{"id":5812,"date":"2013-11-18T13:23:00","date_gmt":"2013-11-18T13:23:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/?p=5812"},"modified":"2022-04-27T13:26:45","modified_gmt":"2022-04-27T13:26:45","slug":"u-rwanda-rugiye-kwakira-inama-mpuzamahanga-ku-kugorora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=5812","title":{"rendered":"U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga ku kugorora"},"content":{"rendered":"\n<p>Komiseri Mukuru Wungirije wa RCS yatangaje ko iyi nama izabera mu Rwanda ku matariki ya 25 na 26 Ugushyingo 2013 kubera ko ari rwo rwahawe kuyobora ubunyamabanga bw\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye ku bijyanye no kugorora mu gihe cy\u2019imyaka 2.<\/p>\n\n\n\n<p>DCG Mary Gahonzire yakomeje avuga ko u Rwanda rwahawe kuyobora Ubunyamabanga bw\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye ku kugorora kubera ko rufite imiyoborere myiza kandi ngo abasirikare n\u2019abapolisi boherezwa mu butumwa bw\u2019amahoro hirya no hino ku Isi bitwara neza, bityo u Rwanda rukaba rwariyambajwe n\u2019uwo muryango kugira ngo rutange impinduka no mu bijyanye no kugorora.<\/p>\n\n\n\n<p>Abazitabira iyi nama y\u2019umuryango w\u2019Abibumbye ku bijyanye no kugorora izabera i Kigali bagera kuri 40 barimo Abayobozi ba za gereza bazaturuka mu Bihugu bitandukanye ndetse n\u2019imiryango mpuzamahanga ikorana na za Gereza.<\/p>\n\n\n\n<p>U Rwanda rwasimbuye Igihugu cya Suwede ku bunyamabanga bw\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye ku bijyanye no kugorora mu mwaka wa 2012na rwo rukazasimburwa&nbsp;&nbsp;kuri uyu mwanya na Kanada nyuma y\u2019imyaka 2.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuri ubu ibihugu u Rwanda rwoherezamo abacungagereza mu butumwa bw\u2019amahoro ni Haiti, Sudani y\u2019Amajyepfo, Liberiya, Cote d\u2019Ivoire na Sudani.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibi ni ibyatangajwe na Komiseri Mukuru Wungirije wa RCS, DCG Mary Gahonzire mu kiganiro n\u2019abanyamakuru cyabereye ku Cyicaro gikuru cy\u2019urwo Rwego ku wa 15\/11\/2013. Iyi nama ikaba igamije kunoza gahunda zo kugorora ku Bihugu byohereza abacungagereza mu butumwa bw\u2019amahoro bw\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":5764,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":4,"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-5812","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5812","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5812"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5812\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/5764"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5812"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5812"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5812"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}