Umunyamabanga Mukuru wa EAR Rev. Pasiteri Saano Stephen wari umushyitsi mukuru yari kumwe na Bwana Kizito waje ahagarariye Minisiteri y’Ubutabera hamwe n’abuyobozi bw’Igororero ry’abana rya Nyagatare.
Muri ibyo birori, abana bahawe amafunguro y’ibyo kurya no kunywa bitandukanye banahabwa impano zirimo ingofero, Biscuit na bombo.
Banagejejweho ijambo ry’Imana n’Umwepisikopi wa Diyosezi ya Gahini, Bishop Gahima Manase aho yabifurije Noheri nziza, abasaba gukura isomo mu mahirwe bahabwa, bagaharanira guhinduka no kugororoka kugira ngo babe abantu bazima bazagirira akamaro umuryango Nyarwanda. Abana bagaragaje akanyamuneza banashimira urukundo bagaragarijwe bizeza ko bazakomeza gutsinda amasomo bahererwa mu Igororero ndetse bakanahindura imyitwarire mibi yose bagize ikabageza mu gukora ibyaha.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.