{"id":15368,"date":"2025-02-26T09:50:55","date_gmt":"2025-02-26T07:50:55","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=15368"},"modified":"2025-02-26T09:50:58","modified_gmt":"2025-02-26T07:50:58","slug":"abagororwa-biga-umwuga-wubuhinzi-nubworozi-bizeye-kuzabyaza-umusaruro-ibyo-bize","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=15368","title":{"rendered":"Abagororwa biga umwuga w\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bizeye kuzabyaza umusaruro ibyo bize"},"content":{"rendered":"\n<p>Aba banyeshuri bahamya ko mu gihe bazaba basoje ibihano bahawe bafite umugambi wo kuzana impinduka mu buhinzi n\u2019ubworozi biteye imbere ndetse bagahindura imyumvire ya bamwe mu baturage bumva amashuri y\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro ari iy\u2019igitsina gabo.<\/p>\n\n\n\n<p>Nkuko bitangazwa n\u2019abanyeshuri biga uyu mwuga, iri shuri ryabafashije kwiyungura ubumenyi mu by\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bya kijyambere, ibi bakaba babihurizaho banavuga ko bafite icyizere cyo kuziteza imbere ndetse bakazamura imyumvire y\u2019abahinzi n\u2019aborozi y\u2019aho batuye nyuma yo gusoza ibihano barimo.<\/p>\n\n\n\n<p>Uwimana Sifa umwe mu bagororwa bo mu Igororero rya Nyamagabe wiga muri iryo shuri yagize ati \u201cnaje mu igororero ntazi iby\u2019ubuhinzi ariko ubu maze kubimenya kandi nzi uburyo nahinga ibihingwa ku buso buto ngakuramo umusaruro mwinshi cyane. Ibi nzanabyigisha abaturanyi kandi nizeye ntashidikanaya ko ibyo nigiye aha bizamfasha kwiteza imbere.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Sifa yashimiye Leta y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019Igororero rya Nyamagabe uburyo babatekerezaho buri munsi bakamenya ibyo bakeneye kandi bizanabagirira umumaro mu gihe bazaba basubiye mubuzima busanzwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Byukusenge Adeline wiga ubuvuzi bw\u2019amatungo cyane cyane ayuza, yavuze ko ubu amaze kumenya kuvura indwara zose zikunze gufata aya matungo nk\u2019inka, ihene ndetse n\u2019intama kandi yizeye ko nasoza ibihano bye aziteza imbere ndetse akungura ubumenyi aborozi batuye aho akomoka.<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi w\u2019Igororero rya Nyamagabe SP Donatha Mukankuranga avuga ko aya&nbsp;&nbsp; masomo y\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro ahabwa abagorwa bagiye gusoza ibihano mu rwego rwo kubategura kuzasubira muri sosiyete batakiri umutwaro kumuryango ndetse n\u2019igihugu muri rusange, bityo bikanabarinda kongera gukora ibyaha.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p>Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora rwashyizeho amashuri y\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro ku Magororero yose aho umunyeshuri usoje amasomo ahambwa impamyabushobozi y\u2019ibyo yize bityo mugihe arangije ibihano bye akaba ashobora kujya ku isoko ry\u2019umurimo nk\u2019abandi bize mu mashuri asanzwe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"680\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/DSC0041-1024x680.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-15370\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/DSC0041-1024x680.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/DSC0041-300x199.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/DSC0041-768x510.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/DSC0041-1536x1020.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/DSC0041-2048x1360.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/DSC0041-50x33.jpg 50w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/DSC0041-100x66.jpg 100w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Abanyeshuri biga ibijyanye n&#8217;ubuhinzi n&#8217;ubworozi mu Igororero rya Nyamagabe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-1 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" data-id=\"15371\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/096A9651-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-15371\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/096A9651-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/096A9651-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/096A9651-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/096A9651-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/096A9651-2048x1365.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/096A9651-50x33.jpg 50w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/02\/096A9651-100x67.jpg 100w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Abanyeshuri biga iby&#8217;ubworozi bari gufata amasomo ajyanye n&#8217;uyu mwuga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abari n\u2019abategarugori bagororerwa mu Igororero rya Nyamagabe biga mu ishuri ry\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro ishami ry\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bafite icyizere cyo kuziteza imbere bijyanye n\u2019uko igihugu cy\u2019u Rwanda benshi batunzwe n\u2019uyu mwuga.<\/p>\n","protected":false},"author":32,"featured_media":15369,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":115,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-15368","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15368","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/32"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15368"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15368\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/15369"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15368"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15368"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15368"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}