{"id":13172,"date":"2024-01-13T14:38:20","date_gmt":"2024-01-13T12:38:20","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13172"},"modified":"2024-01-14T14:52:15","modified_gmt":"2024-01-14T12:52:15","slug":"minisitiri-gasana-yasabye-abaturage-ba-nyanza-kugira-umuco-wo-gukunda-ibiti-ndetse-bakabikundisha-nabato","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13172","title":{"rendered":"Minisitiri Gasana yasabye abaturage ba Nyanza kugira umuco wo gukunda ibiti ndetse bakabikundisha n\u2019abato"},"content":{"rendered":"\n<p>Ibiti bitandukanye byatewe harimo ibivangwa n\u2019imyaka, ibyera imbuto ziribwa n\u2019ibindi bishobora gusarurwa bigakoreshwa ibindi bikorwa byabyarira banyirabyo inyungu, aho mubitabiriye gutera ibyo biti harimo inzego z\u2019umutekano zose, abasirikare, abapolisi n\u2019abakozi b\u2019Urwego b\u2019umwuga, murwego rwokurengera ibidukikije, nkuko Leta y\u2019u Rwanda yabyiyemeje kuko ibiti ari ingenzi kubuzima bwa muntu.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu ijambo minisitiri Gasana yabwiye abaturage b\u2019akarere ka Nyanza, yababwiye ko kurengera ibidukikije ari inshingano ya buriwese, abasaba no kubikundisha abato.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Ndagirango abaturage b\u2019akarere ka Nyanza mbasabe buriwese agire umuco wo gukunda ibiti, kuko aribwo buryo bwatuma turushaho kurengera ibidukikije, ibi ntitwabigeraho tutabikundishije abana bacu ariyo mpamvu mbasaba kubikundisha abato kugirango n\u2019umwana azakure yumva ko ibiti ari ingirakamaro kubuzima bwe, ibiti byatewe harimo ibyera imbuto ziribwa, ibisarurwa bikagirira akamaro ba nyirabyo, rero nkaba nsaba buriwese guha agaciro igiti aho azajya akibona hose. Mbifurije kuzagira umwaka mwiza wa 2024.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma y\u2019umuganda abaturage bahawe umwanya maze babaza minisitiri ibibazo birebana n\u2019umutekano nawe abizeza ko bigiye gukemuka kubufatanye n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyanza.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"486\" height=\"897\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/Nyanza-umug-3.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13177\" style=\"aspect-ratio:0.5418060200668896;width:840px;height:auto\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/Nyanza-umug-3.jpeg 486w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/Nyanza-umug-3-163x300.jpeg 163w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/Nyanza-umug-3-300x554.jpeg 300w\" sizes=\"(max-width: 486px) 100vw, 486px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Minisitiri w&#8217;umutekano mugihugu Gasana Alfred na Komiseri Mukuru wa RCS, CGP Evariste Murenzi batera Igiti.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uyumunsi taliki ya 13 Mutarama 2024, Minisitiri w\u2019umutekano mu Gihugu Alfred Gasana, arikumwe na Komiseri Mukuru wa RCS, CGP Evariste Murenzi, Komiseri Mukuru wungirije muri Polisi ushinzwe abakozi n\u2019imiyoborere DIGP Chantal Ujeneza, bafatanyije n\u2019abayobozi b\u2019akarere ka Nyanza n\u2019abaturage baho, bateye ibiti 6543 bitandukanye kuri hekiteri 54 mu murenge wa Ntyazo murwego rwo gukomeza kurengera ibidukikije.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":13179,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":4,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-13172","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13172","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13172"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13172\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/13179"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13172"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13172"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13172"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}