Igituntu ni indwara yica vuba ariko kandi ikaba yavurwa igakira iyo imenyekanye hakiri kare kuko imiti yayo iboneka ariko iyo ndwara ikaba yandura cyane ku hantu hari abantu benshi bitewe nuko yandura inyuze mu mwuka, yagera ahantu hari abantu benshi igakwirakwira cyane akaba ariyo mpamvu mu magororero hitabwaho cyane bitewe n’umubare munini uba urimo kugirango hirindwe ahantu hose ikintu cyose cyatwara ubuzima bw’abantu benshi.
Abamaze guhabwa ubuvuzi bwa x-Ray machine kugeza ubu ni 741nibo bamaze guhabwa ubu bufasha, aho biteganyijwe ko abagororwa bose bari muri iryo Gororero bazabubona kugira ngo barebe ababa baramaze gufatwa nabwo kandi abo basanze bafite ibibazo bahita bahabwa ubutabazi bwihuse bakitabwaho n’abaganga b’inzobere kuri ubwo burwayi kugira ngo iyo ndwara idakomeza gukwirakwira akaba yafata imbaga nyamwinshi.
Si ubwa mbere ibikorwa nk’ibi byo kuza gupima indwara y’igituntu ndetse n’izndi ndwara zirimo ibihaha mu magororero kubufatanye n’ibitaro bitandukanye ndetse n’ikigo gishinzwe ubuzima mu Rwanda RBC, hagamijwe gukumira indwara zitandukanye zatwara ubuzima bw’abanyarwanda.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.