{"id":13136,"date":"2024-01-11T14:40:30","date_gmt":"2024-01-11T12:40:30","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13136"},"modified":"2024-01-11T14:40:32","modified_gmt":"2024-01-11T12:40:32","slug":"minisitiri-gasana-yabwiye-abatabiriye-umuhango-wo-gusoza-amahugurwa-yabakozi-bato-ba-rcs-ko-kugorora-bwahindutse-ari-ukwigisha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=13136","title":{"rendered":"Minisitiri gasana yabwiye abatabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y\u2019abakozi bato ba RCS ko kugorora bwahindutse ari ukwigisha"},"content":{"rendered":"\n<p>Wasangaga mubihe byashize uwakoraga icyaha bikaba ngombwa ko ajyanwa gusoreza igihano cy\u2019icyaha yakoze mu Igororero, byari ugufungwa bitandukanye na gahunda ya leta muri iyiminsi aho uwakoze icyaha yigishwa amasomo atandukanye arimo n\u2019imyuga yamufasha kwibeshaho nyuma yo gusoza igihano asubiye mubuzima busanzwe, nkaho hari imyuga yingenzi biga irimo ubwubatsi, ubukanishi, gukora amazi, gukora amashanyarazi, ububaji, gusudira, ubudozi, gutunganya umusatsi n\u2019iby\u2019ubwiza hari n\u2019abiga gukora ibikomoka ku mpu ndetse n\u2019abiga ikoranabuhanga.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu ijambo Minisitiri w\u2019umutekano yabwiye abari bitabiriye umuhango wo gusoza amauhugurwa n\u2019abari bayasoje yababwiye ko hari amavugurura yakozwe agamijwe kugorora byanyabyo, uwakoze icyaha agasohoka yaragororotse byanyabyo.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mugiye kwinjira mukazi mugihe leta y\u2019u Rwanda yakoze amavugurura mumatekego anoza uburyo bwo kwita kubagororwa hagamijwe gushyira imbaraga munyigisho zibategura kuzasubira mumiryango yabo ari abaturage beza, muri ayo mavugurura icyashyizwe imbere ni ugufasha uwakatiwe igihano n\u2019inkiko n\u2019uwakatiwe igihano cy\u2019inyungu rusange kugororoka biciye munyigisho ahabwa zimuha umwanya wokwitekerezaho akitandukanya burundu n\u2019icyaha yakoze, izindi nyigisho ni izijyanye n\u2019ubumenyingiro, biradusaba guhindura imyumvire kuko uwakoze icyaha ashobora gukora igihano cy\u2019icyaha yakoze ataha iwe.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje ababwira ko hari ibindi bigo birikubakwa aho uzaba usigaje igihe gito azajya icishwamo agahabwa inyigisho zitandukanye zijyanye n\u2019ubureremboneragihugu, kwihangira imirimo, kwigishwa imyuga ndetse no guhuzwa n\u2019imiryango yabo bakoreye ibyaha, bahabwa inyigisho zihariye zo kubategura gusubira mubuzima busanzwe ikirenze ibindi abazaba bari muri ibyo bigo bazajya bahuzwa naba rwiyemezamirimo kugirango batangire bahuze ubumenyi bahawe n\u2019ibikenewe ku isoko ry\u2019umurimo murwego rwokwitegura kuzatera imbere, kimwe muri ibyo bigo kikaba cyaratangiye kubakwa mukarere ka Rwamagana.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yasoje abasaba kuzarangwa n\u2019imyitwarire myiza, birinda kwishora mubyaha bitandukanye babera abo bayoboye icyitegererezo kuko aribyo bizatuma n\u2019abo bayobora bahinduka byanyabyo.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-1 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"767\" data-id=\"13139\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-6JPG-1-1024x767.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13139\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-6JPG-1-1024x767.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-6JPG-1-300x225.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-6JPG-1-768x575.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-6JPG-1-1536x1151.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-6JPG-1-2048x1535.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Ubwo Minisitiri Gasana yatangaga ibihembo kubahize abandi mu masomo bari bamazemo amezi 10.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-2 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"883\" data-id=\"13140\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-12JPG-1024x883.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13140\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-12JPG-1024x883.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-12JPG-300x259.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-12JPG-768x662.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-12JPG-1536x1325.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-12JPG-2048x1767.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Yavuze ko gahunda ya Leta ari uko umuntu ufunzwe yajya ahabwa amasomo atandukanye azamufasha asoje ibihano.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-3 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"482\" data-id=\"13141\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-7JPG-1-1024x482.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-13141\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-7JPG-1-1024x482.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-7JPG-1-300x141.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-7JPG-1-768x361.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-7JPG-1-1536x722.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/01\/passout-7JPG-1-2048x963.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Abasoje barahiriye ko bazakora inshingano zo kugorora neza kubo bafite munshingano.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mumuhango wo gusoza amahugurwa y\u2019abasore n\u2019inkumi 497, bahugurirwaga mu mu Ishuri rya RCS Training school Rwamagana, ritangirwamo amahugurwa atandukanye, Minisitiri w\u2019umutekano mu Gihugu  Alfred Gasana yabwiye abari bitabiriye uwo muhango ko uburyo bwo kugorora bwahindutse abagororwa bigishwa imyuga itandukanye izabafasha basoje ibihano.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":13137,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":12,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-13136","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13136","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13136"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13136\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/13137"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13136"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13136"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13136"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}