Ibiganiro batanze byibanze cyanecyane ku bantu bafunze by’agateganyo ndetse n’abasigaje igihe gito ngo barangize ibihano bakatiwe n’inkiko.
Abagize iryo tsinda basobanuriye abantu bafunze n’abagororwa amategeko mu buryo burambuye, babashishikariza kwemera ibyaha byabo no gusaba imbabazi abo bahemukiye kugira ngo bakemure amakimbirane batabanje kwitabaza inkiko.
Abagize iri tsinda rya JRLOS/Nyamagabe banagaragaje akamaro k’ubuhuzan’ubwumvikane hagati y’uwakoze icyaha n’uwagikorewe basaba abagororwa kubyitabira kugira ngo biyunge n’abo bakoreye ibyaha. Basobanuye ko ibyo bigira inyungu nyinshi zirimo kwimakaza amahoro no kugarura icyizere hagati y’abaturage.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.