{"id":5307,"date":"2018-10-29T15:44:00","date_gmt":"2018-10-29T15:44:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/?p=5307"},"modified":"2022-04-27T21:51:16","modified_gmt":"2022-04-27T21:51:16","slug":"mageragere-kuri-gereza-ya-nyarugenge-hatewe-ibiti-ibihumbi-4","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=5307","title":{"rendered":"Mageragere: Kuri Gereza ya Nyarugenge hatewe ibiti ibihumbi 4"},"content":{"rendered":"\n<p>Abakozi b\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa, bifatanyije n\u2019abagororwa ba Gereza ya Nyarugenge ndetse n\u2019abaturage batuye akagali ka Kavumu ko mu murenge wa mageragere bahuriye mu muganda ngarukakwezi wabaye kuri uyuwa gatandatu batera ibiti bisaga ibihumbi 4 kuri iyi Gereza ya Nyarugenge.<\/p>\n\n\n\n<p>Impamvu yo gutera ibiti byinshi kuri iyi Gereza, ni uburyo bwo kurinda ibidukikije&nbsp; harwanywa isuri kuri gereza nshya kuko yubatse ku musozi. Abagororwa bishimiye kuba bakoranye umuganda n\u2019abashinzwe kubarinda bari kumwe n\u2019abaturage kuko bibereka ko leta itabatererana mu bikorwa byose bigenewe iterambere ry\u2019abaturage baryo.<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma yo kurangiza gukora umuganda haterwa ibiti habaye ibiganiro byahuje abitabiriye uyu muganda, komiseri Mukuru w\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa CG George Rwigamba abasobanurira akamaro k\u2019umuganda n\u2019inkomoko yayo ko iri mu muco wa Kinyarwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Komiseri Mukuru wa RCS yashimye abitabiriye uyu muganda wo gutera ibiti cyane cyane abagororwa abashimira no ku bindi bikorwa bagiramo uruhare harimo nk\u2019icyo kubaka iyi Gereza nshya ya Nyarugenge maze abasaba ko igikorwa cyo gutera ibiti kuri iyi Gereza cyazakomeza.<\/p>\n\n\n\n<p>Abagororwa bitabiriye uyu muganda&nbsp; nabo bashimye iki gikorwa.Umugororwa uhagarariye abandi bagororwa Byukusenge Gaspard yagize ati:&#8221; Guhura n\u2019abayobozi bacu bashinzwe kutugorora&nbsp; bari kumwe n\u2019abaturage tugakorana umuganda biradushimisha cyane, kuko bitwereka ko ubuyobozi butwitayeho ko gufungwa atari uguhezwa ku zindi gahunda ziteza imbere igihugu&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Naho umudamu &nbsp;uhagarariye abandi badamu bafunze &nbsp;Regine Mukamurigo yavuze ko gutera ibiti bibafitiye akamaro nk\u2019abagororwa:&#8221;Gereza yacu bayizanye ahantu hari ibiti bikurura umwuka mwiza, ni inshingano yacu kubyongera kugirango turusheho kugira ubuzima bwiza\u2026..kuri Gereza ya Kigali 1930 aho twahoze kubera ko nta mwuka mwiza wahabaga twagiraga indwara z\u2019ubuhumekero ndetse n\u2019iz\u2019amaso ariko hano kubera umwuka mwiza zaragabanutse cyane&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Kugeza ubu Gereza ya Nyarugenge icumbikiye imfungwa n\u2019abagororwa ibihumbi 8 bavuye muuri Gereza yahoze yitwa iya Kigali 1930 ndetse n\u2019iya Gasabo. Abafungiyemo bagera kuri 60% baregwa ibyaha bisanzwe biganjemo abazira ibiyobyabwenge.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"770\" height=\"437\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_CG_atanga_ikaze_a63d96b37a.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6167\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_CG_atanga_ikaze_a63d96b37a.jpg 770w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_CG_atanga_ikaze_a63d96b37a-300x170.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_CG_atanga_ikaze_a63d96b37a-768x436.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 770px) 100vw, 770px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>&nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp; &nbsp;Umukozi wa Muhabura arimo gutera igiti N&#8217;umugororwa wa Gereza ya Nyarugenge<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"408\" height=\"578\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_2_Selected_Candidats_for_NURSES-09122019093437_6eee0c3ef4.png\" alt=\"\" class=\"wp-image-6168\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_2_Selected_Candidats_for_NURSES-09122019093437_6eee0c3ef4.png 408w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_2_Selected_Candidats_for_NURSES-09122019093437_6eee0c3ef4-300x425.png 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_2_Selected_Candidats_for_NURSES-09122019093437_6eee0c3ef4-212x300.png 212w\" sizes=\"(max-width: 408px) 100vw, 408px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>\u00a0 \u00a0 \u00a0 \u00a0Abacungagereza n&#8217;abagororwa bitabiriye umuganda wo gutera Igiti kuri Gereza ya Nyarugenge<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"770\" height=\"395\" src=\"https:\/\/new.rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_Bamwe_mu_mpuguke_ba4d4692f4.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-6169\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_Bamwe_mu_mpuguke_ba4d4692f4.jpg 770w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_Bamwe_mu_mpuguke_ba4d4692f4-300x154.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/csm_Bamwe_mu_mpuguke_ba4d4692f4-768x394.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 770px) 100vw, 770px\" \/><figcaption>\u00a0 \u00a0<br>Aba Tigiste ba TIGE ya Mageragere bitabiriye umuganda wo gutera igiti.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abakozi b\u2019Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa, bifatanyije n\u2019abagororwa ba Gereza ya Nyarugenge ndetse n\u2019abaturage batuye akagali ka Kavumu ko mu murenge wa mageragere bahuriye mu muganda ngarukakwezi wabaye kuri uyuwa gatandatu batera ibiti bisaga ibihumbi 4 kuri iyi Gereza ya Nyarugenge.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":6173,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":40,"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-5307","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5307","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5307"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5307\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/6173"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5307"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5307"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5307"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}