{"id":13403,"date":"2024-03-21T19:31:49","date_gmt":"2024-03-21T17:31:49","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13403"},"modified":"2024-03-22T11:11:52","modified_gmt":"2024-03-22T09:11:52","slug":"komiseri-wamagereza-muri-botswana-yasuye-umudugudu-wubumwe-nubudaheranwa-mu-karere-ka-bugesera-yishimira-uko-abawutuye-babanye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13403","title":{"rendered":"Komiseri w\u2019amagereza muri Botswana yasuye umudugudu w\u2019ubumwe n\u2019ubudaheranwa mu karere ka Bugesera yishimira uko abawutuye babanye"},"content":{"rendered":"\n<p>Muruzinduko rw\u2019akazi rw\u2019iminsi itanu komiseri w\u2019amagereza muri Botswana nitsinda barikumwe mu Rwanda basuye ibice bitandukanye bageze ku ngoro y\u2019amateka yoguhagarika Jenoside basobanurirwa uburyo abanyarwanda aribo bafashe iyambere mu guhagarika Jenoside amahanga arebera banabwirwa kumateka y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge bwaranze abanyarwanda nyuma y\u2019amahano yabaye n\u2019umudugudu ubamo abarokotse Jenoside na bamwe mubayikoze bakiyemeza gusaba imbabazi abo biciye niko kugira igitekerezo cyo gusura uwo mudugudu.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu ijambo rye Komiseri w\u2019amagereza muri Botswana Anthony Manjubu, yavuze ko akazi ko kugorora gasaba ubwitange kuko uhuza impande zombi bigasaba kujya hagati.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d mubyukuri akazi ko kugorora ni akazi katoroshye kuko bisaba guhuza abakoze ibyaha n&#8217;ababikorewe aho bisaba kwigisha impande zombi, usaba imbabazi akazitangauzitanga akazitanga &nbsp;kugira ngo buriwese agere kurwego rwo kuba yakumva uburemere bw\u2019icyo kintu aba akoze, ibi ni ibyerekana ko abanyarwanda mufite ubumwe&nbsp;&nbsp; kandi mufite n\u2019urukundo kuko na bibiliya mubyo yigisha harimo kandi ko rutagambirira ikibi ndasaba buriwese kurangwa n&#8217;ibyiza akirinda ikibi.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yasoje avuga ko mu Rwanda bigiyemo byinshi kandi ko ubwenge burahurwa asoza ashimira perezida wa Repubulika ku rwego agejejeho abaturage abasaba kujya bamusengera kuko azabageza kubyiza byinshi.<\/p>\n\n\n\n<p>CG Evariste Murenzi yashimiye Komiseri wa Botswana wahisemo gusura U Rwanda nk\u2019igihugu cya mbere kuva yahabwa izo nshingano ndetse amushimira kuba yarahisemo gusura uyu mudugudu.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Ndashimira komiseri w\u2019amagereza muri Botswana wahisemo gusura u Rwanda kuva yahabwa inshingano zokuyobora amagereza, mu ruzinduko bagize basuye ibice bitandukanye bageze ku ngoro y\u2019amateka yoguhagarika Jenoside babwiwe ubutwari bw\u2019abanyarwanda bamvise n\u2019amateka y\u2019ababana mumudugudu umwe kandi bamwe ari abarokotse Jenoside n\u2019abayikoze basaba kuwusura igitekerezo nuko cyaje, ndashimira kandi umuryango Prison Fellowship yakoze igikorwa cyo guhuza abakoze Jenoside n\u2019abayikorewe bakaba babana mu mahoro ntakwishishanya kuko ari urugendo rutoroshye rwo guhuza ibyo byiciro byombi bitewe n\u2019amateka yabaranze.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Kuba abantu bakoze Jenoside babana n\u2019abayirokotse ni ikimenyetso gikomeye cy\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge kuko hari nabo utabibwira ngo bapfe kubyemera ariko ababo biyumviye ubuhamya bwababana kandi mumahoro bari muri ibyo byicyiro byombi.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"684\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-6-1024x684.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13407\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-6-1024x684.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-6-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-6-768x513.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-6-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-6-2048x1367.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Komiseri w&#8217;amagereza muri Botswana Anthony Manjubu Mokento yishimiye uburyo abatuye mumudugudu w&#8217;ubumwe n&#8217;ubudaheranwa babanye neza.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13409\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra-5-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Beretswe bimwe mubikorwa bitandukanye bibahuye bakuramo inyungu zitandukanye.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"840\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra2-1024x840.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13411\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra2-1024x840.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra2-300x246.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra2-768x630.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra2-1536x1260.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/bgsra2-2048x1680.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Komiseri wa Botswana Botswana Anthony Manjubu Mokento yahawe impano n&#8217;abagore batuye mu mudugudu w&#8217;ubudaheranwa.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komiseri w\u2019amagereza muri Botswana Anthony Manjubu Mokento n\u2019itsinda ryaje rimuherekeje, barikumwe na komiseri Mukuru w\u2019urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, CG Evariste Murenzi, basuye umudugudu w&#8217;ubumwe n\u2019ubudaheranwa mumurenge wa Rweru mukarere ka Bugesera batungurwa nuko abantu bakoze Jenoside babanye neza nabo biciye bakarenga ibyabaye bakaba bashishikajwe n\u2019iterambere.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":13404,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":3,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-13403","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13403","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13403"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13403\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/13404"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13403"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13403"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13403"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}