{"id":13908,"date":"2024-06-16T15:36:00","date_gmt":"2024-06-16T13:36:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13908"},"modified":"2024-06-19T17:20:13","modified_gmt":"2024-06-19T15:20:13","slug":"ku-munsi-mukuru-wumwana-wumunyafurika-abana-bagororerwa-mu-igororero-rya-nyagatare-bavuze-imyato-leta-yu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13908","title":{"rendered":"Ku munsi mukuru w\u2019umwana w\u2019umunyafurika Abana bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare bavuze imyato leta y\u2019u Rwanda"},"content":{"rendered":"\n<p>Abo bana bishimira ko mubyo Leta y\u2019u Rwanda yitaho harimo no gukurikirana abana bagonganye n\u2019amategeko bari kugororwa,aho bavuga ko ari uburyo bwiza bwo kubategura mumutwe kuko aribo Rwanda rw\u2019ejo, bavuga ko mubyo bishimira harimo ubumenyi bahabwa mumashuri, kwigishwa imyuga n\u2019ubumenyingiro bikazabafasha basoje ibihano basubiye mubuzima busanzwe ari abaturage beza babereye u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Mbabazi Kenia umwe mubana bahoze bagororerwa mu Igororero ry\u2019abana rya Nyagatare wari waje mugikorwa cya Garuka ushime yavuze ko yashimishijwe nuko yigiye umwuga mu Igororero ukaba ariwo umutunze.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati \u201c Ndashima RCS, idahwema kwita kubana baba baraje mu igororero batarageza imyaka y\u2019ubukure ikababera umubyeyi aho ababyeyi babo batari, nshimira kandi umuryango DIDE wadufashije mu biganiro bya Mvura nkuvure byadufashije gusohoka mu bywigunge binyuze mu biganiro bitandukanye baduhaga, ubu bamwe tukaba tubeshejweho n\u2019umwuga twigiye mu Igororero, ni iby\u2019agaciro gakomeye.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Nkundiriyimana Hussen nawe waje muri Garuka ushime, yavuze uburyo yaje kugororwa agakomeza amasomo ahawe imbabazi na perezida wa Repulika.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Nyuma yo gutsinda ikizamini cya Leta tugahabwa imbabazi na Nyakubahwa perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda nakomeje amashuri hanze, mu mibare n\u2019ubugenge umwaka utaha nzajya muri kaminuza, ndabasaba buri wese guha agaciro amasomo yigira hano mu gihe ari kugororwa.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Mukansoro Odette umuyobozi w\u2019umuryango Foundation Dide ugira uruhare muri gahunda yo kugorora abagororwa cyane mu biganiro bya mvura nkuvure yabwiye &nbsp;abana ko ubuzima butarangirira mu igororero hanze hari amahirwe menshi.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Hari abana baza bafite ihungabana iyo bamaze kugwa mu cyaha bibaza uko bagiye kubaho mubuzima bwo mu Igororero, ariho Dide ifatira inshingano bagahabwa ibiganiro bitandukanye bifasha kwiyakira no kumenya uko bazitwara mu gihe bazamara mu Igororero bikabafasha no kumenya ko nubwo baguye mucyaha ubuzima buba bukomeje, ndabasaba rero gukoresha amahirwe mwabonye yo kwiga mukazayabyaza umusaruro kuko ubuzima butarangirira mu Igororero, hanze hari amahirwe menshi afite aho ahuriye n\u2019ubumenyi mwigiye hano mugororwa.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>ACP Dr George Ruterana, waje uhagarariye komiseri Mukuru w\u2019urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, yavuze Ko umunsi w\u2019umwana w\u2019umunyafurika, kugirango ubeho byaturutse kuburenganzira bw\u2019umwana w\u2019umunyafurika bwari bwahutajwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati \u201c Igihe uburenganzira bw\u2019umwana w\u2019umunyafurika bwahutazwaga abana bo muri Afurika y\u2019epfo b\u2019abirabura bakicwaga bazira guharanira uburenganzira bwabo bwo kwiga mu 1976, nari mfite imyaka 10, ariko ifoto y\u2019umwana warashwe nubu ntijya imva mumutwe, ibi nibyo byatumye habaho umunsi wagenewe umunsi w\u2019umwana w\u2019umunyafurika ari nayo mpamvu RCS, nayo iha agaciro uyu munsi kuko nayo ifite abana yitaho murwego rwo kubafasha kurengera ubuzima bwabo, hari abana babana n\u2019ababyeyi babo biturutse kukuba batarageza imyaka yo gutandukanywa nabo, hari abandi bakora ibyaha bikaba ngombwa ko baza kugororwa biturutse ku byaha baba baguyemo, abo bose rero RCS iba igomba kubitaho ariyo mpamvu uyumunsi tuwubahiriza.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Kugeza ubu Igororero ry\u2019abana rya Nyagatare rigororerwamo abana 544, harimo abana b\u2019abakobwa 33 n\u2019abana b\u2019abahungu 511, biga amasomo atandukanye arimo imyuga n\u2019ubumenyingiro ndetse n\u2019amasomo biga mu ishuri bagakora ibizamini bya Leta.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"580\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Child-day-1024x580.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13910\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Child-day-1024x580.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Child-day-300x170.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Child-day-768x435.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Child-day-1536x870.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Child-day-2048x1161.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Child-day-50x28.jpg 50w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Child-day-100x57.jpg 100w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Abana mu ndirimbo n&#8217;ibindi bihangano beretse abari byarimo kuvuga imyato Leta y&#8217;u Rwanda.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"595\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-2-1024x595.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13911\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-2-1024x595.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-2-300x174.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-2-768x446.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-2-1536x893.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-2-2048x1190.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-2-50x29.jpg 50w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-2-100x58.jpg 100w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Indirimbo zaranze umunsi w&#8217;umwana w&#8217;umunyafurika abana bari banezerewe cyane.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"494\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-5-1024x494.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13944\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-5-1024x494.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-5-300x145.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-5-768x371.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-5-1536x741.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-5-2048x988.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-5-50x24.jpg 50w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/nyag-5-100x48.jpg 100w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Abana bagororerwa mu Igororero ry&#8217;abana rya Nyagatare bishimira uburezi bahabwa bari kugororwa.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"905\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Mukansoro-Odette-umuyobozi-DIDE-1024x905.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13946\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Mukansoro-Odette-umuyobozi-DIDE-1024x905.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Mukansoro-Odette-umuyobozi-DIDE-300x265.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Mukansoro-Odette-umuyobozi-DIDE-768x678.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Mukansoro-Odette-umuyobozi-DIDE-1536x1357.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Mukansoro-Odette-umuyobozi-DIDE-2048x1809.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Mukansoro-Odette-umuyobozi-DIDE-50x44.jpg 50w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/Mukansoro-Odette-umuyobozi-DIDE-100x88.jpg 100w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Mukansoro Odette umuyobozi w&#8217;umuryango Foundation DIDE yasabye abana ba Nyagatare kubyaza umusaruro amasomo bahabwa.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1020\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-1020x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13947\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-1020x1024.jpg 1020w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-300x301.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-150x150.jpg 150w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-768x771.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-1530x1536.jpg 1530w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-2040x2048.jpg 2040w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-50x50.jpg 50w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/ACP-Dr-George-Ruterana-Komiseri-ushinzwe-ubuzima-nimibereho-muri-RCS-100x100.jpg 100w\" sizes=\"(max-width: 1020px) 100vw, 1020px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">ACP George Ruterana yavuze uburyo umunsi w&#8217;umwana w&#8217;umunyafurika wagiyeho n&#8217;impamvu muri RCS kuri uwo munsi bibanda ku bana bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/group-child-day-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13950\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/group-child-day-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/group-child-day-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/group-child-day-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/group-child-day-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/group-child-day-2048x1365.jpg 2048w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/group-child-day-50x33.jpg 50w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/06\/group-child-day-100x67.jpg 100w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Abitabiriye umunsi w&#8217;umwana w&#8217;umunyafurika bafashe ifoto y&#8217;urwibutso.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abana bagororerwa mu Igororero ry\u2019abana rya Nyagatare mu bihangano bitandukanye bagaragarije abitabiriye umunsi w\u2019umwana w\u2019umunyafuriaka, ufite insanganyamatsiko igira iti \u201cuburezi kuri bose igihe n\u2019iki\u201d bavuze imyato Leta y\u2019u Rwanda uburyo idahwema kwita ku baturage bayo cyane abana ibaha uburezi kuri bose.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":13910,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":99,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-13908","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13908","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13908"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13908\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/13910"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13908"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13908"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13908"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}