{"id":12332,"date":"2023-07-17T13:35:05","date_gmt":"2023-07-17T11:35:05","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=12332"},"modified":"2023-07-19T14:48:53","modified_gmt":"2023-07-19T12:48:53","slug":"mu-magororero-yose-hatangijwe-inyigisho-zigororamuco-zigamije-gutegura-abagororwa-gusubira-mu-buzima-busanzwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=12332","title":{"rendered":"Mu magororero yose hatangijwe inyigisho z\u2019Igororamuco zigamije gutegura Abagororwa gusubira mu buzima busanzwe"},"content":{"rendered":"<p>Kugira ngo hatekerezwe ubu buryo byaturutse ku bibazo byagiye bigaragara, aho wasangaga uwakoze icyaha asoza ibihano yasubira mu sosiyete nyarwanda bikamugora kubana nabo asanze, ugasanga bimugizeho izindi ngaruka zirimo kwiheba, kwigunga, kwitakariza icyizere cy\u2019ejo hazaza ndetse bamwe bikanatuma bongera no kugwa mu byaha bakisanga bongeye kugaruka mu Igororero nta gihe kinini bamaze basoje ibihano barasubiye mu buzima busanzwe.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego RCS, yateguye integanyanyigisho y\u2019igororamuco, igamije gutegura usigaje igihe gito ngo asoze ibihano asubire mu buzima busanzwe, yigishwe\u00a0 inyigisho zitandukanye zizamufasha kwisanga muri sosiyete azaba asanze yumva nta kintu gishya\u00a0 agiye guhura nacyo kidasanzwe, aho abazajya bahabwa izo nyigisho bazigishwa kwihangira imirimo, kubana neza nabo basanze, kwigirira icyizere, kubahiriza gahunda za Leta, ubureremboneragihugu, ndetse no kwigishwa imyuga itandukanye izabagirira akamaro biteza imbere bakanateza imbere imiryango yabo ndetse n\u2019igihugu muri rusange.<\/p>\n<p>Gahunda ya Leta ni ukugorora uwakoze icyaha bitandukanye no mubihe byo hambere aho uwakoze icyaha yafungwaga agakora igihano cy\u2019icyaha yakoze yasoza ibihano akarekurwa ntakumutegura bibayeho, aribyo byanatumaga habaho insubiracyaha nyinshi.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-12333\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/carriculum-300x135.jpeg\" alt=\"\" width=\"984\" height=\"443\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/carriculum-300x135.jpeg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/carriculum-1024x461.jpeg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/carriculum-768x346.jpeg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/carriculum.jpeg 1040w\" sizes=\"(max-width: 984px) 100vw, 984px\" \/><\/p>\n<p>umuyobozi w&#8217;Igororero rya Huye, SP Innocent Ngirikiringo atangiza umahugurwa ajyanye n&#8217;Igororamuco ategura ababura igihe gito bagasoza ibihano.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-12335\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/curriculum-2-300x135.jpeg\" alt=\"\" width=\"978\" height=\"440\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/curriculum-2-300x135.jpeg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/curriculum-2-1024x461.jpeg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/curriculum-2-768x346.jpeg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/curriculum-2.jpeg 1280w\" sizes=\"(max-width: 978px) 100vw, 978px\" \/><\/p>\n<p>Aha ni ku Igororero rya Rusizi igihe hatangizwaga amahugurwa ategura abasigaje igihe gito ngo basure mubuzima busanzwe.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-12336\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/ngoma-2-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"983\" height=\"554\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/ngoma-2-300x169.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/ngoma-2-768x432.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/07\/ngoma-2.jpg 800w\" sizes=\"(max-width: 983px) 100vw, 983px\" \/><\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;Igororero rya Ngoma SP Fatuma Mutesi atangiza amahugurwa y&#8217;Igororamuco.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Guhugura abari mu magororero ku bijyanye na gahunda z\u2019igororamuco, ni uburyo bwiza bwo gutegura mumutwe abantu baba bari hafi gusoza ibihano ngo basubire mubuzima busanzwe, bikaba biri mu nteganyanyigisho yateguwe na RCS, mu rwego rwo gufasha abagiye gusoza ibihano bagasubira muri sosiyete nyarwanda.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":12334,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":14,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-12332","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12332","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12332"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12332\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/12334"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12332"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12332"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12332"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}