Kuva tariki ya 19 ukuboza 2018 ntabwo gusura imfungwa n’abagororwa bo muri gereza ya Mageragere byemewe . Guhagarika iri sura byatewe n’indwara y’iseru yagaragaye muri iyi gereza hafatwa ingamba ko gusura biba bihagaritswe kugirango hirindwe ko iyi ndwara yakwirakwira mu bagana gereza.
Iyi ndwara yagaragaye ku bagororwa bagera kuri 50 bahita bajyanwa kuvuzwa mu bitaro, baravurwa kugeza ubu abagera kuri 20 nibo gusa bagikurikiranwa n’abaganga.
Ku bufatanye bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuvuzi abafashwe n’iyindwara bashyizwe ahantu hihariye kugirango bitabweho ndetse hirindwa ko iyi ndwara bayanduza bagenzibabo bafunganye murigereza ya Nyarugernge iri mu murnge wa Mageragere.
Kugirango hirindwe ko iyi ndwara yakwirakwira hanze ya gereza,hafashwe ingamba y’uko gusura abagororwa biba bihagaze by’igihe gito kugirango iyi ndwara y’iseru ibanze ivurwe.
Gereza ya Mageragere icumbikiye imfungwa n’Abagororwa basaga 8800 bose bakaba barimo gukingirwa iyi ndwara y’ise
Abadamu bafungiye kuri Gereza mageragere barimwo gukingi indwara y’Iseru
Abacungagereza ba Gereza ya Mageragere bakingiwe indwara y’Iseru
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.