{"id":10553,"date":"2023-03-24T08:31:42","date_gmt":"2023-03-24T06:31:42","guid":{"rendered":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=10553"},"modified":"2023-03-24T08:31:46","modified_gmt":"2023-03-24T06:31:46","slug":"itorerero-rya-adepr-ryakoze-ivugabutumwa-ku-igororero-rya-musanze-rinabatiza-bamwe-mu-bayoboke-baryo-bahagororerwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/rcs.gov.rw\/?p=10553","title":{"rendered":"Itorerero rya ADEPR \u00a0ryakoze ivugabutumwa ku Igororero rya Musanze rinabatiza bamwe mu bayoboke baryo bahagororerwa"},"content":{"rendered":"\n<p>Muri iryo vugabutumwa mbemburamitima riba rikenewe ku muntu uri mu Igororero, nubwo aba yarakoze icyaha ryabatirijwemo Abantu bafunzwe n\u2019Abagororwa bose hamwe 71, bigishwa kandi uburyo umukirisitu nyawe agomba kugira imyitwarire imutandukanya n\u2019abandi mu migenzereze ye ya buri munsi mu mibanire ye n\u2019abandi, aho agomba kurangwa no gusenga, kujya Inama, gukora ibikorwa by\u2019urukundo, gufashanya n\u2019abandi ikiruta ibindi byose akubaha abamuyobora kuko ubuyobozi buturuka ku Mana, uba utagetswe kubaha umuntu ukuyobora aho ava akagera.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu myemerere ubundi habaho ibikorwa bitandukanye bituma abayoboke biyumvamo ko abanyetorero bafite ubumuntu, aho bisabwa ko hagira ibikorwa by\u2019urukundo bikorwa kugirango bagaragaze kugiraneza kw\u2019Imana, ari nako ku Igororero rya Musanze Itorero rya ADEPR, ryatanze ibikoresho bitandukanye bizafasha Abantu bafunzwe n\u2019Abagororwa bahagororerwa dore ko iryo gororero ririmo n\u2019igice kigororerwamo abagore, hatangwa ibikoresho by\u2019isuku, nk\u2019amasabune, amavuta, ibikoresho byifashishwa n\u2019abagore mu gihe cy\u2019ukwezi, imyambaro y\u2019abagabo, abagore ndetse n\u2019imyenda y\u2019abana babana n\u2019ababyeyi babo batarageza igihe cyo gutandukanywa nabo hiyongeraho n\u2019ibiribwa aho batanze amata, isukari, ifu ya sosoma n\u2019ibisuguti.<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi w\u2019Igororero rya Musanze SP Innocent Ngirikiringo, yavuze ko ushize mu gaciro ibikoresho byatanzwe ku Bantu bafunzwe ku Igororero rya Musanze ibyatanzwe bifite agaciro gasaga miliyoni 8 ndetse ishimira iri torero ku musanzu waryo kuko ibikorwa nk\u2019ibi biri mu rwego rwo kugorora.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" width=\"563\" height=\"1000\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-5.png\" alt=\"\" class=\"wp-image-10555\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-5.png 563w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-5-169x300.png 169w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-5-300x533.png 300w\" sizes=\"(max-width: 563px) 100vw, 563px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Habaye umubatizo habatizwa abayoboke b&#8217;iryo torero 71.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"768\" src=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-pic-1-1024x768.png\" alt=\"\" class=\"wp-image-10556\" srcset=\"https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-pic-1-1024x768.png 1024w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-pic-1-300x225.png 300w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-pic-1-768x576.png 768w, https:\/\/rcs.gov.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/musanze-pic-1.png 1040w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption class=\"wp-element-caption\">Mu ivugabutumwa ryatanzwe ku bantu bafunzwe bigishijwe uburyo umukirisitu agomba gutandukana n&#8217;abandi mu myitwarire.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku gicamunsi cy\u2019ejo kuwa 23 Werurwe 2023, ku Igororero rya Musanze rigororerwamo abagabo n\u2019abagore, habaye igikorwa cy\u2019uvugabutumwa cyakozwe n\u2019itorero ADEPR\/Musanze paruwasi ya Ruhengeri ku bufatanye na ADEPR mu Rwanda, habaho n\u2019umuhango wo kubatiza bamwe mu bayoboke b\u2019iryo torero bagororerwa muri iryo gororero, hanatangwa bimwe mu bikoresho nkenerwa byifashishwa n\u2019abari mu Igororero harimo imyenda n\u2019ibikoresho by\u2019isuku.<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":10554,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"iawp_total_views":17,"footnotes":""},"categories":[9,8],"tags":[],"class_list":["post-10553","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-ya-rcs","category-slider"],"acf":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10553","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10553"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10553\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/10554"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10553"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10553"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/rcs.gov.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10553"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}