{"id":12753,"date":"2023-10-16T15:48:00","date_gmt":"2023-10-16T13:48:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=12753"},"modified":"2023-10-16T19:44:13","modified_gmt":"2023-10-16T17:44:13","slug":"200-bagororerwa-mu-igororero-rya-rwamagana-bahawe-na-stecoma-usuzumabushobozi-ryubwubatsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=12753","title":{"rendered":"STECOMA yatanze isuzumabushobozi ry\u2019ubwubatsi ku bantu 200 bagororerwa mu\u00a0 Igororero rya Rwamagana"},"content":{"rendered":"\n<p>Ni isuzumabushobozi ryatanzwe na bamwe mu bagize urugaga rw\u2019abubatsi mu Rwanda STECOMA, mu rwego rwo kureba ko ibyo bize bari mu Igororero babizi neza, abazaritsinda bakazahabwa impamyabushobozi izabafasha kubona akazi basoje ibihano by\u2019ibyaha bakoze ndetse urwo rugaga rukanabakorera ubuvugizi kubafite ibigo by\u2019ubwubatsi bikabaha akazi bigendeye ku mpamyabushobozi bazaba bafite kuko iba iri kurwego rw\u2019ikigo gishinzwe imyuga n\u2019ubumenyingiro RTB.<\/p>\n\n\n\n<p>Iryumugabe Narcise, wigiye umwuga w\u2019ubwubatsi mu Igororero, yavuze ko imamyabushobozi azahabwa izamufasha kubona akazi kuko izaba igaragaza ibyo azi kuko benshi usanga bakora uwo mwuga ntakibigaragaza.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize\u201d Izi mpamyabushobozi tuzabona zizadushimisha kuko benshi usanga bakora umwuga w\u2019ubwubatsi nta kibigaragaza bafite, ariko kuba tuzaba dufite ikibigaragaza bizaba ari byiza ndetse ibi bikaba binatuma umuntu ugukoresha akugirira icyizere.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Muvunnyi Omar aravuga ko mubyamushimishije ari ukuza gufungwa yagera mu Igororero agasanga hari amahirwe ko umuntu ashobora kuba yahigira umwuga uzamufasha kwiteza imbere asoje ibihano.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mubyukuri ntabwo niyumvishaga ko umuntu yakora icyaha akongera no kugira amahirwe yo kwiga umwuga ari mu Igororero, uyu mwuga nigiye hano uzamfasha kwiteza imbere ndetse nteze imbere umuryango wanjye n\u2019Igihugu nkaba nshimira Leta y\u2019u Rwanda idahwema kwita kubaturage bayo ntawe ivanguye.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Fikiri Epaphrodite, umuyobozi mukuru wungirije muri STECOMA ushinzwe amahugurwa n\u2019amasomo, yavuze ko mubyo bakora harimo ubuvugizi kubakozi bakora mu mwuga w\u2019ubwubatsi, amahugurwa ndetse n\u2019isuzumabushobozi ku bize uwo mwuga, abasoje amahugurwa bagatsinda bagahabwa impamyabushobozi abatsinzwe bagahabwa andi mahugurwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mubyo dukora harimo ubuvugizi kubakozi bize umwuga w\u2019ubwubatsi, tukabahuza n\u2019ibigo bifite imirimo yo kubaka, bakaba babona akazi kuko baba barakorewe isuzumabushobozi, babifitiye n\u2019impamyabushobozi kuko ntawe uyihabwa atarabanje hukorerwa isuzuma, ikindi kuri aba bantu bari mu magaororero nyuma yo gusoza ibihano byabo habaho kubahuza n\u2019abafite imirimo y\u2019ubwubatsi bikabafasha kubona akazi muburyo bworoshye ndetse n\u2019impamyabushobozi bahabwa ziba ziri kurwego rwa RTB.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>SP Janet Bugingo, umuyobozi ushinzwe Diviziyo y\u2019imibereho myiza no Kugorora muri RCS, wari uhagarariye Komiseri mukuru wa RCS, yavuze ko kwigisha abari mu magororero imyuga itandukanye biri muri gahunda yo kugorora.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d kwigisha imyuga n\u2019ubumenyingiro abari mumagororero, ni imwe muri gahunda zitandukanye zigamije kubongerera ubumenyi, dubufatanye na minisiteri y\u2019uburezi , kugirango mugihe bazaba barangije igihano basubiye mubuzima busanzwe bizamufashe kuziteza imbere akanateza imbere n\u2019umuryango we kandi bikanamurinda insubiracyaha kuko azaba afite ikintu cyo gukora, ibi rero bikaba biri muburyo bwiza bwo kugorora uwakoze icyaha.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Mu magororero hashyizwe imbaraga mukwigisha abayarimo imyuga itandukanye, abayisoje bagahabwa impamyabushobozi ya RTB, ubwo bumenyi bahawe bukazabasha kwiteza imbere nyuma yogusoza ibihano.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"679\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.7JPG-1024x679.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-12755\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.7JPG-1024x679.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.7JPG-300x199.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.7JPG-768x509.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.7JPG-1536x1019.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.7JPG-2048x1358.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Abagororwa bagera kuri 200 bari gukora isuzumabushobozi kubwubatsi bize bari mu Igororero.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"630\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.6-1024x630.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-12756\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.6-1024x630.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.6-300x185.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.6-768x472.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.6-1536x945.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.6-2048x1260.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Abazatsinda icyo kizamini bazahabwa impamyabushobozi iri kurwego rwa RTB nkizindi zose zitangwa kubize amasomo y&#8217;imyuga n&#8217;ubumenyingiro.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"679\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.2JPG-1-1024x679.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-12757\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.2JPG-1-1024x679.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.2JPG-1-300x199.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.2JPG-1-768x509.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.2JPG-1-1536x1019.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/10\/STECOMA.2JPG-1-2048x1358.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Ni isuzuma ry&#8217;ubumenyingiro ritangwa na STECOMA ikanakorera ubuvugizi abaze ubwubatsi<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, kubufatanye n\u2019urugaga rw\u2019abubatsi mu Rwanda  STECOMA, uyumunsi kuwa 16 Ukwakira 2023, ku Igororero rya Rwamagana hatanzwe  isuzumabushobozi ku bagororwa n\u2019Abantu bafunze bagera kuri 200, bize umwuga w\u2019ubwubatsi bari mu Igororero. <\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":12754,"comment_status":"closed","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":113,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-12753","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12753","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12753"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12753\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/12754"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12753"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12753"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12753"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}