{"id":10773,"date":"2023-04-13T17:03:37","date_gmt":"2023-04-13T15:03:37","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=10773"},"modified":"2023-04-14T15:24:47","modified_gmt":"2023-04-14T13:24:47","slug":"abari-mu-magororero-barashima-leta-yubumwe-yimakaje-gahunda-ya-ndi-umunyarwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=10773","title":{"rendered":"Mu magororero yose abarimo barashima Leta y\u2019ubumwe yimakaje gahunda ya Ndi Umunyarwanda"},"content":{"rendered":"\n<p>Iyo uganiriye na bamwe mu bagororerwa bakubwira ko, batarahagera mu Igororero batiyumvishaga uburyo wabana n\u2019umuntu wakoze icyaha cya Jenoside warayirokotse, bakumva ko haba hari ibice bibiri bitandukanye bibatandukanya, ariko bagezemo basanze abantu bose bafatwa kimwe ndetse bose bahabwa agaciro Kangana, batitaye ku cyaha wakoze, ahubwo ugahabwa agaciro nk\u2019umunyarwanda wese mu rwego rwo kwirinda ivangura kuko ntakiza cyaryo, byose bigaturuka mu nyigisho zitandukanye ubuyobozi bw\u2019Urwego rw\u2019u Rwanda rushinzwe Igorora bugenera abari mu magororero zigahabwa umuntu wese ufunzwe, ahanini zikubiyemo uburere mbonera gihugu, nka gahunda ya Ndi Umunyarwanda n\u2019izindi zizabagirira akamaro mubuzima bwabo bwose na nyuma yo gusoza ibihano byabo.<\/p>\n\n\n\n<p>Nyirandegeya Mwamini Esperence ni umwe mu bakoze icyaha cya Jenoside ndetse akaba yemera n\u2019uruhare rwibyo yakoze, aravuga ko bitari byoroshye kubana nuwo wahemukiye.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Ntibyari byoroshye kubana n\u2019abantu wahemukiye, hari igihe hazaga umuntu wakoze icyaha aturutse mu muryango wahemukiye, ariko uko twagendaga tuganira ndetse n\u2019ibiganiro bitandukanye twahabwaga, twagiye twisanzuranaho tugenda duhinduka, ubu tubanye neza ntakibazo ariko cyane bituruka kuri Leta yacu iha agaciro abantu bose nkaho yimakaje gahunda ya Ndi Umunyarwanda, buri wese agahabwa agaciro kamwe n\u2019undi.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Mazimpaka Olive umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aravuga ko bitari byoroshye kubana n\u2019umuntu wakwiciye, ariko uko iminsi yagiye yicuma bakagenda bisanzuranaho.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Byari bigoye kubana n\u2019uwakwiciye ariko uko iminsi yagiye yicuma biturutse mu biganiro bitandukanye twagiye tubohoka, kuko bageze aho ugasanga nabo baricuza ku byaha bakoze, bakubwira ko nabo iyo basubije amaso inyuma bibaza imbaraga zo kwica mugenzi wawe zaturukaga, kubera imiyoborere yariho icyo gihe, ibyo bigatuma asaba imbabazi uwo yahemukiye mukabana amahoro ntakwishishanya kandi ubona ko hari umusaruro byatanze.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Nzaramba steven aravuga ko Igihugu cy\u2019u Rwanda gifite ubudasa kuko himakajwe gahunda ya Ndi Umunyarwanda aribyo bifasha buri wese uri mu Igororero kwiyumva muri mugenzi we.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Ndababwira ukuri ko Igihugu cyacu gifite ubudasa cyane binyuze muri gahunda ya Ndi umunyarwanda, iyi Gahunda yafashije abantu bari mu magororero kwiyumvanamo nta vangura, buri wese ahabwa agaciro Kangana na ka mugenzi we ndetse n\u2019ibibagenerwa biba ari bimwe mu rwego rwo kwirinda icyazana amacakubiri, ariko ibi bigaturuka ku buyobozi bwiza bw\u2019igihugu cyacu.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Bisengimana Elyse nawe aravuga ko imibanire y\u2019abantu bari mu magororero ari nta makemwa nkuko abandi Banyarwanda bose babanye ndetse byakarusho nko muri ibi bihe byo kwibuka usanga buri wese yabigize ibye.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mu Igororero usangamo ingeri zose, abakoze Jenoside, abayirokotse, abayihagaritse ndetse n\u2019abavutse nyuma yayo, ariko mubyukuri uburyo bw\u2019imibanire usanga ari ntamakemwa, ibi bituruka ku biganiro bitandukanye duhabwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019Igororero, inyigisho z\u2019imiryango itandukanye harimo nka Prison Fellowship, Mvura nkuvure, ndetse n\u2019inyigisho zitandukanye z\u2019amadini n\u2019amatorero zifasha mu isanamitima, bikajyana nuko Leta y\u2019u Rwanda iha agaciro buri wese, tunayishimira uko itwitaho gahunda zigenerwa abandi Banyarwanda natwe itatwibagirwa.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Ushinzwe uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu ku Igororero rya Nyarugenge, SP Nicole Umwari Murekatete aravuga ko buri mugororwa afite agaciro nk\u2019ak\u2019undi.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Mu Igororero ntamuntu uruta undi bose bafatwa kimwe, iyo uje gukora igihano cy\u2019icyaha wakoze, bose tubafata kimwe mu rwego rwo kwirinda icyatera umwuka mubi hagati yabo, kandi ubona ko bituma abantu bose bumva ko ntawe usumba undi, urugero nko muri iki gihe cyo kwibuka usanga buriwese yisangamo bakitabira ibiganiro ntagahato kandi ubona ko bituruka muri uko kubaha agakiro kamwe ntavangura.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Icyumweru cyo kwibuka Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, nkuko abandi Banyarwanda bose bagiha agaciro n\u2019abari mu magororero niko biba bimeze gahunda zo kwibuka zikurikizwa uko ziba ziteguye hagendewe ku mabwiriza aba yatanzwe mu gihu hose.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-2-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10777\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-2-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-2-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-2-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-2-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-2-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Aba ni abari bitabiriye Umuhango wo gusoza icyumweru cyo kwibuka mu Igororero rya Nyarugenge.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"684\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abakozi-1024x684.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10778\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abakozi-1024x684.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abakozi-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abakozi-768x513.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abakozi-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abakozi-2048x1367.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Abakozi b&#8217;Umwuga  b&#8217;Urwego b&#8217;Igororero rya Nyarugenge nabo bitabiriye uyu muhango wo gusoza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-3-1-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10779\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-3-1-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-3-1-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-3-1-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-3-1-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/cf-nyar-3-1-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Nkuko bisanzwe habayeho gufata umunota wo kwibuka Inzirakarengane zazize uko zavutse zitagizemo uruhare.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"684\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/nyaru-1-1024x684.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10780\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/nyaru-1-1024x684.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/nyaru-1-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/nyaru-1-768x513.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/nyaru-1-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/nyaru-1-2048x1367.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Umuyobozi ushinzwe uburenganzira bw&#8217;ikiremwamuntu ku Igororero rya Nyarugenge, SP Nicole Umwari Murekatete yavuze ko mu Igororero abantu bafatwa kimwe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abagore-nyaru-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10781\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abagore-nyaru-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abagore-nyaru-300x200.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abagore-nyaru-768x512.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abagore-nyaru-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/Abagore-nyaru-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ab&#8217;igitsinagore nabo bari bitabiriye kuko iri gororero rifite igice cyahariwe kugororerwamo abagore.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"768\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-2-1024x768.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10822\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-2-1024x768.jpeg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-2-300x225.jpeg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-2-768x576.jpeg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-2.jpeg 1080w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ku Igororero rya Rwamagana nabo basoje icyumweru cyo kwibuka bafata umunota wo Kwibuka Inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"768\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-3.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10829\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-3.jpeg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-3-300x225.jpeg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/rwam-3-768x576.jpeg 768w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Abakozi b&#8217;urwego b&#8217;umwuga  b&#8217;Igororero rya Rwamagana bifatanyije n&#8217;Abagororwa mu gusoza icyumweru cy&#8217;icyunamo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu muhango wo gusoza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku Igororero rya Nyarugenge kuri uyu wa 13 Mata 2023, abahagororerwa baravuga ko bishimira uko Leta y\u2019ubumwe yimakaje gahunda ya Ndi Umunyarwanda iha agaciro abantu bose.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":10775,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":62,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-10773","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10773","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10773"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10773\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/10775"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10773"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10773"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10773"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}