Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwakatiye BYUMVUHORE Faladji mwene Uwizeye na BAVAGE cyo gufungwa umwaka umwe kubera ko yagerageje gutoroka ubwo yari yaje kuburana kurukiko rukuru Ikigali ariko birangira atawe muri yombi.
BYUMVUHORE Faladji yarasanzwe afungiye kuri Gereza ya Nyanza aho yarakurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba ariko kitaramuhama ngo agihanirwe.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.