{"id":12213,"date":"2023-07-05T16:25:02","date_gmt":"2023-07-05T14:25:02","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=12213"},"modified":"2023-07-05T16:25:02","modified_gmt":"2023-07-05T14:25:02","slug":"abari-mu-magororero-yose-yo-mu-rwanda-bizihije-imyaka-29-ishize-u-rwanda-rwibohoye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=12213","title":{"rendered":"Abari mu magororero yose yo mu Rwanda bizihije imyaka 29 ishize U Rwanda rwibohoye"},"content":{"rendered":"<p>Uyu munsi ngarukamwaka wo kwibohora waranzwe n\u2019imyiyereko n\u2019ibiganiro ku mateka n\u2019ubutwari bwo kubohora U Rwanda, imbyino n\u2019indirimbo bibumbatiye ubutumwa n\u2019ibisingizo by\u2019abagize uruhare mu kubohora u Rwanda.<br \/>\nAbaganirije abagororwa n\u2019abantu bafunze ndetse n&#8217;abakozi Bumwuga b\u2019urwego, bagiye bagaruka ku nshingano ya buri wese mu rwego rwo gukomeza gusigasira ibyagezweho nyuma yo kubohora Igihugu, banasaba ko Ugorora akwiye gukomeza gukora kinyamwuga hanyuma kandi Abagororwa n\u2019abantu bafunze ko bakwiye kugororoka kuko ikigamijwe ari ukugira Igihugu cyiza gifite iterambere, gifite abaturage beza kandi bibohoye kugeza no ku cyaha n\u2019igisa nacyo.<\/p>\n<p>Muri ibi birori kandi hashimiwe ababohoye Igihugu hanibutswa ko Umunyarwanda wese akwiye kwirinda  amacakubiri no kwishora mu byaha kuko ibyo biri mu bidindiza iterambere ry&#8217;Igihugu  kandi ko ibyo u Rwanda rumaze kugeraho rubikesha imiyoborere myiza.<\/p>\n<p>Baganirizwa, abantu bafunzwe n\u2019abagororwa bibukijwe ko nta ntambara y\u2019amasasu igihari ahubwo ikigezweho ari ukwibohora mu kurwanya ubukene, maze banasabwa gukumira icyaha cyaricyo cyose cyatuma igihugu cyacu gisubira inyuma ahubwo ko buri wese asabwa guharanira icyatuma u Rwanda rukomeza kuba ku isonga mu kugera ku iterambere rirambye<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuwa 04 Nyakanga Buri mwaka mu Rwanda hose hizihizwa umunsi wo kwibohora, mu Urwego rw\u2019 U Rwanda rushinzwe igorora,<br \/>\nuyu munsi wizihirijwe Ku magororero yose mu nsanganyamatsiko igira iti &#8220;KWIBOHORA ISOKO YO KWIGIRA&#8221;, aho abakozi ba RCS, abagororwa n\u2019abantu bafunze bawizihirije hamwe mu biganiro bitandukanye bigaruka ku kwibohora kw&#8217;Abanyarwanda.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":12225,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":8,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-12213","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12213","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12213"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12213\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/12225"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12213"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12213"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12213"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}