{"id":15423,"date":"2025-02-27T18:53:00","date_gmt":"2025-02-27T16:53:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=15423"},"modified":"2025-03-05T15:15:06","modified_gmt":"2025-03-05T13:15:06","slug":"cg-evariste-murenzi-komiseri-mukuru-wurwego-rwu-rwanda-rushinzwe-igorora-ari-muruzinduko-rwakazi-muri-seyisheli","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=15423","title":{"rendered":"CG Evariste Murenzi, Komiseri Mukuru w\u2019Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora  ari muruzinduko rw\u2019akazi muri Seyisheli"},"content":{"rendered":"<p>Uru ruzinduko rugamije gusuzumira hamwe amasezerano yo gusangira amahugurwa y\u2019abakozi hagati y\u2019inzego zombi nk\u2019uko byari byifujwe na Komiseri w\u2019Amagereza muri Seyisheri ubwo aheruka mu ruzinduko yagiriye mu Rwanda, umwaka watambutse muri Nzeri 2024. Bazaganira kandi kuburyo Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora rwatangira gusangiza ubunararibonye mu kuvugurura gahunda z\u2019amagororero n\u2019imyubakire igezweho mu rwego kubungabunga umutekano w\u2019amagororero mu gihugu cya Seyisheri.<\/p>\n<p>Ku munsi wa mbere yasuye Seyisheri, Komiseri Mukuru w\u2019Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora CG Evariste Murenzi yakiriwe na Komiseri w\u2019Amagereza muri Seyisheri, Madamu Janet Gorges ibiganiro byabo byarebaga cyane mu nyungu z\u2019inzego zombi harimo n\u2019ubufatanye mu bikorwa by\u2019umutekano n\u2019ibikoresho bya gereza n\u2019amagororero, gahunda yo kwigisha no guhugura abari mubihano,gahunda yo gusubiza mu buzima busanzwe abarangije ibihano,\u00a0 gutanga amahugurwa no kongerera ubushobozi abakozi b\u2019ibi bigo byombi n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>CG Evariste Murenzi kandi yasuye Minisitiri w\u2019umutekano w\u2019imbere mu gihugu Hon. Erol Fonseka, bagirana ibiganiro byibanze ku kwagura imikoranire ikarushaho kuba myiza muri serivisi z\u2019igorora nka kimwe mu bigo by\u2019ingenzi mu kubahiriza amategeko.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo kumenya imicungire n\u2019imikorere myiza y\u2019amagereza, basuwe Gereza ebyiri zitandukanye harimo n\u2019ifungiyemo abatarahamwa n\u2019ibyaha n\u2019indi irimo abamaze gukatirwa. Biteganijwe kandi ko urugendo nk&#8217;urwo ruzakorerwa muri gereza ya Montagne Posee no muri gereza ifungiyemo abakoze ibyaha bikomeye (High Security Facility \/Bonn Espoir) hamwe n\u2019ahandi, kugira ngo basangire ubunararibonye mu mikorere myiza y\u2019amagororero n\u2019amagereza.<\/p>\n<p>Leta y\u2019u Rwanda isanzwe ifitanye umubano mwiza n\u2019iki gihugu kuko nko kuva ku ya 28 Kamena kugeza ku ya 1 Nyakanga 2023, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasuye Seyisheli maze hasinywa amasezerano atandatu (6), ajyanye n\u2019imikoranire no gusangira ubumenyi hagati y\u2019ibihugu byombi. Kubw\u2019imibanire myiza kandi kuwa 11 Kanama 2024, ubwo Umukuru w\u2019Igihugu yarahiriraga ishingano zo kuyobora igihugu Perezida wa Seyisheli ari mubitabiriye uwo muhango.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu rwego rw\u2019imikoranire hagati y\u2019ibihugu byombi, guhera kuwa mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025, Komiseri Mukuru w\u2019Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, CG Evariste Murenzi ari mu ruzinduko rw\u2019akazi rw\u2019iminsi atatu mu gihugu cya Seyisheli nkuko na komiseri w\u2019amagereza muri icyo gihugu aheruka gusura u Rwanda muri Nzeri 2024.  <\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":15381,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":231,"footnotes":""},"categories":[9,57,8,99],"tags":[],"class_list":["post-15423","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-rcs-news","category-slider","category-slider-en"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15423","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15423"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15423\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/15381"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15423"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15423"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15423"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}