Hon Soline yagaragarijwe ishusho rusange y’uko Igororero rikora n’uburyo gahunda zo kugorora zishyirwa mu bikorwa maze afata umwanya wo kuganira n’abana bari muri iri igororero. Yabanje kubasobanurira inshingano z’Inteko Ishinga Amategeko abashishikariza kudacika intege ku ntego z’ubuzima bari bafite mbere yo gukora ibyaha.
Yongeye kubibutsa ko guhabwa ibihano atari urwango Igihugu kibafitiye ko ahubwo ari amahirwe yo kwikosora no kwiyubaka ndetse abasaba gukunda amasomo bagenewe, kuko ari bwo buryo bwiza bwo kugera ku ntego bahoranye.
Visi Perezida wa Sena yanashimangiye ko imyitwarire myiza, urukundo rw’igihugu, kwirinda, no guharanira ubumwe bw’Abanyarwanda ari inkingi zikomeye abana bagororwa bagomba kuvana mu Igororero.
Abana bahawe umwanya wo kubaza ibibazo, babanza kuvuga intego bafite mu buzima. Ibibazo byabo byasubijwe ndetse ibikeneye ubuvugizi, Hon. Nyirahabimana yabasezeranyije ko bizakurikiranwa.
Uyu munsi taliki 25 Nyakanga 2026, Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu Dr Vincent Biruta yosoje umwiherero…
Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2026, Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi yafunguye ku…
Mu rugendoshuri rwabaye kuri uyu wa 17 Nyakanga 2026, Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora…
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
This website uses cookies.