{"id":10624,"date":"2023-03-29T18:15:00","date_gmt":"2023-03-29T16:15:00","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=10624"},"modified":"2023-03-30T08:19:32","modified_gmt":"2023-03-30T06:19:32","slug":"ku-igororero-rya-muhanga-itorero-ryabadivantisite-ryabatije-abagera-kuri-505-bahagororerwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=10624","title":{"rendered":"Ku Igororero rya Muhanga Itorero ry\u2019Abadivantisite ryabatije abagera kuri 505 bahagororerwa"},"content":{"rendered":"\n<p>Mu magororero buri wese aba afite uburenganzira bwo gusengera mu idini n\u2019itorero ashaka kuko no mubuzima busanzwe buriwese aba afite uburenganzira bwo gusengera mu idini ashaka, mu igororero haba harimo abayoboke batandukanye bitewe n\u2019imyemerere ya buri umwe iyo akoze icyaha aba afite amahitamo &nbsp;yo gukomeza gusengera aho yasengeraga mbere atarakora icyaha cyangwa se agahindura idini bijyanye nuko yakunze inyigisho zabo zikamuhindura akaba yaba umuyoboke wabo agakomezanya nabo.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuba amadini n\u2019amatorero bafata umwanya bakaza kuvuga ubutumwa mu magororero ni bumwe mu buryo bwo kugorora kuko ijambo ry\u2019Imana naryo riri mu bifasha mu nzira yo kugorora, hari abaza gufungwa barabaye imbata y\u2019icyaha ariko yagera mu Igororero yakurikirana inyigisho z\u2019amadini atandukanye zikamufasha guhinduka akazasoza ibihano by\u2019ibyaha yakoze yarabaye umuntu w\u2019intangarugero, aha niho amadini n\u2019amatorero afata iyambere akaza kuvuga ubutumwa mu magororero atandukanye mu rwego rwo gufasha abarimo kumva ubutumwa bwiza bw\u2019Imana ndetse n\u2019abafunzwe bafite aho basengera bakongera kumva inyigisho z\u2019amadini yabo.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu magororero atandukanye amadini n\u2019amatorero agira igihe agasaba uburenganzira akajya gutanga inyigisho zirimo ubutumwa bw\u2019ihumure zibafasha kwitekerezaho ku bituma bari aho hantu kandi byagiye bitanga umusaruro kuko hari benshi bagiye bakira agakiza bakemera gukizwa bagasaba n\u2019imbabazi abo bahemukiye cyane nk\u2019abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi \u00a0mu 1994, benshi bagiye bemera ibyo bakoze ndetse bemera no kujya kwerekana aho imwe mu mibiri yabo bishe bayijugunye banasaba imbabazi abo bahemukiye biturutse ku nyigisho z\u2019amadini n\u2019amatorero. Kugeza ubu mu Rwanda hari Amagororero 13, agororerwamo abantu bakoze ibyaha bitandukanye basengeraga mu madini n\u2019amatorero atandukanye aho buriwese afite uburenganzira bwo gusengera aho ashaka kuko buriwese aba afite ayo mahimo ari nayo mpamvu y\u2019umubatizo wabaye uyumunsi.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"576\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-7-1024x576.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10626\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-7-1024x576.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-7-300x169.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-7-768x432.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-7-1536x865.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-7-2048x1153.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Itorero ry&#8217;Abadivantisite b&#8217;umunsi wa karindwi ryatanze umubatizo ku bantu bafunzwe n&#8217;Abagororwa 505 ku Igororero rya Muhanga.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"576\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-5-1024x576.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10627\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-5-1024x576.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-5-300x169.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-5-768x432.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-5-1536x865.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-5-2048x1153.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ubwo bari mu muhango wo kubatiza abizera b&#8217;itorero ry&#8217;Abadiventiste.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"576\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-3-1024x576.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-10628\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-3-1024x576.jpg 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-3-300x169.jpg 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-3-768x432.jpg 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-3-1536x865.jpg 1536w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/muh-bapt-3-2048x1153.jpg 2048w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Mu Igororero buri wese yemerewe gusengera mu idini ashaka bijyanye n&#8217;imyemerere ye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Werurwe 2023, ku Igororero rya Muhanga habaye umubatizo wakozwe n\u2019idini ry\u2019Abadivantisite mu Rwanda, habatizwa abagera kuri 505, bagororerwa muri iryo gororero mu rwego rwo gukomeza gusakaza ubutumwa bwiza bw\u2019Imana no gufasha abafunzwe gukizwa no kubona inyigisho zibafasha kuzinukwa icyaha.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":10625,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":18,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-10624","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10624","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10624"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10624\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/10625"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10624"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10624"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10624"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}