{"id":13320,"date":"2024-02-26T18:27:00","date_gmt":"2024-02-26T16:27:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13320"},"modified":"2024-02-28T07:33:45","modified_gmt":"2024-02-28T05:33:45","slug":"itsinda-ryabashyitsi-baribaturutse-muri-usaid-ikigo-cy-abanyamerika-gitanga-ubufasha-butandukanye-mu-baturage-ku-isi-basuye-igororero-rya-rwamagana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13320","title":{"rendered":"Itsinda ry\u2019abashyitsi baribaturutse muri USAID ikigo cy\u2019 Abanyamerika gitanga ubufasha butandukanye mu baturage ku isi, basuye Igororero rya Rwamagana"},"content":{"rendered":"\n<p>Mumwanya bahamaze baganiriye n&#8217;abagororwa Kuburyo bw\u2019imiburanire n\u2019uko bafashwa cyane kubaje badakatiye ndetse n&#8217;abifuza kujuririra ibihano baba barakatiwe n&#8217;inkiko ndetse n\u2019abagororwa bafasha abandi,&nbsp;baganirizwa ibyerekeye amategeko banasobanurirwa ko bamwe mu bafungwa muribo babafasha mubijyanye n&#8217;ubutabera abandi nabo bakaba Barahuguwe nabagenzi babo bageze mu igororero, aho baganiriza bagenzi babo ibyerekeye uko wakwitwara imbere y&#8217;urukiko ndetse n&#8217;imvugo wakoresha imbere y&#8217;urukiko igihe wemera cyangwa uhakana icyaha.<\/p>\n\n\n\n<p>Bamwe mu bagororwa batanga ubwo bufasha, bavuzeko ibyo bakora bitanga umusaruro, kuko hari ingero nyinshi zabo bafashije kandi bigatanga umusaruro ndetse ko hari bamwe mu bagororwa batanga ubuhamya bavuga ko bagiriwe inama na bagenzi babo bajya kuburana bakagabanyirizwa ibihano kandi mbere bari barahamijwe ibyaha bakanatirwa ibihano birebire, bagendeye ku nama bagiye bagirwa na bagenzi babo nta mwunganizi ubunganira bagakurikiza ibyo bamubwiye.<\/p>\n\n\n\n<p>Banaganiriye kandi n&#8217;abagororwa bafasha bagenzi babo mubijyanye n&#8217;ubuzima&nbsp;muribo hakaba hari abari basanzwe bakora muri serivisi z\u2019ubuzima mbere yuko bakora ibyaha, bakaba bavuga ko bafite itsinda rishinzwe kwita kubagize ibibazo ibyaribyo byose bijyanye n\u2019ubuzima, kandi ko babona bitanga umusaruro, bavuga ko ibi byose bituruka kubuyobozi bwiza, bwita kubuzima bwa burimuturarwanda wese kuri serivisi z\u2019ubuzima zirimo nko gukingirwa indwara zitandukanye, gutera imiti yica imibu itera maralia, kujyanwa kwa muganga n\u2019izindi gahunda zose zirebana n\u2019ubuzima.<\/p>\n\n\n\n<p>Abagororwa kandi babwiye abashyitsi ko mu igororero, babona umwanya wo kwidagadura umuntu wese agakina umukino yifuza kuko harimo ibibuga bitandukanye, amaclub atandukanye ndetse n\u2019amadini n\u2019amatorero bifasha umuntu ufunze kutihugiraho, ikindi kandi bakabona n\u2019amahirwe yo kwiga imyuga izabafasha kwibeshaho basoje ibihano basubiye mubuzima busanzwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Itsinda ry\u2019abashyitsi ryinjiye mu igororero bareba uko abagororwa babaho imbere mu gipangu batungurwa n\u2019isuku ihari kandi haba abantu benshi, babaza umuyobozi w&#8217;igororero uko bigenda ngo isuku ibe ihari abasubiza ko bijyana n\u2019ingamba ziba zarashyizweho n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;igororero kugira ngo himakazwe isuku ndetse n&#8217;umwuka mwiza mu igororero.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"558\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG3_-1024x558.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13323\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG3_-1024x558.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG3_-300x163.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG3_-768x418.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG3_-1536x836.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG3_-2048x1115.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Baganiriye n&#8217;abagororwa kumibereho n&#8217;ubuzima bwa burimunsi mu igororero.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"586\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG-5-1024x586.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13325\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG-5-1024x586.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG-5-300x172.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG-5-768x439.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG-5-1536x879.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/USAID.JPG-5-2048x1172.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Binjiye mu Igororero imbere batungurwa n&#8217;isuku iharangwa kandi haba abantu benshi.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mubyagenzaga abo bashyitsi, harimo kuganira n\u2019Abagororwa n\u2019abantu bafunzwe bari mu igororero rya Rwamagana kubijyanye n\u2019imibereho, ubuzima ndetse na serivisi z\u2019ubutabera bahabwa bari mu Igororero. <\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":13321,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":7,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-13320","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13320","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13320"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13320\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/13321"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13320"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13320"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13320"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}