{"id":12471,"date":"2023-08-20T18:20:32","date_gmt":"2023-08-20T16:20:32","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=12471"},"modified":"2023-08-21T12:09:40","modified_gmt":"2023-08-21T10:09:40","slug":"79-bagororerwa-mu-igororero-rya-muhanga-babarizwa-mu-idini-ya-angilikani-babatijwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=12471","title":{"rendered":"79 bagororerwa mu Igororero rya Muhanga, babarizwa mu idini ya Angilikani babatijwe"},"content":{"rendered":"<p>Umuhango wo kubatiza abayoboke b\u2019itororero Angilikani mu Rwanda wabereye ku Igororero rya Muhanga witabiriwe n\u2019abasengera muri iryo dini bagororerwa muri iryo Gororero nkuko bigenda kubakurikiranye inyigisho z\u2019idini runaka bakazisoza bikaba ngombwa ko hagira imihango bakorerwa niko byagenze kubayoboke biri torero bakurikiranye inyigisho z\u2019umubatizo bakaba bari bagejeje igihe cyo kubatizwa.<\/p>\n<p>Bamwe mubabatijwe bishimiye intambwe bateye mu rugendo rw\u2019agakiza bavuga ko badateze gusubira inyuma, kuko hari byinshi bungukiye muri uru rugendo kandi banavuga ko bazakomeza kuganiriza ibandi ibyiza byo gukiza kuko bitanga amahoro iyo waretse inzira mbi wagenderagamo akayoboka inziza.<\/p>\n<p>Hakizimana\u00a0 Fabrice yagize ati\u201d nishimiye antambwe nateye mu rugendo rwo gukizwa, tumaze iminsi dukurikirana inyigisho z\u2019umubatizo twigishwa n\u2019abayobozi bacu, ariko muri icyo gihe tumaze ndababwiza ukuri ko hari byinshi nungukiyemo, ariko ikiruta ibindi nuko namenye ko gukizwa bitanga amahoro.\u201d<\/p>\n<p>Nsenguwera Jonathan\u00a0 nawe yavuze ko urugendo rwo gukizwa ari inzira nziza yo kugendera mumucyo ukazinukwa ikibi.<\/p>\n<p>Yagize ati\u201d urugendo rwo gukizwa ni inzira nziza yo kugendera kure ikibi ahubwo ugashishikazwa no gukora ibyiza, kuko mu gihe maze niga inyigisho z\u2019umubatizo zamfashije gusobanukirwa byinshi bitanga umunezero iyo umaze kumenya Imana ukagera ikirenge mucya Kristo.\u201d<\/p>\n<p>Ababatije abari basoje inyigisho ni pasiteri Ugirimbabazi Elie na pasiteri Runezerwa nelson bakorera umuryango Prison Fellowship murwego rwo kurushaho kuzamura imyemerere mumagororero.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-12473\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-2-300x135.jpeg\" alt=\"\" width=\"931\" height=\"419\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-2-300x135.jpeg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-2-1024x461.jpeg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-2-768x346.jpeg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-2.jpeg 1080w\" sizes=\"(max-width: 931px) 100vw, 931px\" \/><\/p>\n<p>Ni umuhango witabiriwe n&#8217;abayoboke b&#8217;idini rya Angilikani babarizwa mu Igororero rya Muhanga.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-12474\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-3-300x135.jpeg\" alt=\"\" width=\"931\" height=\"419\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-3-300x135.jpeg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-3-1024x461.jpeg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-3-768x346.jpeg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/muhanga-3.jpeg 1080w\" sizes=\"(max-width: 931px) 100vw, 931px\" \/><\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;umubatizo habayeho umwanya wo kubabwira ubutumwa bwiza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Itorero Angilikani mu Rwanda kubufatanye n\u2019umuryango Prison Fellowship, Kuwa 20 kanama 2023 ryabatije abayoboke baryo bagera kuri 79, bari bamaze iminsi bakurikirana inyigisho z\u2019umubatizo muri iryo dini.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":12478,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":17,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-12471","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12471","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12471"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12471\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/12478"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12471"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12471"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12471"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}