Kimwe n’abandi bari baje muri siporo habayeho kugenda n’amaguru no kwiruka bazenguruka ibice bitandukanye mu Mujyi wa Kigali, nyuma bakora imyitozo yo kunanura imitsi no kugorora umubiri.
Nyuma ya siporo, abitabiriye bahawe ubutumwa bubibutsa kugira isuku ku mibiri yabo, mu ngo, aho bakorera n’ahandi hahurira abantu benshi, banashishikarizwa kuzitabira no gushyigikira imikino y’Igikombe cya Afurika cya Handball izabera mu Rwanda kuva tariki 21 kugeza 31 Mutarama 2026.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.