{"id":5664,"date":"2016-08-22T12:05:00","date_gmt":"2016-08-22T12:05:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/?p=5664"},"modified":"2022-04-27T12:10:58","modified_gmt":"2022-04-27T12:10:58","slug":"gereza-nkuru-ya-nyarugenge-1930-izimucyira-i-mageragere-bitarenze-uyu-mwaka-wa-2016","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=5664","title":{"rendered":"Gereza nkuru ya Nyarugenge 1930 izimucyira i Mageragere bitarenze uyu mwaka wa 2016"},"content":{"rendered":"\n<p>Mu rwego rwo kumenya aho ibikorwa byokubaka gereza ya Mageragere bigeze ministiri w\u2019umutekanomu mu gihugu &nbsp;Sheikh Moussa fazil Harelimana yasuye ibikorwa byokubaka gereza mu murenge wa Mageragere izimurirwamo imfungwa n\u2019abagororwa bo muri gereza ya Nyarugenge ndetse n\u2019iya Gasabo. Igice cya&nbsp; kabiri&nbsp; cyokubaka iyi gereza kigeze ku kigereranyocya 70% kuko ubu urukuta ruzengurutse iyi gereza rwarangiye kubakwa. Harimo kubakwa kandi inyubako yambere igeze kukigereranyo cya 75% izacumbikira imfungwa n\u2019abagororwa 3.500.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"299\" height=\"200\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_Inyubako_Mageragere_af5290dcbb.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-5665\"\/><\/figure>\n\n\n\n<p>Igikoni ndetse naho kubika ibikoresho&nbsp; kirimo kubakwa naho imisarani yo yararangiye kubakwa . Iyi gereza izajya ikoresha ingufu za biyogazi mu gutekera imfurnwa n\u2019abagororwa, iyi biyogazi yarangije kubakwa kubufatanye bwa RCS na Tumba College of Technology. Inyubako y&#8217;ubuyobozi&nbsp; buzakoreramo nayo irimo kubakwa igeze &nbsp;mu &nbsp;gusakara.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"269\" height=\"180\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_mag7_ac09c8631c.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-5666\"\/><\/figure>\n\n\n\n<p>Mu biganiro Minisititiri w\u2019Umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fazil Harelimana ya giranye n\u2019izindi nzego zifite ahozihurira no kubaka iyi gereza, bemeranyijwe ko bitarenze ukwezi kwa cumi n\u2019abiri igomba kuba yuzuye, abogororwa bo muri gereza ya Nyarugenge ba kayimurirwamo.<\/p>\n\n\n\n<p>Nk&#8217;uko byagaragajwe na Komiseri Mukuruwa RCS CGP George Rwigamba, iyo hatabaho ikibazo cy\u2019amazi, gereza ya gombye kuba yarangiye kubakwa mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka wa 2016 .Minisitiri Musa Fazil Harelimana akaba yaragiriye inama ubuyobozi bwa RCS gushyira ingufu mu kubaka ivuriro ry\u2019iyi gereza kugirango imfungwa n\u2019abagororwa bizashoboke kubimura mu mpera z\u2019uyu mwaka wa 2016. Iri vuriro ririkurwego rw\u2019ikigonderabuzima rizagabanya n\u2019ubucucike bw\u2019abarwayi wa sangaga &nbsp;mu bitaro bya leta nka CHUK.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku kibazo cyijyanye n\u2019umuhanda ugera kuri iyi gereza ya Mageragere, ubu uyu muhanda urimo kubakwa kubufatanye n\u2019akarere ka Nyarugenge ndetse n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe imihanda RTDA. Ku kibazo cy\u2019amazi ataragera ahubakwa iyi gereza, hafashwe icyemezo ko bagomba kukiganiraho n\u2019abafite &nbsp;mu nshingano zabo amazi(WASAC) kugirango gicyemuke &nbsp;mu &nbsp;magurumashya.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu rwego rwo kumenya aho ibikorwa byokubaka gereza ya Mageragere bigeze ministiri w\u2019umutekanomu mu gihugu  Sheikh Moussa fazil Harelimana yasuye ibikorwa byokubaka gereza mu murenge wa Mageragere izimurirwamo imfungwa n\u2019abagororwa bo muri gereza ya Nyarugenge ndetse n\u2019iya Gasabo. Igice cya  kabiri  cyokubaka iyi gereza kigeze ku kigereranyocya 70% kuko ubu urukuta ruzengurutse iyi gereza rwarangiye kubakwa. Harimo kubakwa kandi inyubako yambere igeze kukigereranyo cya 75% izacumbikira imfungwa n\u2019abagororwa 3.500.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":5669,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":true,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":42,"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-5664","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5664","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5664"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5664\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/5669"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5664"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5664"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5664"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}