
Itorero Angilikani mu Rwanda ryahuje abagororwa n’abo bakoreye ibyaha bahabwa imbabazi
Ku wa Gatanu tariki ya 14 Gashyantare 2025, Itorero Angilikani mu Rwanda ku bufatanye n’Igorore rya Rusizi bafashije abagororwa bahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, babahuza n’abo bakoreye ibyaha maze babasaba imbabazi baranazihabwa.