Aba bana batangiye ibizamini, harimo abahungu 16 ndetse n’umukobwa umwe. Bose uko ari 17 bari gukorana n’abandi bana ku Rwunge rw’amashuri rwa Nyagatare (GS Nyagatare).
Ishuri ry’Igororero ry’abana rya Nyagatare ryigisha rigendeye na ryo ku nteganyanyigisho isanzwe ya Leta. Bityo bituma umwana uje kugororwa akomeza amasomo ye kandi nk’uko buri mwaka bigaragara batsinda ku rwego rushimishije.
Mu ishuri ry’Igororero ry’abana rya Nyagatare harimo icyiciro cy’amashuri abanza (Primary school) ndetse n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’Level).
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora muri gahunda yarwo yo kugorora rwashyize imbere uburezi aho abagororwa bose mu byiciro barimo bigishwa kandi ku buntu. Ibi bikaba kimwe mu bifasha umugororwa kuzasubira mu muryango afite icyo azimarira kandi bikanamurinda kongera kwijandika mu byaha.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.