{"id":13415,"date":"2024-03-21T09:23:39","date_gmt":"2024-03-21T07:23:39","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13415"},"modified":"2024-03-23T10:38:21","modified_gmt":"2024-03-23T08:38:21","slug":"abatuye-mu-mudugudu-wubudaheranwa-mu-murenge-wa-rweru-bishimiye-abashyitsi-baturutse-mu-gihugu-cya-botswana-babasuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13415","title":{"rendered":"Abatuye mu mudugudu w\u2019ubudaheranwa mu murenge wa Rweru bishimiye abashyitsi baturutse mu Gihugu cya Botswana babasuye"},"content":{"rendered":"\n<p>Umwe mubakoze Jenoside utuye mumudugudu w\u2019ubudaheranwa Matabaro cyprien &nbsp;yavuze ko ashimira Perezida wa Repubulika ko ari impano Imana yahaye u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Ndashima Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame waduhaye imbabazi kuko tutiyumvishaga aho kubabarirwa byaturuka, ndashimirakandi ubuyobozi bwa RCS bwita kubari mumagororero kuko hari benshi bari bariciwe ababo ari abakozi ku magororero ariko ntabwo bigeze bihorera, kandi nkabashimira uko bategura abagiye &nbsp;gusubira mumuryango nyarwanda, mubyukuri imiyoborere mibi ya perezida Habyarimana wari uyoboye Igihugu icyo gihe yari mibi cyane kuko yigishaga amacakubiri, ari naho itandukaniye na Leta iriho ubu yimakaze ubumwe bw\u2019abanyarwanda nta vangura iryariryo ryose, urebye uko tubanye muri uyu mudugudu tubanye neza turasurana, turasngira muri rusange tubanye neza ariko ibi byose tubikesha umuryango Prison Fellowship kuko ariyo yagize uruhare runini mugutanga inyigisho zatumye tubana amahoro.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yasoje ashimira imbere y&#8217;abantu bari aho umubyeyi yiciye umuryango&nbsp; amusaba gukomeza mutima w&#8217;imbabazi agira avugako nyuma yo kugirirwa imbabazi yigishije abana be kwirinda ikintu cyose cyatuma habaho amacakubiri yatuma Jenoside yongera kubaho ukundi.<\/p>\n\n\n\n<p>Uwamungu Louise wiciwe umuryango we muri Jenoside na Matabaro we akaza kurokoka yavuze kumateka mabi ashaririye baciyemo ariko ko babirerenze ubu bakaba babanye neza.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Twaciye mumateka ashaririye ariko twaje kuyarenga ubu tubanye neza muri uyu mudugudu w\u2019ubudaheranwa, ndibuka uburyo ababyeyi banjye bishwemo muburyo bw&#8217;agashinyaguro ubuyobozi bwariho burebera ntibwagira icyo bukora gusa kubw&#8217;amahirwe habonetse umucunguzi ariwe Paul Kagame n\u2019izindi ntwari bafatanyije guhagarika Jenoside batugarurira icyizere cy\u2019ubuzima nubwo bitari byoroshye ariko byarashobotse tubanye neza mumahoro turasangira, turagenderana ndetse tukanashyingirana, mubyukuri tubanye neza mumahoro.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>SACP Thato Andy Seth, umwe mu bashyitsi baturutse muri Botswana yavuze ko mubyo abantu bibaza ari uburyo umuntu wakorewe Jenoside yabana nuwo yayikoreye bigakund.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mubyukuri umuntu wese yakwibaza ukuntu umuntu wiciwe umuryango muri Jenoside yabana n\u2019uwamwiciye umuryango, bigakunda ariko binyuze mubuhamya bwatanzwe twabonye ko bishoboka kuko hari aho byakunze, iyi ni inkuru nzabwira abandi kandi nsaba ko Jenoside itazongera kuba ukundi, natwe tugiye gutangira kwigisha abari mumagororero kwiga kubabarira kuko hari aho byakozwe bigakunda.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>S\/Supt Uthant Katse nawe waturutse muri Botswana yavuze abantu bageze kuntego zabo zo gufasha abaturage kubabarira ari abantu babiri ku isi yamenye aribo Mandela na Kagame.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mubyukuri navuga ko abantu namenye bakoze ibikorwa by\u2019indashyikirwa&nbsp; bagafasha abaturage kubabarirana ari aba perezida babiri ku isi aribo Kagame na Mandela ndasaba buriwese gusengera perezida mugasengera nuyu mudugudu w&#8217;ubudaheranwa kugirango ubumwe bukomeze busangambe, ndababwira ko nakunze u Rwanda kandi ndifuza kuzabona abakazana muri uyu mudugudu.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>S\/Supt Robert Segoea nawe nk\u2019umushyitsi yavuze ko azatanga ubuhamya bw&#8217;ibyo yiboneye nibyo yivumviye n&#8217;amatwi ye kandi ndabashimira abatuye umudugudu uburyo babanye.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mubyukuri amateka igihugu cyanyuzemo kwiyumvisha ko abantu bayaciyemo adahuye harimo bamwe bahemukiye abandi bakaba babanye mumahoro ntawapfa kubyumva, gusa iki ni ikimenyetso ko ahari ubushake<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi wungirije w\u2019Akarere ka Bugesera ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage Imanishimwe Yvette, yashimye abashyitsi bahisemo kuza gusura umudugudu w\u2019ubudaheranwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Ndashimira abashyitsi bahisemo kuza gusura uyu mudugudu w\u2019ubumwe n\u2019ubudaheranwa, aho baribwiyumvire ubuhamya b\u2019abatuye uyu mudugudu uko babanye mu gihe iyo hari abumva ko ari ibintu bidashoboka bitewe n\u2019amateka mabi ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, kuko guhuza imiryango yiciwe n\u2019imiryango yagize uruhare mukubica ntabwo ari urugamba rukomeye, ariko hano byarakunze muraza kwiyumvira ubuhamya, rero turabashimira kuba mwarahisemo kuza gusura uyu mudugudu kuko hari benshi baje kuwigiraho.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Ngaruyinka celestin Umuyobozi nshingwabikorwa w\u2019umuryango Prison Followship yashimiye ingabo zari iza RPA, zahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, hakimakazwa bashyira ingufu muri gahunda y&#8217;ubumwe n&#8217;ubwiyunge.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mbere na mbere ndashimira ingabo z\u2019u Rwanda zari iza RPA, zahagaritse Jenoside, zikimakaza gahunda y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge yashibutsemo iterambere rigaragara buriwese, gusa nyuma y\u2019urugamba rwo guhagarika Jenoside hari urundi rugamba narwo rutoroshye rwo kurwana n\u2019ibikomere abayirokotse basigiwe nayo,&nbsp; niho umuryango Prison Fellowship wafatiye iyambere ugatangira inyigisho z\u2019ihumure&nbsp; zifasha abagizweho ingaruka na Jenoside ndetse nokwigisha abayikoze ibyiza byo kubohokera abo bayikoreye bagasaba imbabazi, muri gahunda y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge bigishwa gusaba imbabazi nabahemukiwe bakigishwa ibyiza byo kubohoka ukababarira, turashimira ubuyobozi bwa RCS bwemeye kudufasha tukajya dukorana baktureka tukinjira mumagororero kwigisha abakoze ibyaha urugendo rwo kubohoka no kwigirira icyizere no kwihana bagasaba imbabazi abo bahemukiye abantu bakigishwa amateka bagasobanukirwa ugasanga aribo babaye abambere mugutanga ubuhamya kandi byatangiye gutanga umusaruro kuko hari ababigiriyemo bahabwa imbabazi za nyakubahwa perezida wa Repubulika bari baranditse basaba imbabazi, twatangiye kubaka uyu mudugudu mu mwaka 2005 kugeza 2008 kandi abawutuyemo babanye neza barasurana ndetse bakanashingirana kandi turi abahamya babyo kandi ubona ko byatumye hari benshi baza kuwigiramo bitewe nuko bumvise amateka yawo.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma yo gusura umudugudu abashyitsi n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora bagize ubusangiro murwego rwo kubasezeraho neza bataramirwa n\u2019inganzo ngari karahava.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13417\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Komiseri w&#8217;amagereza muri Botswana arikumwe na komiseri mukuru wa RCS, basuye ibikorwa bitandukanye bifasha abatuye umudugudu w&#8217;ubudaheranwa kwiteza imbere.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"597\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra3-1024x597.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13418\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra3-1024x597.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra3-300x175.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra3-768x447.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra3-1536x895.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra3-2048x1193.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Bashimishijwe nuko abatuye muri uyu mudugudu babanye barajwe ishinga n&#8217;iterambere.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6173-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13419\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6173-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6173-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6173-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6173-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6173-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Mumusangiro wa wo kubasezeraho ubwo komiseri mukuru wa RCS yahaga mugenzi we impano amaushimira ko yahisemo gusura u Rwanda.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6119-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13421\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6119-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6119-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6119-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6119-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6119-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Komiseri w&#8217;amagereza mu Rwanda nawe yaheye impano mugenzi we.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6158-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13422\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6158-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6158-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6158-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6158-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6158-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6057-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13423\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6057-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6057-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6057-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6057-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6057-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6083-1-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13426\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6083-1-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6083-1-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6083-1-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6083-1-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6083-1-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6010-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13424\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6010-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6010-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6010-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6010-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6010-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6058-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13425\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6058-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6058-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6058-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6058-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/1A1A6058-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abatuye mu mudugudu w\u2019ubudaheranwa mu murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera, bishimiye abashyitsi baturutse mugihugu cya Botswana murwego rw\u2019Amagereza baje kubasura mu mudugudu w\u2019ubumwe n\u2019ubudaheranwa.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":13416,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":19,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-13415","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13415","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13415"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13415\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/13416"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13415"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13415"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13415"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}