Aya mahugurwa yatangiye ku wa 23 Ukuboza 2025, yitabiririwe n’abagera kuri 500 basobarurwa uko bagomba kwirinda ibikorwa bihungabanya uburenganzira bwa muntu n’uburyo icuruzwa ry’abantu rikorwa, ingaruka rigira ku muntu n’igihugu, ndetse n’uruhare rwabo mu kurikumira no kurirwanya, binyuze mu kumenya amategeko, gutahura ibimenyetso no gutanga amakuru ku gihe.
Abateguye amahugurwa kandi batanze imfashanyigisho zo kwifashisha mu kurushaho kwihugura no guhugura abandi kugira ngo hatagira ucikanwa.
Aya mahugurwa ari mu murongo wa gahunda ya RCS na MINIJUST ugamije gukomeza kubaka ubushobozi bw’abakozi b’amagororero mu bijyanjye n’amategeko n’uburenganzira bwa muntu bigafasha kunoza inshingano zabo za buri munsi.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.