{"id":10637,"date":"2023-03-29T15:48:00","date_gmt":"2023-03-29T13:48:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=10637"},"modified":"2023-03-30T15:56:30","modified_gmt":"2023-03-30T13:56:30","slug":"ku-igororero-rya-nyagatare-hakozwe-umuganda-kubufatanye-nabaturage-ninzego-zumutekano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=10637","title":{"rendered":"Ku Igororero rya Nyagatare hakozwe umuganda kubufatanye n\u2019abaturage n\u2019inzego z\u2019umutekano"},"content":{"rendered":"\n<p>Ni Umuganda witabiriwe n\u2019inzego zitandukanye harimo izibanze, iz\u2019umutekano n\u2019abaturage ndetse n\u2019abakozi b\u2019urwego b\u2019umwuga b\u2019Igororero rya Nyagatare, utangira saa saa 9h00 za mugitondo urangira saa 11h30 min, nyuma y\u2019umuganda habaho kuganiriza abawitabiriye ndetse bashimirwa ubwitange bwabo mu kwishakamo ibisubizo kuko ntakinanira abishize hamwe kandi byose tubifite mu bushobozi.<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Nyagatare Ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage Murekatete Juliet yavuze ko uwo muganda wari ukenewe kandi hazapangwa n\u2019undi rusange.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati\u201d Uyu muganda wari ukenewe kuko isuri yari imaze kuba nyinshi, tuzapanga undi rusange tuze twongere tugire ibindi dukora, amaboko ashyize hamwe ntacyayananira, ndashimira buriwese waje gutanga umusanzu we mu gukora uno muganda, twakoze igikorwa cyiza kandi muzakomeze mugaragaze umuhate wanyu mu gukunda igihugu kuko nacyo kibakorera byinshi kandi gihora gihangayikishijwe n\u2019umuturage wacyo.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Umuganda ni bumwe mu buryo abanyarwanda bihitiyemo mu kwishakamo ibisubizo, aho gutegereza ko igihugu aricyo gishoramo amafaranga kandi nabo hari ibyo bakabaye bikorera bahitamo guhuza amaboko bakagira ibyo bikorera.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"449\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda-1024x449.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10638\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda-1024x449.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda-300x132.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda-768x337.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda.jpg 1080w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ni umuganda witabiriwe n&#8217;inzego zitandukanye n&#8217;abaturage mu rwego rwo guhuza imbaraga.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img decoding=\"async\" width=\"965\" height=\"373\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda-1-1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10640\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda-1-1.jpg 965w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda-1-1-300x116.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/nyagatare-umuganda-1-1-768x297.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 965px) 100vw, 965px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Nyuma y&#8217;umuganda abawitabiriye bagnirijwe ndetse banashimirwa ubwitange bagize.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku gicamunsi cy\u2019ejo ku Igororero ry\u2019Abana rya Nyagatare habereye umuganda wakozwe hagamijwe gukumira isuri itera inkangu mu mbago z\u2019Igororero mu bihe by\u2019imvura, witabirwa na visi meya ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Murekatete Juliet, umuyobozi w\u2019Igororero wungirije SP Richard Cyubahiro bacukura imiringoti ifata amazi kugira ngo bagabanye imbaraga z\u2019amazi.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":10639,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":0,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-10637","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10637","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10637"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10637\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/10639"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10637"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10637"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10637"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}