{"id":5887,"date":"2015-11-25T13:51:00","date_gmt":"2015-11-25T13:51:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/?p=5887"},"modified":"2022-04-27T13:56:17","modified_gmt":"2022-04-27T13:56:17","slug":"intumwa-zaturutse-muri-bourkina-faso-ziri-murugendoshuri-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=5887","title":{"rendered":"Intumwa zaturutse muri Bourkina Faso ziri murugendoshuri mu Rwanda"},"content":{"rendered":"\n<p> Ni muri urwo rwego intumwa ziturutse mu gihugu cya Bourkina Faso ziri mu rugendoshuri rw\u2019iminsi ibiri kugirango barebe ibyo u Rwanda rumaze kugeraho mu kugorora abakoze ibyaha.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/uploads\/RTEmagicC_bourk3.JPG.jpg\" alt=\"\"\/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/uploads\/RTEmagicC_bourk2_01.JPG.jpg\" alt=\"\"\/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ku munsi wambere w\u2019uru ruzinduko rwabaye kuri uyu wa gatatu tariki ya 25\/11\/2015 izi ntumwa zakiriwe na Komiseri Mukuru wa RCS CGP Paul RWARAKABIJE aho yazifurije ikaze ku rwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa RCS ndetse no mu Rwanda muri rusange. Ibiganiro bikaba byibanze ku miterere y\u2019amagereza, ingando za TIG, ndetse n\u2019uburyo kugorora bishyirwa mu bikorwa hashingiwe ku nkingi enye za RCS arizo&nbsp;<strong><em>Ubutabera, Kugorora, Umusaruro, n\u2019Ubumenyi.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Iri tsinda ry\u2019abashyitsi baturutse muri Bourkina Faso rikaba ryatangaje ko bishimiye uburyo bakiriwe, kandi basaba ko ubu bufatanye bwarushaho kunozwa, baboneraho no gusaba Komiseri Mukuru kubemerera gusura Gereza ya Nyarugenge ndetse n\u2019ahari kubakwa gereza ya Mageragere.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yo guhabwa igikombe k\u2019urwego mpuzamahanga mu kugorora, inzego zitandukanye zifite kugorora mu nshingazo zikomeje kuza kwigira k\u2019Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa mu Rwanda uburyo babasha gushira mu bikorwa inshingano uru rwego rwahawe na Leta.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":5894,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":2,"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-5887","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5887","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5887"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5887\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/5894"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5887"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5887"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5887"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}