{"id":17711,"date":"2026-06-20T18:00:00","date_gmt":"2026-06-20T16:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=17711"},"modified":"2026-06-22T11:39:25","modified_gmt":"2026-06-22T09:39:25","slug":"abasura-nabagororwa-ba-bamagororero-ya-musanze-na-rubavu-baravuga-ko-e-huza-iziye-igihe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=17711","title":{"rendered":"Abasura n\u2019abagororwa ba b\u2019amagororero ya Musanze na Rubavu baravuga ko E-Huza iziye igihe"},"content":{"rendered":"\n<p>Ni ubukangurambaga bumaze iminsi buzenguruka amagororero atandukanye abasura n\u2019abasurwa basobanurirwa ibyiza by\u2019umushinga mushya ugiye kujya wihutisha serivisi zahabwaga abagororwa ndetse n\u2019ababasura, aho harimo n\u2019uburyo bushya bwashimishije abasura ko hazaba hariho uburyo bwo gusura imbonankubone (Video call) bidasabye ko ujya kumureba mu Igororero arimo, mukaganira nkaho murikumwe aho abaturage bavuga ko aribyiza kuko n\u2019abanyantege nke bazajya basura ababo bidasabye gufata urugendo ngo bajye kubareba aho bagororerwa.<\/p>\n\n\n\n<p>CSUPT Hillary Sengabo, Umuvugizi w\u2019Urwego rw\u2019U Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) yaganirije abaturage baje gusura abantu babo ndetse n\u2019Abagororwa bari mu magororero ya Musanze na Rubavu ku byiza uyu mushinga wa E-Huza uzanye aho yababwiye ko ikijyanye no kongera kubura amafaranga nkuko byajyaga bibaho bitewe n\u2019uburyo bwakoreshwaga mu koherereza amafaranga umuntu wawe uri mu Igororero ntutange amakuru yose amafaranga akabura nyirayo akaguma kuri konti ya RCS igihe cyagera agasubizwa mu isanduku ya Leta, aho yababwiye ko uburyo bushya bubanza kukwereka uwo ugiye koherereza amafaranga amazina ye yose ukabona kohereza urumva ko kuyoba kwayo bitazongera kubaho, bitandukanye nuko mbere woherezaga amafaranga ukongera ukandika ubutumwa ku yindi nimero ugaragaza amazina y\u2019uwohereje n\u2019uwo yoherereje wakwibeshya ntiwohereze ubwo butumwa ntabwo bamenyaga nyirayo, ababwira ko E-huza ije gukemura ibyo bibazo byose niyo mpamvu basabwa kuyikunda no kuyikoresha.<\/p>\n\n\n\n<p>Munyaneza Derick, umukozi wa Rwanda Bridge to Justice akaba n\u2019umutekenisiye wa E-Huza, nawe yabwiye abagororwa n\u2019abaturage baje kubasura ko nibatangira kuyikoresha aribwo bazabona neza ubwiza bwayo ababwira uburyo wakoresha ushaka koherereza amafaranga umuntu wawe aho ukanda akanyenyeri 920 ugakurizaho urwego ubundi ugakurikiza amabwiriza, wagera aho ugiye kohereza bakagusaba nimero y\u2019umugororwa ariyo yitwa akarangamugororwa, wayishyiramo ukabona amazina yose y\u2019uwo ugiye koherereza amafaranga ukohereza wizeye neza ko agiye ku muntu wawe kuko ako karangamugororwa ntawe ugahuza n\u2019undi ibyo bikaba bifasha n\u2019abakozi b\u2019Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora gukusanya amakuru yose y\u2019abagiye bohererezwa amafaranga bitagoranye. Yabasabye kubukunda bakabukoresha anababwira ko vuba haraba hatangiye n\u2019ubundi buryo bwo kuzajya basura imbonankubone bikazorohereza abari mumahanga bitajyaga byorohera gusura ndetse n\u2019abanyantege nke nk\u2019abantu bakuze n\u2019ababana n\u2019ubumuga byagoraga kugera ku Igororero.<\/p>\n\n\n\n<p>Ni ubukangurambaga burigukorwa mu rwego rwo gufasha abasura n\u2019abasurwa ku magororero, kubona serivisi nziza zibanogeye nkuko Leta icyo ishyize imbere ari umuturage ku isonga kuri serivisi zitandukanye abona zikamugeraho ku gihe kandi zimunogeye.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-1 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" data-id=\"17718\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0191-ok-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-17718\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0191-ok-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0191-ok-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0191-ok-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0191-ok-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0191-ok-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0179-ok-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-17720\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0179-ok-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0179-ok-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0179-ok-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0179-ok-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0179-ok-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Abagororwa bo mu Igororero rya Rubavu bakurikiranye ibijyanye n&#8217;ubukangurambaga bwa E-Huza.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-2 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" data-id=\"17721\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0167-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-17721\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0167-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0167-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0167-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0167-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0167-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Abaturage baje gusura ababo mu Igororero rya Rubavu bari gusobanurirwa uko E-Huza ikora.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-3 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" data-id=\"17722\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0163-ok-1-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-17722\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0163-ok-1-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0163-ok-1-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0163-ok-1-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0163-ok-1-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/06\/096A0163-ok-1-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Munyaneza Derick umukozi wa Rwanda bridge to Justice akaba n&#8217;umutekenisiye wa E-Huza asobanura imikorere yayo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>RCS n\u2019umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw\u2019umushinga mushya w\u2019ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n\u2019abasurwa kubona serivisi nziza kandi zihuse, aho mu mpera z\u2019icyumweru baganirije abaturage baje gusura ababo n\u2019abagororwa b\u2019amagororero ya Musanze na Rubavu.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":17712,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":23,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-17711","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17711","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17711"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17711\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17723,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17711\/revisions\/17723"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/17712"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17711"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17711"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17711"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}