{"id":5314,"date":"2018-09-28T15:55:00","date_gmt":"2018-09-28T15:55:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/?p=5314"},"modified":"2022-04-27T21:57:02","modified_gmt":"2022-04-27T21:57:02","slug":"abagororwa-100-basabye-imbabazi-imiryango-bakorere-ibyaha-muri-genoside-yakorewe-abatutsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=5314","title":{"rendered":"Abagororwa 100 basabye imbabazi imiryango bakorere ibyaha muri genoside yakorewe abatutsi."},"content":{"rendered":"\n<p>Mu karere ka Bugesera mu murenge wa Ruhuha tariki ya 27\/09\/2018 abagororwa 100 basabye imbabazi imiryango bakoreye ibyaha muri genoside yakorewe abatutsi 1994. Ni igikorwa cyateguwe n\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa RCS k\u2019ubufatanye n\u2019Umuryango w\u2019Ivugabutumwa mu magereza Prison Fellowship Rwanda<\/p>\n\n\n\n<p>Ubuhamya bwatanzwe n\u2019abagororwa basobanuye uburyo bakoze icyaha, basaba imbabazi &nbsp;bemerera abari aho ko&nbsp;&nbsp;batazongera&nbsp;<strong>&nbsp;<\/strong>gukora icyaha cy\u2019ubwicanyi ndetse n\u2019ibindi byaha muri rusange.<\/p>\n\n\n\n<p>Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi biciwe ababo, nabo bavuze ko kuba barahemukiwe bitagomba gutuma bahora mu gahinda ahubwo ngo ni ngombwa gutanga imbabazi mu rwego rwo gushimangira gahunda&nbsp; y&#8217;ubumwe n&#8217;ubwiyunge<\/p>\n\n\n\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo y&#8217;Igihugu y&#8217;Ubumwe n&#8217;Ubwiyunge Fidele Ndayisaba avuga ko kugaragaza ukuri ku mateka yaranze u Rwanda aribyo bizatuma igipimo cy&#8217;ubumwe n&#8217;ubwiyunge kirushaho kuzamuka mu banyarwanda.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"770\" height=\"453\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_ghhhh_baf1ee667d-1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6180\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_ghhhh_baf1ee667d-1.jpg 770w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_ghhhh_baf1ee667d-1-300x176.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_ghhhh_baf1ee667d-1-768x452.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 770px) 100vw, 770px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>&nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp;<strong>CP J Bosco KABANDA atanga ubutumwa kubasabye imbabaz<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Uhagarariye Urwego &nbsp;Rwigihugu &nbsp;rushinzwe &nbsp;Imfungwa n\u2019abagororwa RCS muri iki gikorwa CP Jean Bosco KABANDA yabajije abagororwa&nbsp; niba imbabazi basabye&nbsp; bazikuye &nbsp;ku mutima&nbsp;&nbsp;basubiza ko bazikuye ku mutima maze &nbsp;abasaba ko&nbsp; bagenda&nbsp; bakigisha&nbsp; n\u2019abandi&nbsp; bagororwa &nbsp; gusaba imbabazi kuko bibabohora umutima, bagakora igihano cyabo nta bindi bibazo bafite bikomoka kuri icyo<\/p>\n\n\n\n<p>Kugeza ubu abagororwa baregwa &nbsp;icyaha &nbsp;cya Genocide barimo krangiza ibihano &nbsp;ni 28604 muri abo 283ni abari mu ngando ya &nbsp;TIG . Abagororwa basabye imbabazi ku byaha bya genoside yakorewe abatutsi bakoze bagera 15%.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"249\" height=\"513\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_huye_pro_a0e4a63ed0-2.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6179\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_huye_pro_a0e4a63ed0-2.jpg 249w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_huye_pro_a0e4a63ed0-2-146x300.jpg 146w\" sizes=\"(max-width: 249px) 100vw, 249px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>&nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp;<strong>Abagororwa barikumwe ntabo biciye muri Genocide 1994<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu karere ka Bugesera mu murenge wa Ruhuha tariki ya 27\/09\/2018 abagororwa 100 basabye imbabazi imiryango bakoreye ibyaha muri genoside yakorewe abatutsi 1994. Ni igikorwa cyateguwe n\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa RCS k\u2019ubufatanye n\u2019Umuryango w\u2019Ivugabutumwa mu magereza Prison Fellowship Rwanda Ubuhamya bwatanzwe n\u2019abagororwa basobanuye uburyo bakoze icyaha, basaba imbabazi &nbsp;bemerera abari aho ko&nbsp;&nbsp;batazongera&nbsp;&nbsp;gukora icyaha cy\u2019ubwicanyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":6181,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":true,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":25,"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-5314","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5314","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5314"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5314\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/6181"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5314"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5314"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5314"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}