{"id":5744,"date":"2013-05-23T12:38:00","date_gmt":"2013-05-23T12:38:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/?p=5744"},"modified":"2022-04-27T12:40:28","modified_gmt":"2022-04-27T12:40:28","slug":"ambasaderi-wa-ue-mu-rwanda-yashimye-ibyo-yabonye-muri-gereza-ya-nyanza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=5744","title":{"rendered":"Ambasaderi wa UE mu Rwanda yashimye ibyo yabonye muri gereza ya Nyanza"},"content":{"rendered":"\n<p><strong>Mu rwego rwo kureba uko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa muri gereza zo mu Rwanda, Michel Arrion uhagarariye umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019ibihugu by\u2019u Burayi mu Rwanda yasuye gereza ya Nyanza izwi rya Mpanga ashima uko abafungiyemo babayeho.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Muri urwo ruzindiko rwe rwabaye tariki 21\/05\/2013, Ambassaderi Michel Arrion a bamwe mu bajyanama be mu bya politiki batambagijwe ibice binyuranye bya gereza ya Nyanza ari nako basobanurirwa imibereho y\u2019imfungwa n\u2019abagororwa bayifungiyemo.<\/p>\n\n\n\n<p>Nta gice na kimwe kigize iyo gereza Ambassaderi Michel atagezemo kuko yagejejwe aho imfungwa n\u2019abagororwa b\u2019ibyaha bitandukanye bafungiye ndetse asoreza uruzinduko rwe mu gice gifungiyemo imfungwa zaturutse mu gihugu cya cya Sierra Leone.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Michel Arrion yakunze uduseke tubohwa n\u2019imfungwa n\u2019abagororwa bo muri gereza ya Nyanza ndetse aragura.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":5746,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":5,"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-5744","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5744","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5744"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5744\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/5746"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5744"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5744"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5744"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}