{"id":15740,"date":"2025-05-24T17:57:00","date_gmt":"2025-05-24T15:57:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=15740"},"modified":"2025-05-26T17:06:07","modified_gmt":"2025-05-26T15:06:07","slug":"minisitiri-bizimana-yatanze-ikiganiro-ku-bagororwa-bahamijwe-ibyaha-bya-jenoside-bari-kurangiza-ibihano-bo-mu-igororero-rya-nyamagabe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=15740","title":{"rendered":"Minisitiri Bizimana yatanze ikiganiro ku bagororwa bahamijwe ibyaha bya Jenoside bari kurangiza ibihano bo mu Igororero rya Nyamagabe"},"content":{"rendered":"\n<p>Iyi gahunda yo kuganiriza Abororwa bari kurangiza ibihano bahamijwe ibyaha bya Jonoside, bigirwamo uruhare na Minisiteri y\u2019ubumwe n\u2019ubudahenwa by\u2019abanyarwanda, mu rwego rwo kubategura gusubira mu buzima busanzwe bakabana neza nabo bahemukiye bakabicira ababo nkuko gahunda Leta y\u2019U Rwanda yahaye yo kugira igihugu cyunze ubumwe, aho abari gusoza ibihano batagurwa bakigishwa inyigisho zitandukanye zirimo kwirinda ikintu icyaricyo cyose cyatuma bongera kwisanga mu macakubiri.<\/p>\n\n\n\n<p>Ni igikorwa cyitabirwe na Komiseri Mukuru wungirije w\u2019urwego rw\u2019u Rwnda rushinzwe Igorora RCS, DCG Rose Muhisoni wasbye abitgura gusoza ibihano gukurikirana neza inyigisho bahabwa, ababwira ko izo nyigisho zizabafasha kubana neza mumuryango nyarwanda, asoza ashimira Minisitiri Bizimana waje gutanga ikiganiro kuri aba bagororwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Minisitiri Bizimana mu ijambo yagejeje ku bagororwa bariguhabwa inyigisho, yabasabye kuzagenda barahindutse kuko icyaha bakoze ari indengakamere ko bagomba kuzasubira mu buzima buzanzwe bagaragaza ko bahindutse, ahubwo bashishikajwe no kubaka igihugu kizira amacakubiri n\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside kuko Leta y\u2019u Rwanda icyo ishyize imbere ari iterembere ry\u2019abaturage n\u2019ubumwe bw\u2019abanyarwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Ni igikorwa cyitabiriwe n\u2019inzego z\u2019umutekano, umuyobozi w\u2019akarere ka Nyamagabe ndetse n\u2019abakozi b\u2019umwuga b\u2019urwego bakorera ku Igororero ry\u2019abagore rya Nyamagabe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"750\" height=\"1000\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/05\/DCG.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-15742\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/05\/DCG.jpg 750w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/05\/DCG-225x300.jpg 225w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/05\/DCG-38x50.jpg 38w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/05\/DCG-75x100.jpg 75w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/05\/DCG-300x400.jpg 300w\" sizes=\"(max-width: 750px) 100vw, 750px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">DCG Rose Muhisoni yasabye abagororwa bo ku Igororero rya Nyamagabe bahamijwe ibyaha bya Jenoside bari gusoza ibihano gukurikirana neza inyigisho bahabwa neza.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019ubumwe bw\u2019Abanyarwanda n\u2019ubureremboneragihugu, Dr Jean-Damasc\u00e8ne Bizimana, uyumunsi taliki 24 Gicurasi 2025, yahaye ikiganiro abagororwa bari kurangiza ibhino bo mu Igororero ry\u2019abagore rya Nyamagabe bahamijwe ibyaha bya Jenoside mu rwego rwo kubaganiriza kuri gahunda zitandukanye za leta.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":15753,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":66,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-15740","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15740","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15740"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15740\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":15750,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15740\/revisions\/15750"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/15753"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15740"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15740"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15740"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}