{"id":18325,"date":"2026-08-01T13:53:00","date_gmt":"2026-08-01T11:53:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=18325"},"modified":"2026-08-03T14:47:46","modified_gmt":"2026-08-03T12:47:46","slug":"imfungwa-nabagororwa-bigororero-rya-gicumbi-bakanguriwe-kuri-gahunda-nshya-ya-e-huza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=18325","title":{"rendered":"Abagororwa n&#8217;abaturage baje gusura ababo ku Igororero rya Gicumbi bashishikarijwe gukoresha E-huza"},"content":{"rendered":"\n<p>Iyi gahunda ya E-huza ni uburyo bushya bugiye gusimbura ubwari busanzwe bukoreshwa \u00a0n\u2019imiryango y&#8217;abafite ababo bari mu magororero yo mu Rwanda bwa Momo pay, aho ubu buryo  bwari bumaze kugaragaramo imbogamizi, nk&#8217;aho wohererezaga umuntu umugororwa amafaranga akamara igihe ataramugeraho rimwe na rimwe akabura nyirayo  mu gihe uwayohereje yakoreshe aba ajenti cyangwa yibagiwe kohereza ubutumwa busobabura uwo agenewe.<\/p>\n\n\n\n<p>Umuvugizi w\u2019Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora RCS CSUPT Hillary E. Sengabo, mu kiganiro yahaye imiryango y&#8217;abaje gusura abagororwa n\u2019abantu bafunzwe yagize ati\u201d uburyo bushya bwo koherereza amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga hazongerwaho n\u2019ubundi buryo bwo guhamagarana n\u2019abafunze imbonankubone kuri mudasobwa.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje avuga ko uburyo bwo guhamagarana imbonankubone bizakemura byinshi nk&#8217;abana babaga bari ku mashuri ntibabashe gusura, ababo ariko bazajya bakoresha nimero iranga umugororwa (akarangamugororwa)ariyo RCS Case number.<\/p>\n\n\n\n<p>Djuma Issa umwe mubahuguriwe uburyo bushya bwa E-Huza\u00a0 wari waje gusura uwo muryango we ku Igororero rya Gicumbi, yavuze ko\u00a0 ubu buryo buzoroshya cyane koherereza amafaranga abantu babo bafunze batongeye gusiragira ku igororero.  Avuga ko uburyo bwa mbere bwo kohereza ubutumwa bugufi hari igihe butamugeragaho bigasaba kujya ku igororero rimwe ugasanga ubwo butumwa kuri telefone barabusibye cyangwa telefone wayibagiriwe mu rugo. Ahamya ko ubu buryo bwo gukoresha nomero iranga umugororwa buzaba ari bwiza kandi bwizewe.<\/p>\n\n\n\n<p>Nteziryimana Joseph nawe wo mu Igororero rya Gicumbi akaba ari no bakurikiranye amahugurwa ya E-Huza yagize ati\u201d ubu buryo bushya\u00a0 bwa E-Huza ni bwiza buzadufasha cyane ndetse bunorohereze imiryango yacu mu kutwoherereza amafaranga batiriwe bagera ku igororero.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje avuga ati\u201d Umuryango uzajya wohereza amafaranga wizeye neza ko uwo bayoherereje amugeraho vuba, kuko mbere kumenya ko hari amafaranga wohererejwe byatindaga cyane ariko ubu abakozi b\u2019igororero biraborohera iyo amafaranga agaragara ko yoherejwe, twemerewe guhita tujya kuyahahisha ibyo dushaka muri kantine y\u2019Igororero kuko buri mugororwa agira akarangamugororwa bityo kuyayobya ntibyapfa kubaho.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Rwamurangwa Elwin umwe mubashinzwe guhuza ibikorwa bya sisiteme ya E-Huza yavuze ko ubu buryo buje kwihutisha serivise zahabwaga abagorwa n\u2019abantu bafunzwe zirimo kohererezwa amafaranga,gusurwa ku isura ryo kuwa gatatu ndetse no guhahirwa muri Kantine z\u2019amagororero.<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje avuga ko uburyo bwa mbere bwakoreshwaga bugiye gusimburwa n\u2019ubushya bwa E-Huza ukoresheje *920# ugakurikiza amabwiriza uhabwa kuri telefoni yawe cyangwa ugaca ku rubuga rwa E-huza ari rwo www.ehuza.rw. <\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"696\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/05-1-1024x696.png\" alt=\"\" class=\"wp-image-18331\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/05-1-1024x696.png 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/05-1-300x204.png 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/05-1-768x522.png 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/05-1-1536x1044.png 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/05-1-2048x1392.png 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\"><strong><em>Umuvugizi wa RCS CSUPT Hillary E. Sengabo yasobanuriye abaturage baje  gusura ababo ku Igororero rya Gicumbi  uburyo bushya bwa E-huza.<\/em><\/strong><\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0092-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-18332\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0092-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0092-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0092-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0092-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0092-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0137-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-18333\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0137-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0137-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0137-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0137-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/08\/096A0137-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\"><em><strong>Abahuzabikorwa ba E-huza hamwe n&#8217;abakozi ba RCS bifatanyije mu gusobanurira  abagororwa n&#8217;abaturage baje gusura ababo ku Igororero rya Gicumbi ibyiza by&#8217;ubu buryo.<\/strong><\/em><\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>None kuwa 01 Kanama 2026  ku Igororero rya Gicumbi Umuvugizi wa RCS CSUPT Hillary E. Sengabo n&#8217;abakozi bo mu mushinga wa E-huza bahakoreye ubukangurambaga kuri gahunda nshya ya E-Huza yifashishwa mu koherereza amafaranga abagororwa n&#8217;abantu bafunze.  <\/p>\n","protected":false},"author":33,"featured_media":18326,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":11,"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-18325","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18325","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/33"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=18325"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18325\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18334,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18325\/revisions\/18334"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/18326"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=18325"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=18325"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=18325"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}