2019ubukungu bw\u2019Igihugu muri rusange.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201dIyi gahunda ya Leta y\u2019u Rwanda igamije gukwirakwiza amashuri y\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro mu rwego rwo guha Abanyarwanda ubushobozi&nbsp; bwo kwikorera, gutanga imirimo, kwiteza imbere no kuzamura umusaruro n\u2019ubukungu bw\u2019Igihugu muri rusange.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Minisitiri W\u2019Umutekano mu gihugu Emmanuel GASANA, yashimiye ibi bikorwa byiza Leta y\u2019u Rwanda ku bufayanye na Ambasade y\u2019Ubwami bw\u2019Ubuhorandi maze asaba abahawe izi mpamyabushobozi kuzasibyaza umusaruro.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201dNdashimira Leta y\u2019u Rwanda ku bufayanye na Ambasade y\u2019Ubwami bw\u2019Ubuhorandi ibi bikorwa byindashyikirwa byo gutanga ubumenyi ku bagororwa kugirango nibasubira mu miryango yabo bazabashe kwiteza imbere no guteza imbere igihugu cyacu. Abahawe impamyabushobozi rero ndabasaba namwe kuzazibyaza umusaruro mwiteza imbere n\u2019Igihugu muri rusange\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Imyuga n\u2019ubumenyingiro ni imwe mu ntego Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa (RCS) rwashyize imbere, ngo abagororerwa muri za gereza zitandukanye barusheho guhabwa ubushozozi bushingiye ku bumenyi ngo nibarangiza ibihano byabo bazabashe kwiteza imbere no guteza imbere Igihugu muri rusange.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku ikubitiro abahawe impamyabushobozi ni abagororwa 603 bize imyuga itandukanye, icyiciro cya kabiri cyigizwe n\u2019abagororwa 599 basoje amasomo bategereje guhabwa n\u2019ibizamini n\u2019ikigo kibishinzwe naho abakirimo kwiga mu cyiciro cya Gatatu ni 617.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"523\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/Grp_Photo.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6663\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/Grp_Photo.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/Grp_Photo-300x153.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/Grp_Photo-768x392.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Bamwe mu bahawe impamyabushobozi bafashe ifoto y&#8217;Urwibutso bari kumwe<br>n&#8217;abayobozi bari bitabiriye ibi biroro<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"454\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/Nyarugenge_TVET.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6664\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/Nyarugenge_TVET.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/Nyarugenge_TVET-300x133.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/05\/Nyarugenge_TVET-768x341.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>\u00a0 \u00a0 Ishuri ry&#8217;imyuga rya Gereza ya Nyarugenge\u00a0<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 26 Gicurasi 2022, kuri gereza ya Nyarugenge izwi nka Mageragere habereye ibirori byo kurwego rw\u2019Igihugu, aho abagororwa basaga 600 bahawe impamyabushobozi mu myuga itandukanye bigiye muri gereza.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":6666,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":2,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-6662","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6662","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6662"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6662\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/6666"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6662"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6662"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6662"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}