{"id":11407,"date":"2023-05-12T16:38:00","date_gmt":"2023-05-12T14:38:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=11407"},"modified":"2023-05-16T04:49:46","modified_gmt":"2023-05-16T02:49:46","slug":"umushinga-one-sight-rwanda-uri-gutanga-ubuvuzi-bwamaso-mu-igororero-rya-muhanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=11407","title":{"rendered":"Umushinga one sight Rwanda uri gutanga ubuvuzi bw\u2019amaso mu Igororero rya Muhanga"},"content":{"rendered":"\n<p>Ni igikorwa cy\u2019ubugiraneza kiri gukorwa n\u2019umushinga utegamiye kuri Leta One Sight Rwanda, mu rwego rwo gufasha abanyantege cyangwa abadafite ubushobozi bwo kuba babona indorerwamo no kuba babona ubuvuzi muburyo bworoshye, ubu bufasha bukaba bwaratangiriye ku bantu bari mu magororero n\u2019abari mu nkambi ziri mu gihugu ariko bukazanakomereza no mu baturage batishoboye nabo bakabona ubwo bufasha.<\/p>\n\n\n\n<p>Nkundabakize Emile umwe mu bagororwa bagororerwa ku Igororero rya Muhanga aravuga ko indererwamo z\u2019amaso ahawe zizamufasha kujya abashya kugira imirimo yikorera.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201dNdishimye cyane kubwo guhabwa indorerwamo z\u2019amaso, ndumva bindenze kuko zizamfasha kujya nkora imirimo imwe n\u2019imwe ntari nkibasha kwikorera, nko guca inzara sinari nkibishoboye, kuba nagira icyo nsoma ntibyari bigikunda ariko ubu nzajya mbikora nta mbogamizi, ndashimira abaterankunga badutekerejeho bakaduha izi ndorerwamo.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Bizimana Eduard nawe aravuga ko ibi ari ubuntu bugeretse ku bundi kubona indorerwamo kuko kuzibona biba bihenze kandi bamwe nta n\u2019ubushobozi tuba dufite.<\/p>\n\n\n\n<p>Aragira ati\u201d Ndashima leta y\u2019u Rwanda yita kubaturage bayo kuko benshi ntabwo twari kubona ubushobozi bwo kwishyura izi ndorerwamo ariko twazihawe kubuntu, benshi nta bushobozi tuba dufite bwo kuba twakwigurira indorerwamo kandi ndashimira n\u2019abaterankunga badutekerejeho Imana ibahe umugisha.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Daniel Uwikunda umuganga w\u2019amaso mu bitaro bya Kabyayi aravuga ko bafatanya n\u2019umuryango One sight Rwanda mu gutanga ubufasha mu buvuzi bw\u2019amaso.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Ubu bufasha bw\u2019ubuvuzi bw\u2019amaso buri gutangwa ku bagororwa, burigutangwa kubufatanye n\u2019umushinga One sight Rwanda, aho ku bufatanye n\u2019ibitaro bya Kabyayi aho tubafasha kureba abafite ikibazo cy\u2019amaso abaterankunga nabo bagatanga indorerwamo kubo bigaragaye ko bafite ikibazo cy\u2019amaso.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Ingabire Moreen, umuhuzabikorwa mu mushinga One sight Rwanda, uri gutanga ubufasha bw\u2019indorerwamo, aravuga ko ubu bufasha buri guhabwa abari mu magororero ndetse n\u2019abari mu nkambi zitandukanye mu gihugu.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d One sight Rwanda ni umushinga utegamiye kuri Leta, aho utanga ubufasha bwo gutanga indorerwamo ku bantu badafite ubushobozi bwo kuzibonera, aho ubu bahereye ku bantu bari mu nkambi n\u2019abari mu magororero kuko aho hantu uhasanga abantu benshi baba bakeneye ubwo bufasha cyane ko baba ari abanyantegenke gusa dufite na gahunda yo kuzakurikizaho n\u2019abaturage badafite ubushobozi bwo kuba bakwiyishurira indorerwamo nabo tuzibahe.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu mushinga utanga indorerwamo ku bantu badafite ubushobozi bwo kuba baziyishyurira, bakazihabwa nta kiguzi batswe mu rwego rwo kubafasha kuko byari bimaze kugaragara ko abantu benshi bari bafite ibibazo by\u2019amaso ariko nta bushobozi bafite bwo kubona indorerwamo ndetse ubu bufasha bukazatangwa ku magororero yose.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"869\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/hello-1024x869.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-11411\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/hello-1024x869.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/hello-300x255.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/hello-768x652.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/hello-1536x1303.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/hello-2048x1738.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ubufasha bwo gutanga indorerwamo z&#8217;amaso buzagera ku magororero yose mu gihugu.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"682\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/kkkkk-1024x682.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-11412\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/kkkkk-1024x682.jpeg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/kkkkk-300x200.jpeg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/kkkkk-768x512.jpeg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/kkkkk-1536x1023.jpeg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/kkkkk.jpeg 1600w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Abaganga b&#8217;amaso b&#8217;Ibitaro bya Kabgayi bafatanya n&#8217;umushinga One Sight Rwanda batanga umusanzu wabo mu gupima ufite ikibazo cy&#8217;amaso.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/096A0957-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-11413\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/096A0957-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/096A0957-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/096A0957-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/096A0957-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/096A0957-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Bafite ibikoresho bihagije bibafasha kumenya ufite ikibazo cy&#8217;amaso agahabwa indorerwamo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Igororero rya Muhanga hari gutangwa ubufasha bw\u2019amaso aho umugororwa bari gusanga hari ikibazo cy\u2019amaso afite, ari guhabwa indorerwamo z\u2019amaso nta kiguzi cyayo yatswe cyangwa ngo leta igire icyo itanga kuri izo ndorerwamo.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":11408,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":27,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-11407","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11407","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11407"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11407\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/11408"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11407"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11407"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11407"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}